• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.

minebwenews by minebwenews
August 25, 2025
in Conflict & Security
0
Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu barinzi ba komanda secteur yishwe arashwe i Uvira.

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo wo mu ngabo zishinzwe umutekano wa Komanda secteur wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, yishwe arashwe na Wazalendo.

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 25/08/2025, ni bwo uyu musirikare yarashwe ahita avamo umwuka w’abazima.

Amasoko yacu avuga ko yarashwe ubwo Wazalendo batezaga akavuyo ku Banyamulenge.

Byari ubwo baturukaga mu bice binyuranye bigize uyu mujyi wa Uvira, aho bazaga gushyingura umubiri wa Colonel Patrick Gisore witabye Imana mu cyumweru gishize azize impanuka y’indege yabereye mu birometero 34 uvuye i Lubutu werekeza i Kisangani mu ntara ya Tshopo.

Muri kariya kavuyo rero katejwe na Wazalendo muri uyu mujyi wa Uvira, bagahagarika Abanyamulenge baturakaga mu bice binyuranye birimo i Luvungi, i Bujumbura mu Burundi no mu bindi bice byo muri uyu mujyi wa Uvira, FARDC yo yageragezaga kubarwanaho, ari nabwo uriya musirikare wo mu barinzi ba komanda secteur wa Uvira yarashwe ahita yitaba Imana ako kanya.

Aya masoko yacu agira ati: “Abazalendo barashe escort wa Gen(komanda secteur wa Fardc muri Uvira). Yapfuye, kandi ubwo yaraswaga ntiyigeze asamba yahise apfa ako kanya.”

Mu Banyamulenge bahagaritswe harimo abanyazwe imodoka, abandi amatelefone n’amafaranga. Gusa baje kongera kubarekura, ariko ntibarasubizwa ibyo banyazwe, nk’uko amakuru akomeza abivuga.

Kuva umujyi wa Uvira wahungiramo Wazalendo, FDLR n’ingabo za FARDC iz’u Burundi, nyuma y’uko zari zimaze kurushwa imbaraga na AFC/M23/MRDP-Twirwaneho i Goma n’i Bukavu zikahafata mu ntangiriro z’uyu mwaka wa 2025, aha i Uvira abenegihugu baho bahise batangira kugira ibibazo by’umutekano muke, kuko umunsi ku wundi basaba uyu mutwe kuza naho ukahafata, hakava mu maboko y’iri huriro ry’Ingabo za Rdc. Mu rwego rwo kugira ngo bikize ubutegetsi bwa Tshisekedi bukomeza gushyira ubuzima bwabo mu kaga, aho kubaruhura nk’uko ubundi butegetsi bubikorera abaturage babo.

Nta cyumweru gishyira nta bantu bishwe muri uyu mujyi, hari ubwo hicwa umwe ubundi ukumva ngo hapfuye abarenze babiri. Abo bose ugasanga bishwe na Wazalendo kubufatanye na FDLR, nk’uko ibyegeranyo bitandukanye byabaharanira uburenganzira bwa muntu muri icyo gice byagiye bibivuga.

Mu kwezi kwa kabiri n’ukwa gatatu uyu mwaka, byavuzwe ko hiciwe abantu muri ubwo buryo bari hejuru ya 74. Barimo abasirikare, abasivili n’abapolisi.

Hagataho, Abanya-Uvira bamwe muri bo basaba leta kubaha umutekano, kandi ngo mu gihe yananiwe, ikareka ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP rikaza kubayobora ngo kuko aho riyoboye abaturage bagira amahoro.

Tags: Komanda SecteurUmurinziUviraYishwe Arashwe
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

I Goma no mu nkengero zayo hagabwe ibitero bikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?