Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuyobozi wa Mahoro Peace Association, Adel Kibasumba, yagize icyo avuga ku kiranga ntego kiri ku rufaranga rwa Congo yaba Belije (Belgian).

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
February 10, 2024
in Regional Politics
0
Umuyobozi wa Mahoro Peace Association, Adel Kibasumba, yagize icyo avuga ku kiranga ntego kiri ku rufaranga rwa Congo yaba Belije (Belgian).
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi wa Mahoro Peace Association, Adel Kibasumba, yagize icyo avuga ku kiranga ntego kiri ku rufaranga rwa Congo yaba Belije(Belgian).

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ni urufaranga rwa kera i gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, cya koreshaga, igihe ‘cyAba Belije (Belgian)’ ruriho inshusho y’imbyino za gitutsi cyangwa ibyo bita intore.

Nk’uko Adel Kibasumba, ya bivuze ho, akoresheje urubuga rwa X, yazanye iriya ‘photo’ y’urufaranga rwa kera, maze agira ati: “Intore, imbyino gakondo y’u Rwanda-Burundi, nicyo kiranga ntego cyashizwe ku rufaranga rwa Congo yaba Belije.”

Yakomeje agira ati: “Rwose umunsi umwe tuzandika ku mateka y’u Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, ku kibazo cy’abavuga ururimi rw’ikinyarwanda, biza sobanuka, niba ari Guverinoma ya Congo icya hejuru y’iki kibazo cyangwa niba ari IC.”

Nk’uko bigaragara ruriya rufaranga rwakozwe ahagana tariki ya 12/10/1941.

Imbyino gakondo z’intore ahanini zakoreshwaga n’Abanyarwanda n’Abarundi, nk’uko amateka yo mubihe byakera abivuga. Abanyamulenge bo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bizwi ko n’abo bazikoreshaga cyane mu kuvuga ibigwi by’inka zabo.

Tuzi ko hari Abanye-kongo cyane abo mu bwoko bw’Abapfurero, Ababembe n’Abanyindu, bavuga ko Abanyamulenge ko boba barageze muri RDC ahagana mu myaka ya vuba nka 1959, ariko sibyo k’uko amateka avuga ko Abanyamulenge (Tutsi), bageze RDC ahagana mu mpera zikinyejana cya 14, abandi benshi bahagera mu kinyejana cya 15.

Ibitabo ushobora gusangamo amateka y’Abanyamulenge, hari igitabo cyanditswe na Joseph Mutambo ni Gitabo cy’u munyarwanda wo hambere bwana Alex Kagame.

Bruce Bahanda.

Tags: Adel KibasumbaIkiranga ntegoUrufaranga Congo Belije BelgianYagize icyavuga
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
I Masisi no muri teritware ya Nyiragongo, hari haramukiye amahoro kuri ubu ibitero byongeye gukorwa.

I Masisi no muri teritware ya Nyiragongo, hari haramukiye amahoro kuri ubu ibitero byongeye gukorwa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?