Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuyobozi w’u bumwe bw’ibihugu by’u Buraya, Rita Laranjinah, yanenze leta y’u Burundi, yafunze imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 15, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi w’u mwe bw’ibihugu by’u Buraya, Rita Laranjinah, yatatse i Gihugu c’u Burundi, giheruka gufunga imipaka yose ihuza u Rwanda n’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Tariki ya 11/01/2024, n’ibwo Guverinoma ya perezida Evariste Ndayishimiye, yafashe ingingo y’ihuse yogufunga imipaka ihuza ibihugu byombi (Rwanda n’u Burundi). Ibyo u Rwanda rwa nenze n’inyuma y’uko bahise bashira itangazo hanze ry’amagana ko u Burundi bafunze imipaka.

Itangazo ry’u Rwanda ryagira riti: “Gufunga imipaka ihuza i Gihugu c’u Rwanda n’u Burundi, binyuranyije n’amategeko agenga umuryango w’Afrika y’u Burasirazuba, kandi bibangamira ubucuruzi bwa mbukiranya imipaka ihuza ibihugu byombi.”

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15/01/2024, ubwo Ubumwe bw’ibihugu by’u Buraya n’i bihugu by’Afrika y’iburasizuba bari mu biganiro bitanguza umwaka w’2024, uhagarariye Ubumwe bw’ibihugu by’u Buraya Rita Laranjinah, yanenze i Gihugu c’u Burundi cya funze imipaka iruhuza n’u Rwanda.

Yagize ati: “Turasaba ko haba ibiganiro byihuse bihuza i Gihugu c’u Rwanda n’u Burundi, kugira mushake umuti w’ibibazo biri hagati y’ibihugu byombi.”

Yashimangiye ibi agira ati: “Nta nyungu n’imwe i Gihugu c’u Burundi, gifite mu gufunga imipaka ihuza u Burundi n’u Rwanda. Ni mwicare mu ganire n’ubundi kuganira nibyo bimara impaka.”

Tu bibutseko ijambo rya perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ryo gusoza umwaka w’2023, ariryo nyiribayazana wo gufunga imipaka, ni mugihe yashinje u Rwanda kuba rucumbikira, kandi bagafasha umutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, urwanya ubutegetsi bwa Bujumbura.

Bruce Bahanda.

Tags: BurundiRita LaranjinahRwandaYanenze Gufunga imipaka
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Ubwicanyi mu Burasirazuba bwa RDC, bwafashe indi ntera nimugihe abo muyandi moko bishwe bazira gukunda Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?