• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umuyobozi wo muri RDC wise Nangaa na Kabila Abanye-Congo ari kurira ayo kwarika.

minebwenews by minebwenews
July 9, 2025
in Conflict & Security
0
Umuyobozi wo muri RDC wise Nangaa na Kabila Abanye-Congo ari kurira ayo kwarika.
92
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi wo muri RDC wise Nangaa na Kabila Abanye-Congo ari kurira ayo kwarika.

You might also like

General Yakutumba mu Burakari Bwinshi Yasobanuye Impamvu AFC/M23 Yabatsinze

Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byaguyemo Abarundi mu Cibitoki ubwo byahushaga intego muri RDC

Drone y’Ingabo za RDC Yahanuwe Ivuye ku Butaka bw’u Burundi Ishaka Kugaba Igitero

Guverineri w’intara ya Haut-Katanga, Jacques Kyabula, yahamagajwe igitaraganya i Kinshasa kugira ngo atange ibisobanuro nyuma y’uko aheruka gutangaza akavuga kuri Joseph Kabila wahoze ari perezida wa RDC na Nangaa ukuriye AFC/M23 akabita Abanye-Congo ibyo iyi Leta ye itigeze ishima namba!

Ubutegetsi bw’i Kinshasa bubinyujije kuri minisitiri wabwo w’u mutekano, Jaquemin Shabani, yahise atumiza guverineri w’i ntara ya Haut-Katanga kugira ngo yisigure kubyo yatangaje.

Mu ibaruwa yandikiye uriya guverineri, yavuze ko mu kumutumiza ko ari tegeko yahawe n’umukuru w’iki gihugu, Felix Tshisekedi.

Iyo baruwa ikavuga ko agomba guhita ahagarika ibikorwa byose yarigukora, akitaba i Kinshasa bitarenze amasaha 48.

Uyu guverineri yahamagajwe mu gihe yari aheruka gutangaza ko nyiribayazana w’ibibazo byose by’i ntambara iri mu Burasirazuba bwa Congo ko ari Kagame w’u Rwanda, aho kuba Kabila cyangwa Nangaa b’Abanyekongo.

Ati: “Kabila na Nangaa ni Abanye-Congo, ibibazo byabo bikwiye gukemurirwa mu muryango.”

Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwumvise guverineri w’i ntara ya Haut-Katanga nabi, kuko bwo bufata Kabila na Nangaa nk’abagambanyi ndetse nk’abanzi ruharwa babwo.

Nyuma y’aho Nangaa yiyunze ku mutwe wa M23 urwanya ubu butegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, we n’ubuyobozi bw’uyu mutwe bahise bashyinga ihuriro banaryita “Alliance Fleuve Congo.”
Nyuma gato Kinshasa imushinja kugambanira igihugu, ubundi imukatira gufungwa ubuzima bwe bwose.

Kuri ubu iri huriro ayoboye rigenzura hafi u Burasirazuba bwose bw’iki gihugu, nk’umujyi wa Goma uherereye muri Kivu y’Amajyaruguru na Bukavu na yo iri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, n’ibindi bice byinshi byo muri izo ntara zombi biri mu maboko yaryo. Ndetse abarwanyi bo muri iri huriro bakomeza kwagura ibirindiro byabo, igihe cyose ingabo za FARDC n’iz’u Burundi zibagabyeho ibitero.

Share37Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

General Yakutumba mu Burakari Bwinshi Yasobanuye Impamvu AFC/M23 Yabatsinze

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
General Yakutumba mu Burakari Bwinshi Yasobanuye Impamvu AFC/M23 Yabatsinze

General Yakutumba mu Burakari Bwinshi Yasobanuye Impamvu AFC/M23 Yabatsinze General Hamuri Yakutumba, umwe mu bayobozi b’umutwe wa Wazalendo urwana ku ruhande rwa Leta ya RDC, yagaragaje umujinya ukomeye...

Read moreDetails

Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byaguyemo Abarundi mu Cibitoki ubwo byahushaga intego muri RDC

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byaguyemo Abarundi mu Cibitoki ubwo byahushaga intego muri RDC

Ibisasu by’Ingabo z’u Burundi byaguyemo Abarundi mu Cibitoki ubwo byahushaga intego muri RDC Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, tariki ya 05/12/2025, mu gace kitwa Mubadage, kari...

Read moreDetails

Drone y’Ingabo za RDC Yahanuwe Ivuye ku Butaka bw’u Burundi Ishaka Kugaba Igitero

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Drone y’Ingabo za RDC Yahanuwe Ivuye ku Butaka bw’u Burundi Ishaka Kugaba Igitero

Drone y’Ingabo za RDC Yahanuwe Ivuye ku Butaka bw’u Burundi Ishaka Kugaba Igitero Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 05/12/2025, haravugwa amakuru y’ihanurwa ry’indege nto...

Read moreDetails

Ibyabaye mu Kibaya cya Rusizi Bikomeje Guteza Impagarara

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Ibyabaye mu Kibaya cya Rusizi Bikomeje Guteza Impagarara

Ibyabaye mu Kibaya cya Rusizi Bikomeje Guteza Impagarara Amakuru ava mu Kibaya cya Rusizi akomeza kugaragaza ihungabana rikomeye mu mutekano, nyuma y’uko umunara wa Vodacom wangijwe n’ibitero by’amasasu...

Read moreDetails

Aho Imirwano Ikomeye Yashyize Ubuzima mu Kangaratete: Uduce Tubiri ku Murongo w’Intambara mu Kibaya cya Rusizi

by Bahanda Bruce
December 5, 2025
0
Aho Imirwano Ikomeye Yashyize Ubuzima mu Kangaratete: Uduce Tubiri ku Murongo w’Intambara mu Kibaya cya Rusizi

Aho Imirwano Ikomeye Yashyize Ubuzima mu Kangaratete: Uduce Tubiri ku Murongo w’Intambara mu Kibaya cya Rusizi Minembwe Capital News ikomeje gukurikirana umutekano muke n’imirwano ikaze ikomeje kurangwa mu...

Read moreDetails
Next Post
Abakoresha YouTube murasabwa kumenya impinduka nshya yazanye, izo igiye guhita itangira gushyira mungiro.

Abakoresha YouTube murasabwa kumenya impinduka nshya yazanye, izo igiye guhita itangira gushyira mungiro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?