• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuyobozi womu mutwe wa Mobondo yatawe muri yombi naho umusako wahinduriwe amasaha mu Ntara ya Kwango.

minebwenews by minebwenews
August 8, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mubuyobozi bo mu mutwe wa Mobondo yatawe muri yombi naho umusako mu Ntara ya Kwango wahinduriwe igihe.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na Bruce Bahanda, tariki 08/08/2023, saa 5:40Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Mu Ntara ya Kwango nkuko byari bisanzwe b’ikorwa Umusako wahoraga ukorwa guhera Saha mbili zijoro( 20h) kugeza Saha kuminimwe z’igitondo (5h). Ibi ubuyobozi bw’Intara bwabihinduyeho kuko bategetse ko uwo Musako uzaza ukorwa igihe cya Saha Ine zijoro (22h) kugeza Saha kuminimwe z’igitondo ( 5h), n’ibikorwa kubera umutekano wakomeje guhungabanywa nabo mu mutwe wa Mobondo nkuko tubikesha Radio Okapi .

Iki Kinyamakuru gikomeza kivuga ko uwo musako washizweho kubwo kugerageza kugarura umutakano muri kano karere n’imugihe umutwe wa Mobondo ushinjwa kwihisha mubaturiye aka gace kose k’Intara ya Kwango.

Amasaha yongerejwe byavuzweko ari kunyungu z’Abadamu ba bacuruzi bacururiza muri centre ya Kenge homu Ntara ya Kwango, kugira baze ba bona uburyo bashingura ibicuruzwa byabo mugihe baba barangije imirimo yabo nkuko biri mubyavuzwe na Adelare Nkisi Minisitiri wubutabera akaba n’umuvugizi wa guverinoma w’Intara ya Kwango.

Andi makuru yamaze kuja hanze nuko harumuyobozi womu mutwe w’itwaje imbunda wa Mobondo wafashwe kuriki Cyumweru yafashwe afatiwe muri teritware ya Popokabaka afatanwa n’umwambaro w’umusirikare wa guverinoma (FARDC), waruheruka kwicirwa kukiraro cya Kwango.
Uyu muyobozi womu mutwe w’itwaje imbunda wa Mobondo, yafatanwe imbunda na masasu, bikavugwako ko arabaturage ba mufashe maze abari bashinzwe ku murinda bo barahunga birukiye muma Shamba.

Ayamakuru yemezwa kandi na Minisitiri Adelare, aho avuga ko uwo muroberi yafatanwe sharijeri yamasasu y’imbunda bita Ak10 hamwe numwambaro(Impuzakano) wa Lieutenant Colonel Bienvenue, wishwe arashwe nizo Nyeshamba.

Iyi Ntara ya kwango igize igihe irimo ibibazo by’umutekano gusa mumezi ane(4) ashize byafashe indi ntera nimugihe abantu benshi bashwe abandi barenga 20.000 barahunga bikavugwako bahungiye Kenge.

Tags: KwangoMobondoUmusakoUmuyobozi yatawe muri yombi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Uhuru Kenyatta ari mu ruzinduko muri Uganda arashaka igisubizo ahabwa na Gen Muhoozi Kainarugaba kumutekano w'uburasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?