Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umwe mu bayobozi bavuga rikijana muri M23, Benjamin Mbonimpa arashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukoresha imari ya leta nabi.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 25, 2024
in Regional Politics
0
Umwe mu bayobozi bavuga rikijana muri M23, Benjamin Mbonimpa arashinja ubutegetsi bwa Kinshasa gukoresha imari ya leta nabi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bayobozi bavuga rikijana mu mutwe wa M23 arashinja abategetsi ba Guverinema ya perezida Félix Tshisekedi gukoresha imari ya leta nabi.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni bikubiye mu butumwa umuhuza bikorwa wa M23, Benjamin Mbonimpa yashize hanze akoresheje urubuga rwa x, kuri uyu wo kuwa Kane, tariki ya 25/04/2024.

Yavuze ko abategetsi ba Guverinerinoma ya Kinshasa bakoresha muburyo butari bwo, imari ya leta kandi ko batanicuze ku kuyikoresha nabi kwabo.

Ubutumwa bwa Benjamin Mbonimpa buvuga kandi ko abategetsi ba leta ya perezida Félix Tshisekedi basesagura amafaranga yabasoreshwa bo muri iki gihugu, buzira gutekereza ejo hazaza .

Yakomeje ubutumwa avuga ko ibyo abategetsi ba Leta ya Kinshasa babikora babisangiye nka kurya abana basangira Keke.

Akaba yavuze ko abategetsi ba RDC basanzwe bagira udutsiko, kandi ko utwo dutsiko dushira imbere ukwinezaza kuruta gushaka icyateza igihugu imbere.

Ubu butumwa bunavuga ko abantu ko bakomeje gupfa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho bicwa n’igisirikare cya FARDC, ariko ko ntacyo ubwo butegetsi bukora kugira ngo bazane impinduka muri iki gihugu.

Ibyo yabivuze mu gihe minisitiri w’imari muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Nicolas Kazadi yatangaje ko amatara agiye kubakwa ku mihanda yava ku giciro cya 1.200 USD akaja mugaciro ka 5,000 USD.

            MCN.
Tags: Abategetsi ba CongoArashinjaBenjamin MbonimpaGukoresha imari ya leta nabi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Hatangajwe umubare mushya w’Abanyekongo bamaze kuva mu byabo mu gihe cy’amezi atatu kubera intarambara zurudaca.

Hatangajwe umubare mushya w'Abanyekongo bamaze kuva mu byabo mu gihe cy'amezi atatu kubera intarambara zurudaca.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?