• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuyobozi w’umuryango wa EAC yamaganye abavugako ingabo za EACRF zikorana n’inyeshamba, M’uburasirazuba bwa RDC.

minebwenews by minebwenews
October 13, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuyobozi w’umuryango wa Afrika y’iburasirazuba, Dr Peter Mathuki, yamaganye abakomeje kuvuga ko abasirikare babo bari mu butumwa bw’amahoro M’uburasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, bazwi nka EACRF, ko bakorana n’imitwe y’inyeshamba irimo M23.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Ibi biri mw’itangazo uyu muryango washize hanze kuri uyu wa Kane, tariki 12/10/2023, n’itangazo ryashizwe ho umukono na Dr Mathuki, yavuze ko uyu muryango uhangayikishijwe kandi wamagana imirwano yubuye hagati y’imitwe yitwaje imbunda kandi ngo biri kubera mu bice izi Ngabo z’uyu muryango (EACRF) zingenzura.

Ati: “EAC ihangayikishijwe cane n’imirwano y’imitwe yitwaje imbunda mu bice EACRF ikoreramo akazi muri Kivu ya Ruguru, M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo. Iyi mirwano yatumye abaturage benshi bata izabo abandi barakomereka ndetse zibyara n’ibindi bibazo byinshi harimo n’imfu. Ibyo bikorwa binyuranya n’imyanzuro y’amahoro yafatiwe i Nairobi.”

Dr Mathuki yahamije ko “Ingabo zaturutse mu Burundi, Kenya, Sudani y’Epfo ziri muri aka gace zubahiriza amahame ngengamyitwarire n’imirongo yashizweho muri sitati y’amasezerano y’ingabo n’amategeko mpuzamahanga. Aya mabwiriza arimo kurinda abaturage, ihame risumba ayandi.”

Uyu munyamabanga yanamaganye amakuru avuga ko abasirikare bo muri EACRF bakorana n’imitwe yitwaje imbunda.

Ati: “Duhangayikishijwe cane n’ibirego bidafite ishingiro n’icengezamatwara ribi rishirwa ku Basirikare ba EACRF, bizigerekaho imikoranire n’imitwe yitwaje imbunda. Ibyo birego bigamije guhakana akazi gakomeye n’ibyagezweho n’ingabo zacu za EAC.”

Dr Mathuki atangaje aya magambo nyuma y’aho umutwe witwaje imbunda wa M23 ushinje ingabo z’u Burundi gukorana n’imitwe ya Wazalendo n’ingabo za Leta ya RDC, na Leta ya RDC igashinja izindi ngabo zo muri EACRF (iza Kenya, Uganda na Sudani y’Epfo) gukorana na M23.

Uyu Muyobozi yakomeje asobanura ko imikoranire ya hafi iri hagati ya EACRF na Leta ya RDC igamije gufungura imihanda minini nogucyura abaturage bahunze imbere mu gihugu no kuzamura uburyo bwo kurinda abaturage bose muri ibi bice byakunze kurangwamo intambara.

By Bruce Bahanda.

Tags: EACRFmuburasirazuba bwa RDCUmuyobozi w'umuryango wa EACYamaganye abavugako ingabo za EAC zikorana n'inyeshamba
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Sosiyete sivile yo muri Localite ya OICHA, irasaba ingabo za RDC kugabanya Amabariyeri muri aka gace.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?