• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC.

minebwenews by minebwenews
August 29, 2025
in Regional Politics
0
Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bahoze bayoboye kimwe mu bihugu byo muri Afrika agiye guhuza AFC/M23 na Leta ya RDC.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Thabo Mbeki wayoboye Afrika y’Epfo iri mu bihugu bikomeye byo muri Afrika, yatumije abategetsi ba Repubulika ya demokarasi ya Congo n’aba burwanya, ngo abahurize mu kiganiro cy’amahoro.

Thabo Mbeki yayoboye Afrika y’Epfo kuva mu mwaka wa 1999 kugeza mu 2008.

Nk’uko abiteganya ni uko ibiganiro byo guhuza RDC na AFC/M23 byazaba mu nama ngaruka mwaka y’amahoro y’umutekano, iteganyijwe kubera muri Afrika y’Epfo kuva tariki ya 03 kugeza ku ya 6 ukwezi gutaha kwa cyenda uyu mwaka wa 2025.

Abo yatumiye barimo abagize guverinoma ya Kinshasa, abakorera mu biro bya perezida Felix Tshisekedi, Joseph Kabila wayoboye RDC imyaka 18, Moïse Katumbi , Martin Fayulu, Corneille Nangaa umuhuza bikorwa w’ihuriro rya AFC/M23, Thomas Lubanga n’abo muri sosiyete sivili ndetse n’abanyamadini.

Yavuze ko ikigenderewe cyane ni ugufasha ubutegetsi bw’i Kinshasa n’ababurwanya gukemura ikibazo shingiro giteza intambara hagati yabo.

Ni mu gihe uyu mugabo, Mbeki, yakunze kugaragaza ko umuti w’aya makimbirane atari ugukoresha intwaro, ahubwo ko ari ibiganiro bya politiki biganisha ku kubahiriza amasezerano yasinywe mbere.

Mu mwaka wa 2024, Mbeki yagaragaje ko aya makimbirane akomoka ku cyemezo Mobutu wayoboye iki gihugu imyaka 30 yafashe cyo kwirukana abanye-kongo bavuga ikinyarwanda , abita Abanyarwanda.

Nyuma yabwo kandi yatangaje ko ashyigikiye umwanzuro wafashwe n’abayobozi bo mu muryango wa SADC n’uwa EAC usaba ko Abanye-Congo ubwabo baganira kugira ngo bakemure amakimbirane bafitanye.

Ndetse kandi mu mezi make ashize Mbeki yahuriye na Joseph Kabila muri Afrika y’Epfo, baganira ku mpamvu muzi z’amakimbirane yo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, bemeranya ko ibiganiro bya politiki bihuza abanyekongo ari byo byayakemura.

Tags: AFC/m23ibiganiroRdcThabo Mbeki
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yashyinze igipolisi gikaze mu bice yabohoye.

AFC/M23 yashyinze igipolisi gikaze mu bice yabohoye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?