• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, September 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umuyobozi wo muri RDC wise Nangaa na Kabila Abanye-Congo ari kurira ayo kwarika.

minebwenews by minebwenews
July 9, 2025
in Conflict & Security
0
Umuyobozi wo muri RDC wise Nangaa na Kabila Abanye-Congo ari kurira ayo kwarika.
91
SHARES
2.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi wo muri RDC wise Nangaa na Kabila Abanye-Congo ari kurira ayo kwarika.

You might also like

Yakutumba wihaye ipeti rya Gen yahaye Gen Gasita Gasopo

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n’iby’imbunda nini, hasobunurwa n’impamvu yabyo

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

Guverineri w’intara ya Haut-Katanga, Jacques Kyabula, yahamagajwe igitaraganya i Kinshasa kugira ngo atange ibisobanuro nyuma y’uko aheruka gutangaza akavuga kuri Joseph Kabila wahoze ari perezida wa RDC na Nangaa ukuriye AFC/M23 akabita Abanye-Congo ibyo iyi Leta ye itigeze ishima namba!

Ubutegetsi bw’i Kinshasa bubinyujije kuri minisitiri wabwo w’u mutekano, Jaquemin Shabani, yahise atumiza guverineri w’i ntara ya Haut-Katanga kugira ngo yisigure kubyo yatangaje.

Mu ibaruwa yandikiye uriya guverineri, yavuze ko mu kumutumiza ko ari tegeko yahawe n’umukuru w’iki gihugu, Felix Tshisekedi.

Iyo baruwa ikavuga ko agomba guhita ahagarika ibikorwa byose yarigukora, akitaba i Kinshasa bitarenze amasaha 48.

Uyu guverineri yahamagajwe mu gihe yari aheruka gutangaza ko nyiribayazana w’ibibazo byose by’i ntambara iri mu Burasirazuba bwa Congo ko ari Kagame w’u Rwanda, aho kuba Kabila cyangwa Nangaa b’Abanyekongo.

Ati: “Kabila na Nangaa ni Abanye-Congo, ibibazo byabo bikwiye gukemurirwa mu muryango.”

Ubutegetsi bw’i Kinshasa bwumvise guverineri w’i ntara ya Haut-Katanga nabi, kuko bwo bufata Kabila na Nangaa nk’abagambanyi ndetse nk’abanzi ruharwa babwo.

Nyuma y’aho Nangaa yiyunze ku mutwe wa M23 urwanya ubu butegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi, we n’ubuyobozi bw’uyu mutwe bahise bashyinga ihuriro banaryita “Alliance Fleuve Congo.”
Nyuma gato Kinshasa imushinja kugambanira igihugu, ubundi imukatira gufungwa ubuzima bwe bwose.

Kuri ubu iri huriro ayoboye rigenzura hafi u Burasirazuba bwose bw’iki gihugu, nk’umujyi wa Goma uherereye muri Kivu y’Amajyaruguru na Bukavu na yo iri mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, n’ibindi bice byinshi byo muri izo ntara zombi biri mu maboko yaryo. Ndetse abarwanyi bo muri iri huriro bakomeza kwagura ibirindiro byabo, igihe cyose ingabo za FARDC n’iz’u Burundi zibagabyeho ibitero.

Share36Tweet23Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Yakutumba wihaye ipeti rya Gen yahaye Gen Gasita Gasopo

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Yakutumba wihaye ipeti rya Gen yahaye Gen Gasita Gasopo

Yakutumba wihaye ipeti rya Gen yahaye Gen Gasita Gasopo Uwiyita General Hamuri Yakutumba akaba anakuriye Wazalendo muri Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko muri iki gice batagishakamo Brigadier...

Read moreDetails

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n’iby’imbunda nini, hasobunurwa n’impamvu yabyo

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Hafi n’i kaziba haravugwa imirwano mishya hagati ya AFC/M23/MRDP n’ingabo za RDC

Mu majwi i Uvira humvikanye ibiturika birimo n'iby'imbunda nini, hasobunurwa n'impamvu yabyo Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatandatu tariki ya 06/09/2025, i Uvira mu mujyi...

Read moreDetails

Haravugwa amakuru ababaje y’igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n’ibyo Leta iri kuhohereza

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira

Haravugwa amakuru ababaje y'igikorwa kibi Wazalendo bakoze mu ijoro i Uvira, ndetse n'ibyo Leta iri kuhohereza I Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, amakuru aturuka yo mabi ni uko Wazalendo...

Read moreDetails

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

I Uvira umutekano wakomeje kurushaho kuzamba, muri iri joro ho byafashe indi ntera Amakuru aturuka i Uvira muri Kivu y'Amajyepfo, aravuga ko muri iri joro ryo ku wa...

Read moreDetails

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

by Bahanda Bruce
September 5, 2025
0
I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z’u Burundi ziri guteza akajagari

I Mulenge hiriwe ituze, gusa ku Ndondo niho Ingabo z'u Burundi ziri guteza akajagari I Mulenge muri Kivu y'Amajyepfo biravugwa ko hiriwe ituze, usibye ko ku Ndondo ya...

Read moreDetails
Next Post
Abakoresha YouTube murasabwa kumenya impinduka nshya yazanye, izo igiye guhita itangira gushyira mungiro.

Abakoresha YouTube murasabwa kumenya impinduka nshya yazanye, izo igiye guhita itangira gushyira mungiro.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?