Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umwe mu bayobozi bavuga rikijana muri M23, Benjamin Mbonimpa arashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukoresha imari ya leta nabi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 25, 2024
in Regional Politics
0
Umwe mu bayobozi bavuga rikijana muri M23, Benjamin Mbonimpa arashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukoresha imari ya leta nabi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bayobozi bavuga rikijana mu mutwe wa M23 arashinja abategetsi ba Guverinema ya perezida Félix Tshisekedi gukoresha imari ya leta nabi.

You might also like

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Ni bikubiye mu butumwa umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa yashize hanze akoresheje urubuga rwa x, kuri uyu wo kuwa Kane, tariki ya 25/04/2024.

Yavuze ko abategetsi ba Guverinerinoma ya Kinshasa bakoresha muburyo butari bwo, imari ya leta kandi ko batanicuze ku kuyikoresha nabi kwabo.

Ubutumwa bwa Benjamin Mbonimpa buvuga kandi ko abategetsi ba leta ya perezida Félix Tshisekedi basesagura amafaranga yabasoreshwa bo muri iki gihugu, buzira gutekereza ejo hazaza .

Yakomeje ubutumwa avuga ko ibyo abategetsi ba Leta ya Kinshasa babikora babisangiye nka kurya abana basangira Keke.

Akaba yavuze ko abategetsi ba RDC basanzwe bagira udutsiko, kandi ko utwo dutsiko dushira imbere ukwinezaza kuruta gushaka icyateza igihugu imbere.

Ubu butumwa bunavuga ko abantu ko bakomeje gupfa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho bicwa n’igisirikare cya FARDC, ariko ko ntacyo ubwo butegetsi bukora kugira ngo bazane impinduka muri iki gihugu.

Ibyo yabivuze mu gihe minisitiri w’imari muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Nicolas Kazadi yatangaje ko amatara agiye kubakwa ku mihanda yava ku giciro cya 1.200 USD akaja mugaciro ka 5,000 USD.

            MCN.
Tags: Abategetsi ba CongoArashinjaBenjamin MbonimpaGukoresha imari ya leta nabi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe umubare mushya w’Abanyekongo bamaze kuva mu byabo mu gihe cy’amezi atatu kubera intarambara zurudaca.

Hatangajwe umubare mushya w'Abanyekongo bamaze kuva mu byabo mu gihe cy'amezi atatu kubera intarambara zurudaca.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?