• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umuyobozi uri mu bavuga rikijana mu ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi, arashijwa kwica atemaguye, umwana w’u mukobwa w’imyaka 12.

minebwenews by minebwenews
May 18, 2024
in World News
0
Umuyobozi uri mu bavuga rikijana mu ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi, arashijwa kwica atemaguye, umwana w’u mukobwa w’imyaka 12.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bayobozi bavuga rikijana mu ishyaka riri ku butegetsi mu gihugu cy’u Burundi, arashijwa kwica atemaguye, umwana w’u mukobwa w’imyaka 12.

You might also like

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

Ni uwitwa Pastor Muhumure, ayoboye abarwanyi ba CND FDD bahoze kurugerero, niwe wishe atemaguye umwana w’u mukobwa witwa Kaneza Ange Noella, nk’uko iy’inkuru tuyikesha urubuga rwa Pacifique Nininahazwe, ukuriye Focode (Ishirahamwe ritabariza Abarundi bari mu kaga).

Avuga ko mu Cyumweru gishize ko aribwo muri Komine Nyamurenza hatoraguwe umurambo w’uyu mwana w’u mukobwa, ko kandi umurambo we wari ucyagaguyemo ingingo z’u mubiri.

Nk’uko iyi nkuru ibisobanuro n’uko buri gice cy’u mubiri cyari ukwacyo, ugutwi, amabere ndetse n’amaguru ukwayo.

Inkuru ikomeza ivuga ko hari hashize iminsi irenga i Cyumweru, ababyeyi b’uyu mwana w’u mukobwa baramubuze.

Uru rubuga runatangaza ko iyi nkuru ruyikesha abaturage bo muri ibyo bice byiciwemo uwo mwana.

Hari n’ubuhanya uru rubuga rwatanze buvuga ko rwa buhawe n’abo baturage baturiye Komine Nyamurenza. Ubu buhamya buvuga ko hari umusore waje ku rugo rwa ba Ange Noella wishwe, abwira ababyeyi be ko ariwe wagiye kujugunya umurambo w’uyu mwana w’u mukobwa kandi avuga ko uyu murambo yawuhawe na Pastor Muhumure, amusaba kuja ku wuta mu ishyamba agerekaho n’amafaranga kugira ngo atazaja kumena ibanga ry’uwishe Kaneza.

Ubuhamya bukomeza buvuga ko uwo musore watanze ubwo buhamya yababajwe cyane n’uko Muhumure yari mu bantu bagiye guhumuriza ababyeyi ba Keneza.

Nyuma y’ubwo buhamya abashinzwe umutekano mu Gihugu cy’u Burundi bataye muri yombi Pastor Muhumure, baza no kumufungira muri Casho nto iherereye i Ngozi. Gusa abaturage bo muri Komine Nyamurenza bavuga ko batizeye neza ko Pastor Muhumure azahanwa by’intangarugero, kuko asanzwe ari nkora mutima mu ishyaka riri ku butegetsi muri iki gihugu, ko kandi yari asanzwe akora amabi ariko ntabiryozwe.

Uyu Pastor Muhumure avuka muri Komine Nyamurenza, mu Ntara ya Ngozi. Kuri ubu niwe ukuriye abahoze ari abarwanyi muri CND FDD (Démobilisé).

Mu busanzwe yarazwi nk’u musenzi (umunyamasengesho), kandi asanzwe anasengera mu itorero rya Pentekoti, nubwo ibimuvugwaho biteye ubwoba.

               MCN.
Tags: Amutemaguye ibicePastor MuhumureYishe umwana w'u mukobwa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye

Amerika na Canada mu Ihangana Rikomeye Ihangana rishingiye ku nyungu za politiki n’ubukungu hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Canada rikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko...

Read moreDetails

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO

Amerika Yatanze Ibisobanuro ku Mpamvu Yikuye Burundu mu Muryango wa WHO Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ku mugaragaro ko zikuye burundu mu Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku...

Read moreDetails

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Perezida Trump i Davos Yacishije make Akoresha Amagambo Yoroheje Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yacishije make ku ngingo yakunze guteza impaka yo kwigarurira ikirwa...

Read moreDetails

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
January 22, 2026
0
Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga

Isi mu Gihe cy’Impinduka Zidasanzwe: Uko Umwaka Umwe wa Donald Trump wahinduye Politiki Mpuzamahanga Kuva Donald Trump yagaruka ku butegetsi bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, isi yinjiye...

Read moreDetails

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

by Bahanda Bruce
January 21, 2026
0
Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo

Amerika Yagaragaje Ibyo Perezida Trump Amaze Kugeraho mu Minsi 365, Harimo n’Ibyakozwe kuri Afurika na RDC Irimo Mu rwego rwo kwizihiza umwaka wa mbere wa manda ya kabiri...

Read moreDetails
Next Post
Umukuru w’igihugu cya Repubulika ya Kenya yashinje amahanga kudaha Abanyafrika agaciro.

Umukuru w'igihugu cya Repubulika ya Kenya yashinje amahanga kudaha Abanyafrika agaciro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?