Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umwe mu bakozi ba LUCHA, yirukanwe muri uwo muryango azira gushigikira M23.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
March 30, 2024
in Regional Politics
0
Umwe mu bakozi ba LUCHA, yirukanwe muri uwo muryango azira gushigikira M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukozi wo mwishirahamwe rya LUCHA, riharanira impinduka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo yirukanwe azira gushigikira M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni ubutumwa bukubiye mu itangazo ry’ishirahamwe LUCHA bashize hanze kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 30/03/2024.

Rivuga ko umukozi wa LUCHA uzwi ku izina rya Joachim Maronga, yarenze ku mabwiriza agenga abanyamuryango ba LUCHA, bityo uyu muryango uhitamo ku mwirukana muri uyu muryango nta yandi mananiza.

Rigira riti: “Mu kurenga ku ndanga gaciro n’amahame yacu, Joachim Maronga, umwe mu bari bafatanije natwe, yahisemo ku giti cye, gufatanya na M23. Kubera iyo mpamvu, twafashe icyemezo ndakuka cyo ku mwirukana.”

Joachim Maronga avuka mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu bice byo muri teritware ya Rutsuru, yiyunze na M23 mu minsi mike ishize, ni mu gihe muri iki gihe Abanyekongo benshi bari kwiyunga muri uwo mutwe.

Ahanini abiyunga n’abifuza impinduka muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, dore ko uyu mutwe ugize igihe ubitangaza ko ugiye gushiraho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Kinshasa. Ibyo bikunze gutangazwa na Corneille Nangaa, ukuriye AFC, ihuriro ry’imitwe ya politike n’igisirikare harimo na M23 .

             MCN.
Tags: Gushigikira M23Joachim MarongaLUCHAUmukoziYazizeYirukanye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Ibyari ibyishimo by’ingabo za FARDC  byabahindikiye ikimwaro, nyuma y’uko Col Erasto Bahati Musanga wo muri M23 wari waratangajwe ko yishwe n’izo ngabo, yagaragaye mu ruhame.

Ibyari ibyishimo by'ingabo za FARDC byabahindikiye ikimwaro, nyuma y'uko Col Erasto Bahati Musanga wo muri M23 wari waratangajwe ko yishwe n'izo ngabo, yagaragaye mu ruhame.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?