• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umwe mu bayobozi bo muri AFC/M23, yatawe muri yombi muri Uganda.

minebwenews by minebwenews
September 10, 2024
in World News
2
Umwe mu bayobozi bo muri AFC/M23, yatawe muri yombi muri Uganda.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bayobozi bo muri AFC/M23, yatawe muri yombi muri Uganda.

You might also like

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Ni Polisi ya Uganda yataye muri yombi umuyobozi wo muri Alliance Fleuve Congo, ribarizwamo na M23, nyuma yuko yamufatiye mu nkambi ya Kyangwali iherereye mu karere ka Kikuu ashaka impunzi zo kwinjiza muri M23.

Uwatawe muri yombi ni David Baraka Elonga, asanzwe ari komiseri ushinzwe politiki muri AFC/M23. Yafashwe tariki ya 05/09/2024.

Igitangaza makuru cya ChimpReports, cyatangaje ko mu ibazwa rye yemeye ko yahaga raporo y’akazi ke Corneille Nangaa usanzwe ari umuhuzabikorwa w’ihuriro rya AFC.

Uyu wafashwe yahishuye ko yanakoreraga muri za teritware za Bunia na Djugu mu Ntara ya Ituri.

Umwe mu bayobozi b’inkambi yafatiwemo yatangaje ko yari yamaze kwinjiza muri M23 abantu 32, barimo n’abakobwa bane b’inkumi.

Yunzemo kandi ati: “Abasore bari bari bategereje imodoka ibajana muri RDC guhabwa imyitozo ya gisirikare.”

Uyu mugabo yatawe muri yombi mu gihe hari raporo y’umuryango w’Abibumbye ivuga ko M23 imaze igihe ishakira abarwanyi mu nkambi z’impunzi zo muri Uganda mu rwego rwo gukomeza igisirikare cyayo.

Ubu Polisi ya Uganda imukurikiranyeho icyaha cyo gucuruza abantu.

Uganda yamutaye muri yombi mu gihe Guverinoma ya Kinshasa, imaze igihe iyishinja gufatanya n’u Rwanda guha ubufasha M23.

Iby’ubwo bufasha kandi byanemejwe na raporo y’impunguke za LONI kuri RDC, n’ubwo ibyo birego Kampala yabiteye utwatsi.

             MCN.
Tags: Umuyobozi wa AFCYafatiwe muri Uganda
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

by Bahanda Bruce
September 9, 2025
0
IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas

IDF yagabye igitero karundura i Doha ahari intumwa za Hamas Ingabo za Israel zakoze igitero gikomeye cyumvikanyemo iturika ridasanzwe, aho zakigabye i Doha muri Qatar ahari intumwa z'umutwe...

Read moreDetails

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails
Next Post
Ingabo za RDC zirashinjwa kugaba ibitero mu baturage i Masisi.

Ingabo za RDC zirashinjwa kugaba ibitero mu baturage i Masisi.

Comments 2

  1. Maniragaba Buda Sibomana says:
    12 months ago

    Birumvikana Uganda yabikora kugirango igarurire leta ya Congo icyizere , kuko muriy’iminsi ntibacana uwaka, rero Uganda ishobora vu sacrifier Baraka Elonga

  2. Pacifique says:
    12 months ago

    Politique ni hatari buriya abaye igitambo cyabandi niba nabikoze bakamugambanira cyane cyane abacongo bari munkambi niza maneko za kisekedi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?