Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuyobozi Wishirahamwe rya HEKS EPER, nyuma yiminsi ine(4), ashimuswe n’inyeshamba muri Fizi, yarekuwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 17, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Manager wishirahamwe rya HEKS EPER, Yani Enas, yarekuwe abanje gutanga Inshungu, nyuma yuko yaramaze iminsi ine(4), ashimuswe n’inyeshamba za Mai Mai.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na Bruce Bahanda, kw’itariki 17.06.2023, saa 5:00pm, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Nikuruyu wagatandatu, tariki ya 17.06.2023, manager wishirahamwe rya HEKS EPER, yarekuwe abanje gutanga ikiguzi, tariki ya 14.06.2023, nibwo yariyashimuswe n’inyeshamba za Mai Mai. Akaba yari yashimutiwe mugace kitwa Sangya, homuri Groupement ya Basimukuma homumajyaruguru, muri Secteur ya Tanganika, muri teritware ya Fizi, muntara ya Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

Bwana Yoni Enas Kevin, asanzwe ari umuyobozi w’Ishirahamwe(ONG) HEKS EPER, iri shirahamwe rishinzwe gusana imihanda mu bice bigize teritware ya Fizi muntara ya Kivu yamajy’Epfo, ahanini muri Kabala, Nakihele, Lusenda ndetse no mumisozi miremire (Hauts plateaux).

Ubwo yashimuswe yarimo yerekeza mu Lusenda akaba yarimukazi ke kaminsi yose nkuko tubikesha Ikinyamakuru cya Fizi.news.

Abahenya Enas, mukuru wuwashimuswe, ubwo yavuganaga nikinyamakuru cya Fizi.news, yemeje aya makuru, avuga ko murumuna we wariwashimuswe muminsi ishize ko yarekuwe nyuma yuko babanjye gutanga ikiguzi.

Yagize ati: “Nibyo yarekuwe muri iki gitondo cyo kuwagatandatu. Yamaze nokugera murugo. Abicanyi bari bamushimuse, babanjye kumuzererana ku misozi ireba agace ka Sangya. Ariko twagiye tugirana ibiganiro byinshi nabo tuza no kwishura incungu nibwo bemeye ubusabe bwacu baramurekura. Umuryango wabigizemo uruhare turabashimiye mwese.”

Twabibutsa ko ibibazo byogushimuta abantu bimaze gufata intera kurubu butaka bwa teritware ya Fizi, mu kwezi gushize, undi mugabo yashimuswe n’abantu bitwaje imbunda, ubwo yarageze mugace bitaTingitingi, mumuhana wa Zimbwe muri Groupement ya Basimukuma homumajyaruguru, muri Secteur ya Tanganika. Yaje kurekurwa amaze icyumweru bamuzengurukana mumashamaba no mumisozi ya Teritware ya Fizi, arekurwa nawe habanjye gutangwa ibiguzi.

Tags: EnasFizimanager wishirahamwe rya HEKS EPERSagyayarekuwe
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

African delegation of head of states and representatives for peace initiative led by Cylir Ramaphosa in Ukraine was welcomed by Russian explosives.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?