• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, November 28, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Umwe mu miryango igize ubwoko bw’Abanyamulenge urakura ikiriyo cy’Intwari Col.Mukarayi uheruka kwitaba Imana.

minebwenews by minebwenews
March 22, 2025
in sport & entertainment
0
Umwe mu miryango igize ubwoko bw’Abanyamulenge urakura ikiriyo cy’Intwari Col.Mukarayi uheruka kwitaba Imana.
100
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu miryango igize ubwoko bw’Abanyamulenge urakura ikiriyo cy’Intwari Col.Mukarayi uheruka kwitaba Imana.

You might also like

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

I Nakivale muri Uganda umuryango wa Banyabyinshi bo mu bwoko bw’Abatutsi b’Abanye-Congo bahungiye muri iki gihugu cya Uganda bavuye muri Congo, barakura ikiriyo cy’iIntwari yabo Colonel Jaques Mukarayi wavukaga muri uyu muryango, yari umusirikare wa Leta y’i Kinshasa, akaba aheruka kwitaba Imana arashwe na Wazalendo.

Tariki ya 19/02/2025, ni bwo inkuru y’umubabaro yatangiye gucicibikana ku mbugankoranyambaga, ivuga ko Col. Mukarayi wari Intwari ikomeye ku bwoko bw’Abanyamulenge no kugihugu cyose muri rusange, yapfuye arasiwe i Bukavu.

Itangazo umuryango wa Banyabyinshi i Nakivale washize hanze kuva ejo ku wa gatanu, rimenyesha abagize uyu muryango n’inshuti zabo ko kuri uyu wa gatandatu tariki ya 22/03/2025, ukura ikiriyo cy’Intwari yabo Colonel Mukarayi, ndetse kandi ko bagisoreza hamwe n’abandi bapfanye nawe.

Rigira riti: “Umuryango wa Byinshi utuye i Nakivale uramenyesha abagize uyu muryango n’inshuti zabo yuko uzakura ikiriyo cy’abavandimwe babo bishwe bazira ubwoko. Ari bo Col.Mukurayi na Gisubizo.”

Ni tangazo kandi rivuga ko aba bombi bavuka mu nzu ya Rwamakombe. Rwamakombe akaba ari umwuzukuruza wa Byinshi uwo Abanyabyinshi bose bakomokaho. Byinshi nawe akaba ari mwene Bamara wabayeho umwami mu Rwanda mu kinyejana cya 13 ariko abamukomokaho bakaza kwerekeza muri Repubulika ya demokarasi ya Congo muri Kivu y’Amajyepfo mu kinyejana cya 14.

Iri tangazo ry’umuryango wa Byinshi rikomeza rivuga ko uwo muhango uza kubera ku itorero rya New Leh, kandi ko uri butangire igihe c’isaha ya saa saba zamanywa yo kuri uyu wa gatandatu.

Nubwo iri tangazo ritagaragaza neza icyahitanye ubuzima bw’iyi ntwari, ariko ubwo inkuru y’urupfu rwayo yashirwaga hanze rugikubita, byavuzwe ko yarashwe n’abarwanyi bo mu mitwe yitwaje intwaro ikorana byahafi n’ingabo za Leta ya Congo, nubwo nawe yari ku ruhande rwa Leta.

Ubwo yapfaga, yapfanye n’abasirikare be babiri bamurindaga, kuko mbere yuko bariya Wazalendo bamurasa bari babanje kwica aba basirikare.

Mukarayi ni mwene Mushonda, bari batuye mu Marunde ho muri Mibunda ahaje gusenywa n’i bitero by’abarwanyi ba Mai-Mai byatangiye kugabwa ku Banyamulenge mu mwaka wa 2017.

Uyu musirikare amateka ye avuga ko yinjiriye igisirikare cy’inkotanyi i Nakivale muri Uganda mu 1990. Aha ni igihe inkotanyi zateguraga kuja kubohoza u Rwanda rwarimo ubw’icyanyi bwakorerwaga abo mu bwoko bw’Abatutsi b’Abanyarwanda.

Bivugwa ko icyo gihe Abanyamulenge benshi bavuye i Mulenge muri Kivu y’Amajyepfo binjira iki gisirikare cy’inkotanyi, mu rwego rwo kugira ngo batabare benewabo barimo bicwa bazira uko baremwe.

Abandi batabaranye n’iyi ntwari bavuye i Mulenge, barimo abitwa ba Nikola Kibinda, Gakunzi Sendoda, Col.Alexis Rugazura we ukiriho n’abandi benshi.

Iyi ntwari n’izindi nyinshi zatabarukiye kurugamba, tubifurije iruhuko ridashyira.

Tags: AbanyabyinshiCol.MukurayiGukura ikiriyo
Share40Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

by Bahanda Bruce
November 16, 2025
0
Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria

Abanye-Congo Biteguye Umukino wogupfa nogukira Congo RDC vs Nigeria Umwuka w’amashyushyu uri hejuru mu bakunzi ba Les Léopards, aho Congo RDC yitegura guhura na Nigeria mu mukino wa...

Read moreDetails

Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

by Bahanda Bruce
November 14, 2025
0
Igitaramo cy’amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba

Igitaramo cy'amateka: Stade yo mu Bufaransa Fally Ipupa yayujuje yose mbere y’uko igitaramo nyirizina kiba Umuhanzi w’icyamamare wo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Fally Ipupa, yongeye...

Read moreDetails

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga

Kitoko yagarutse mu Rwanda nyuma y’imyaka myinshi ari mu mahanga Umuhanzi w’icyamamare Kitoko Bibarwa, ufite inkomoko mu karere k'i Mulenge muri Kivu y’Epfo, yagarutse mu Rwanda ku wa...

Read moreDetails

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda

Vestine na Dorcas bakomeje kwandika amateka mashya muri Gospel nyarwanda Abaririmbyikazi Vestine na Dorcas bakomeje kugaragaza ubuhanga n’ubushake bwo guteza imbere umuziki wa gospel mu Rwanda. Nyuma yo...

Read moreDetails

Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend

by Bahanda Bruce
November 10, 2025
0
Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend

Uko imikino ya Premier League yagenze muri iyi weekend Weekend y’iki cyumweru yari yuzuyemo ibihe bishimishije muri shampiyona ya Premier League, aho amakipe menshi yakinnye imikino ishimishije, abakinnyi...

Read moreDetails
Next Post
Umuganda udasanzwe wakorewe ku kibuga cy’indege cya Minembwe.

Umunsi ugira kane, FARDC n'abambari bayo bagaba ibitero ku Banyamulenge; icyo babivugaho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?