• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umuyobozi w’u bumwe bw’ibihugu by’u Buraya, Rita Laranjinah, yanenze leta y’u Burundi, yafunze imipaka ihuza u Rwanda n’u Burundi.

minebwenews by minebwenews
January 15, 2024
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi w’u mwe bw’ibihugu by’u Buraya, Rita Laranjinah, yatatse i Gihugu c’u Burundi, giheruka gufunga imipaka yose ihuza u Rwanda n’u Burundi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Tariki ya 11/01/2024, n’ibwo Guverinoma ya perezida Evariste Ndayishimiye, yafashe ingingo y’ihuse yogufunga imipaka ihuza ibihugu byombi (Rwanda n’u Burundi). Ibyo u Rwanda rwa nenze n’inyuma y’uko bahise bashira itangazo hanze ry’amagana ko u Burundi bafunze imipaka.

Itangazo ry’u Rwanda ryagira riti: “Gufunga imipaka ihuza i Gihugu c’u Rwanda n’u Burundi, binyuranyije n’amategeko agenga umuryango w’Afrika y’u Burasirazuba, kandi bibangamira ubucuruzi bwa mbukiranya imipaka ihuza ibihugu byombi.”

Kuri uyu wa Mbere, tariki ya 15/01/2024, ubwo Ubumwe bw’ibihugu by’u Buraya n’i bihugu by’Afrika y’iburasizuba bari mu biganiro bitanguza umwaka w’2024, uhagarariye Ubumwe bw’ibihugu by’u Buraya Rita Laranjinah, yanenze i Gihugu c’u Burundi cya funze imipaka iruhuza n’u Rwanda.

Yagize ati: “Turasaba ko haba ibiganiro byihuse bihuza i Gihugu c’u Rwanda n’u Burundi, kugira mushake umuti w’ibibazo biri hagati y’ibihugu byombi.”

Yashimangiye ibi agira ati: “Nta nyungu n’imwe i Gihugu c’u Burundi, gifite mu gufunga imipaka ihuza u Burundi n’u Rwanda. Ni mwicare mu ganire n’ubundi kuganira nibyo bimara impaka.”

Tu bibutseko ijambo rya perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye ryo gusoza umwaka w’2023, ariryo nyiribayazana wo gufunga imipaka, ni mugihe yashinje u Rwanda kuba rucumbikira, kandi bagafasha umutwe w’inyeshamba wa Red Tabara, urwanya ubutegetsi bwa Bujumbura.

Bruce Bahanda.

Tags: BurundiRita LaranjinahRwandaYanenze Gufunga imipaka
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Ubwicanyi mu Burasirazuba bwa RDC, bwafashe indi ntera nimugihe abo muyandi moko bishwe bazira gukunda Abanyamulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?