• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umwe mu banyamuryango bashinze m23 yongeye gushimangira intego zuyu mutwe.

minebwenews by minebwenews
September 6, 2024
in Regional Politics
0
Umwe mu banyamuryango bashinze m23 yongeye gushimangira intego zuyu mutwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu banyamuryango bashinze m23 yongeye gushimangira intego zuyu mutwe.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Nibyo Ali Musanga uri mu banyamuryango bashinze m23, yatangaje mu kiganro yahaye Bwiza TV, avuga ko intego y’uyu mutwe kwari ukubohora Repubulika ya Demokarasi ya Congo yose nyuma ikirukana ubutegetsi bwa perezida Felix Tshilombo.

Muri 2012 ubwo m23 yashyiragaho ubuyobozi mu duce tw’intara ya Kivu Yaruguru aho yari yarigaruriye , Musanga icyo gihe yari minisitiri wa siporo, urubyiruko ndetse n’imyidagaduro muri ubwo buyobozi.

Rero, muri iki kiganiro yagaragaje ko mu byo m23 iharanira harimo kurwanya ingengabitekerezo ya genocide ndetse n’amacakubiri akomeza kwiyongera muri RDC, no guharanira ko umunsi umwe Abanyekongo bazaba umuntu umwe.

Ubutegetsi bwa Kinshasa bumaze igihe buvuga ko umutwe wa M23 utabaho, ko ahubwo ari icyuka cyahimbwe n’u Rwanda rwahisemo kohereza ingabo zarwo muri RDC rwitwikiriye ririya zina kugira ngo rubone uko rusahura umutungo wiki gihugu. Ibi u Rwanda rwagiye rubitera utwatsi hubwo rugashinja RDC gukorana byahafi n’umutwe wa FDLR urimo abasize bakoze genocide.

Musagara yashimangiye ko M23 igizwe n’Abanyekongo baturuka mu moko atandukanye.

Ati: “Abenshi bavuga ko M23 igizwe n’Abanyarwanda, Abagande; gusa biriya ni ubukangurambaga bukorwa n’ubuyobozi bwabo. Ugeze muri M23 nta munyarwanda n’umwe wahabona . Gen Makenga si umunyarwanda , Gen Bodui si umunyarwanda, Gen Byamungu , Gen Gaceri, ba Colonel Nsabimana, Ali Musagara si umunyarwanda, Réne Abandi si umunyarwanda, n’abandi n’abandi.”

Kugeza ubu M23 iragenzura ibice bitandukanye bya za teritware za Rutshuru, Masisi, Nyiragongo na Lubero byo mu ntara ya Kivu Yaruguru.

Mu minsi ishize Corneille Nangaa usanzwe ari umuhuzabikorwa w’ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo uyu mutwe wa M23 yatangaje ko intego bafite ari ugufata Repubulika ya demokarasi ya Congo yose.

Yagize ati: “M23 turashaka gufata Congo yose, ntiturwanira gufata Rutshuru, Masisi, Beni, Butembo, Goma cyangwa Bukavu. Intego yacu ni ugufata Igihugu cyose tukirukana ikibazo hose tuzihutira kujya kucyirukaho.”

Yanashimangiye ko abari i Kinshasa, Lubumbashi n’ahandi barambiwe ubutegetsi bwa Kinshasa, bityo barashaka guha imbaraga M23 kugira ngo igere ku ntego yihaye.

Yanahaye ubutumwa abasirikare n’abapolosi ba RDC birirwa babeshywa n’ubutegetsi buriho , abasaba ko bayoboka M23 kugira ngo babohore iki gihugu cyateshejwe agaciro n’ubutegetsi bwa perezida Felix Tshilombo.

                MCN.
Tags: Ali MusabgaIntegoKubohora IgihuguM23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post
Menya ibintu birindwi byangiza umutima harimo n’ibifatwa nk’ibisanzwe.

Menya ibintu birindwi byangiza umutima harimo n'ibifatwa nk'ibisanzwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?