• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuyobozi ukomeye muri Leta ya Kigali yagize icyo avuga ku biganiro bigiye guhuza Kagame na Tshisekedi.

minebwenews by minebwenews
December 4, 2024
in Regional Politics
0
Umuyobozi ukomeye muri Leta ya Kigali yagize icyo avuga ku biganiro bigiye guhuza Kagame na Tshisekedi.
88
SHARES
2.2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi ukomeye muri Leta ya Kigali yagize icyo avuga ku biganiro bigiye guhuza Kagame na Tshisekedi.

You might also like

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Minisitiri w’ubabanye n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda, yemeje ko hateganyijwe ibiganiro bizahuza perezida w’iki gihugu, Paul Kagame na Félix Tshisekedi wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho yavuze ko bizabera i Luanda muri Angola.

Aya makuru nk’uko yagiye atangazwa kuva mu ntangiriro z’iki Cyumweru, ibiganiro bizahuza aba bakuru b’ibihugu byombi, u Rwanda na RDC bizaba ku itariki ya 15/12/2024.

Minisitiri Olivier Nduhungirehe yagiranye ikiganiro na kimwe mu bitangaza makuru bikorera mu Rwanda cya Igihe, acyemerera ko perezida w’u Rwanda n’uwa RDC biteganijwe ko bazahurira i Luanda mu biganiro bigamije amahoro.

Ni ibiganiro kandi byanemejwe na perezidansi ya Angola, aho iheruka gutangaza ko abaminisitiri b’ubabanye n’amahanga bamaze igihe bitabira ibiganiro by’i Luanda, na bo bazitabira ibi by’abakuru b’ibihugu.

Inama zo ku rwego rw’abaminisitiri, zimaze kuba, zibaye inshuro 6, ni mu gihe iheruka yabaye ku wa mbere w’icyumweru gishize, tariki ya 25/11/2024, yarangiye impande zombi zishyize umukono ku nyandiko y’umushinga uhuriweho wiswe CONOPS, ugamije kuzana amahoro mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iyi nyandiko yateguwe n’inzobere mu by’umutekano, ugaragaza uburyo umutwe wa FDLR uzarandurwa burundu, nk’uko byemejweho n’impande zombi.

Impande zombi kandi zemeranyije ko u Rwanda ruzakuraho ingamba z’ubwirinzi rwashyizeho, gusa u Rwanda rwagiye ruvuga kenshi ko rutazakuraho izo ngamba mu gihe RDC yaba itaratangira gushyira mu bikorwa umwanzuro wo kurwanya FDLR.

Nyuma y’ibi biganiro byemeranyijwemo iyi nyandiko, perezida João Lourenço wahawe inshingano z’ubuhuza n’umuryango wa Afrika yunze ubumwe, yahise agirana na perezida Paul Kagame ndetse na Félix Tshisekedi, ibiganiro byakozwe kuri telefone.

João Lourenço wa Angola ugiye kongera kuyobora ibiganiro bihuza perezida w’u Rwanda, Paul Kagame n’u wa RDC, Félix Tshisekedi, mu mezi make ashize uyu mwaka, yari yagiriye ingendo mu Rwanda no muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, aganira n’abagenzi be bombi muri buri gihugu.

Muri icyo gihe, Lourenço yaganiriye na Kagame ubwo yari yitabiriye umuhango w’irahira rye, bukeye bwaho, ahita yerekeza i Kinshasa; akiva muri ibi bihugu byombi, yavuze ko yashyikirije abakuru b’ibihugu byombi, “umushinga ufatika wazana amahoro arambye mu karere.”

Tags: KagameLuandaOlivier NduhungireheTshisekedi
Share35Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

Ubusesenguzi ku Bitekerezo bya Girinka Kabare ku Mibanire ya Perezida w’u Burundi n’Abanyamurenge Umusesenguzi w’Umunye-Congo wo mu bwoko bw’Abanyamulenge, William Girinka Kabare, mu kiganiro yagiranye na Minembwe Capital...

Read moreDetails

Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Cibitoke: Inama y’Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo

Cibitoke: Inama y'Igitaraganya yatumijwe n’Ubuyobozi mu gihe imirwano ikomeje gukaza umurego muri Kivu y’Amajyepfo Amakuru aturuka mu ntara ya Cibitoke mu Burundi aravuga ko Musitanteri w’iyi ntara, Najeneza...

Read moreDetails
Next Post
Umugore, niwe watsinze amatora yabayemo impaka muri Namibia.

Umugore, niwe watsinze amatora yabayemo impaka muri Namibia.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?