• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuyobozi wa Mahoro Peace Association, Adel Kibasumba, yagize icyo avuga ku kiranga ntego kiri ku rufaranga rwa Congo yaba Belije (Belgian).

minebwenews by minebwenews
February 10, 2024
in Regional Politics
0
Umuyobozi wa Mahoro Peace Association, Adel Kibasumba, yagize icyo avuga ku kiranga ntego kiri ku rufaranga rwa Congo yaba Belije (Belgian).
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi wa Mahoro Peace Association, Adel Kibasumba, yagize icyo avuga ku kiranga ntego kiri ku rufaranga rwa Congo yaba Belije(Belgian).

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni urufaranga rwa kera i gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cya koreshaga, igihe ‘cyAba Belije (Belgian)’ ruriho inshusho y’imbyino za gitutsi cyangwa ibyo bita intore.

Nk’uko Adel Kibasumba, ya bivuze ho, akoresheje urubuga rwa X, yazanye iriya ‘photo’ y’urufaranga rwa kera, maze agira ati: “Intore, imbyino gakondo y’u Rwanda-Burundi, nicyo kiranga ntego cyashizwe ku rufaranga rwa Congo yaba Belije.”

Yakomeje agira ati: “Rwose umunsi umwe tuzandika ku mateka y’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ku kibazo cy’abavuga ururimi rw’ikinyarwanda, biza sobanuka, niba ari Guverinoma ya Congo icya hejuru y’iki kibazo cyangwa niba ari IC.”

Nk’uko bigaragara ruriya rufaranga rwakozwe ahagana tariki ya 12/10/1941.

Imbyino gakondo z’intore ahanini zakoreshwaga n’Abanyarwanda n’Abarundi, nk’uko amateka yo mubihe byakera abivuga. Abanyamulenge bo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bizwi ko n’abo bazikoreshaga cyane mu kuvuga ibigwi by’inka zabo.

Tuzi ko hari Abanye-kongo cyane abo mu bwoko bw’Abapfurero, Ababembe n’Abanyindu, bavuga ko Abanyamulenge ko boba barageze muri RDC ahagana mu myaka ya vuba nka 1959, ariko sibyo k’uko amateka avuga ko Abanyamulenge (Tutsi), bageze RDC ahagana mu mpera zikinyejana cya 14, abandi benshi bahagera mu kinyejana cya 15.

Ibitabo ushobora gusangamo amateka y’Abanyamulenge, hari igitabo cyanditswe na Joseph Mutambo ni Gitabo cy’u munyarwanda wo hambere bwana Alex Kagame.

Bruce Bahanda.

Tags: Adel KibasumbaIkiranga ntegoUrufaranga Congo Belije BelgianYagize icyavuga
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
I Masisi no muri teritware ya Nyiragongo, hari haramukiye amahoro kuri ubu ibitero byongeye gukorwa.

I Masisi no muri teritware ya Nyiragongo, hari haramukiye amahoro kuri ubu ibitero byongeye gukorwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?