• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umuyobozi uri mu bavuga rikijana mu ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi, arashijwa kwica atemaguye, umwana w’u mukobwa w’imyaka 12.

minebwenews by minebwenews
May 18, 2024
in World News
0
Umuyobozi uri mu bavuga rikijana mu ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi, arashijwa kwica atemaguye, umwana w’u mukobwa w’imyaka 12.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bayobozi bavuga rikijana mu ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi, arashijwa kwica atemaguye, umwana w’u mukobwa w’imyaka 12.

You might also like

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Ni uwitwa Pastor Muhumure, ayoboye abarwanyi ba CND FDD bahoze kurugerero, niwe wishe atemaguye umwana w’u mukobwa witwa Kaneza Ange Noella, nk’uko iy’inkuru tuyikesha urubuga rwa Pacifique Nininahazwe, ukuriye Focode (Ishirahamwe ritabariza Abarundi bari mu kaga).

Avuga ko mu Cyumweru gishize ko aribwo muri Komine Nyamurenza hatoraguwe umurambo w’uyu mwana w’u mukobwa, ko kandi umurambo we wari ucyagaguyemo ingingo z’u mubiri.

Nk’uko iyi nkuru ibisobanuro n’uko buri gice cy’u mubiri cyari ukwacyo, ugutwi, amabere ndetse n’amaguru ukwayo.

Inkuru ikomeza ivuga ko hari hashize iminsi irenga i Cyumweru, ababyeyi b’uyu mwana w’u mukobwa baramubuze.

Uru rubuga runatangaza ko iyi nkuru ruyikesha abaturage bo muri ibyo bice byiciwemo uwo mwana.

Hari n’ubuhanya uru rubuga rwatanze buvuga ko rwa buhawe n’abo baturage baturiye Komine Nyamurenza. Ubu buhamya buvuga ko hari umusore waje ku rugo rwa ba Ange Noella wishwe, abwira ababyeyi be ko ariwe wagiye kujugunya umurambo w’uyu mwana w’u mukobwa kandi avuga ko uyu murambo yawuhawe na Pastor Muhumure, amusaba kuja ku wuta mu ishyamba agerekaho n’amafaranga kugira ngo atazaja kumena ibanga ry’uwishe Kaneza.

Ubuhamya bukomeza buvuga ko uwo musore watanze ubwo buhamya yababajwe cyane n’uko Muhumure yari mu bantu bagiye guhumuriza ababyeyi ba Keneza.

Nyuma y’ubwo buhamya abashinzwe umutekano mu Gihugu cy’u Burundi bataye muri yombi Pastor Muhumure, baza no kumufungira muri Casho nto iherereye i Ngozi. Gusa abaturage bo muri Komine Nyamurenza bavuga ko batizeye neza ko Pastor Muhumure azahanwa by’intangarugero, kuko asanzwe ari nkora mutima mu ishyaka riri ku butegetsi muri iki gihugu, ko kandi yari asanzwe akora amabi ariko ntabiryozwe.

Uyu Pastor Muhumure avuka muri Komine Nyamurenza, mu Ntara ya Ngozi. Kuri ubu niwe ukuriye abahoze ari abarwanyi muri CND FDD (Démobilisé).

Mu busanzwe yarazwi nk’u musenzi (umunyamasengesho), kandi asanzwe anasengera mu itorero rya Pentekoti, nubwo ibimuvugwaho biteye ubwoba.

               MCN.
Tags: Amutemaguye ibicePastor MuhumureYishe umwana w'u mukobwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n’u Burusiya

Amerika yavuze impamvu yifuza kuganira n'u Burusiya Umunyamabanga mukuru wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika ushinzwe ububanyi n'amahanga, Marco Rubio, yatangaje ko igihugu cye cyifuza guhura n'u Burusiya, ibihugu...

Read moreDetails

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho

Abagirira ingendo muri Kenya basabwe kwirinda bimwe mu binyobwa byaho Abakunze gukorera ingendo mu gihugu cya Kenya, basabwe kwirinda kunywa inzoga zaho kuko ngo harizashizwemo uburozi. Bikubiye mu...

Read moreDetails

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Uwahoze ari perezida w'u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w'u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu. Kuri uyu wa...

Read moreDetails

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Kenya yashinje amahanga kudaha Abanyafrika agaciro.

Umukuru w'igihugu cya Repubulika ya Kenya yashinje amahanga kudaha Abanyafrika agaciro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?