• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umwe mu bategetsi ba Kinshasa wari wagiye gushyikirana na M23 yatawe muri yombi.

minebwenews by minebwenews
July 26, 2024
in Regional Politics
0
Umwe mu bategetsi ba Kinshasa wari wagiye gushyikirana na M23 yatawe muri yombi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bategetsi ba Kinshasa wari wagiye gushyikirana na M23 yatawe muri yombi..

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni Abbé Bahala Okw’ibale Jean Bosco wahoze ari umuhuzabikorwa wa gahunda ishinzwe kwambura imbunda imitwe y’inyeshamba yitwaje intwaro muri Repubulika ya demokarasi ya Congo no gusubiza mu buzima busanzwe aba bahoze ari abarwanyi, niwe watawe muri yombi akiva i Kampala.

Amakuru ava i Kinshasa avuga ko Bahala Okw’ibale Jean Bosco yafatiwe ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ndjili, nyuma y’uko yari avuye i Kampala mu gihugu cya Uganda.

Nk’uko bivugwa nuko Bahala yari i Kampala mu rwego rwo gushyigikirana n’umutwe wa M23, umutwe umaze imyaka igiye kuba itatu uhanganye n’Ingabo za leta ya Kinshasa mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ubutegetsi bwa Kinshasa, buhakana kuba bwari bwo hereje uyu muyobozi wayo gushyigikirana na M23, ibyatumye ku wa Gatatu w’iki Cyumweru perezida Félix Tshisekedi amwirukana ku murimo.

Ariko nubwo Kinshasa ihakana kumwohereza muri iyo mishyikirano, umwe mubakozi ba perezidansi ya Uganda yari aheruka kwemeza ko iki gihugu giheruka kwakira imishyikirano y’impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC.

Ibyo umuvugizi wa Guverinoma ya Kinshasa, bwana Patrick Muyaya yagarutseho avuga ko Bahala ari gukorwaho iperereza ndetse ko agomba gutanga ibisobanura birambuye kubyo kujya kuganira na M23, umutwe leta ya perezida Félix Tshisekedi yarahiye ko itazigera na rimwe ishyikirana na wo.

              MCN.
Tags: Bahala yatawe muri yombiIkibuga cy'indege cya NdjiliKinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Habonetse Umubembe urwanya ivangura n’akato gakorerwa Abanyamulenge muri RDC.

Habonetse Umubembe urwanya ivangura n'akato gakorerwa Abanyamulenge muri RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?