• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, March 5, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umwe Mubarwanyi Babarusiye Usanganwe Itsinda Ry’ingabo Ninshi, Yatangaje Ko Agiye Kugaba Ibitero Bikomeye Mugihugu C’Uburusiya.

minebwenews by minebwenews
May 25, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iki cyumweru turimo umwe mubarwanyi baba Rusiya akaba afite itsinda rye ry’ingabo yavuze ko agiye kugwanya leta y’Uburusiya akoresheje ibitero simusiga.

You might also like

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 25.05.2023, saa 7:05 am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Umurwanyi w’Uburusiya, waruzwiho mubayoboye ibitero mu karere ka Ukraine gahana imbibi n’Uburusiya yavuze ko itsinda rye rigiye kugaba ibitero byinshi ku butaka bw’Uburusiya, ibi bitero akazabigaba avuye kubutaka bwa Ukraine.

Ibi byavuzwe kuruyu wa gatatu, bivugwa na Denis Kapustin, yavuze ko ari umuyobozi w’abakorerabushake b’Uburusiya (RVC), ubwo yaganiraga n’abanyamakuru yerekanye ko iwe ashigikiye leta ya Ukraine mbese akaba arwanira ku ruhande rwa Ukraine ahahereye ku mupaka w’Uburusiya.

Mumunsi ishize bivugwa ko ariwe wagabye igitero cyagabwe mu karere ka Belgorod mu Burusiya, iki gitero camaze hafi. amasaha 24h, gusa iki gitero ingabo z’Uburusiya zaje kukiburizamo maze abo barwanyi birangira bashwaragiye bahunga.

Ibi bibaye mugihe u Burusiya bwari bukicishimiye intsinzi ya Bukhmut , umujyi munini uheruka gufatwa nabarwanyi barwanira u Burusiya bomwitsinda rya Wagner (Abacancuro), igihe bafataga uyu mujyi President Vradimir Putin, yashimiye iritsinda avugako bagaragaje ishaka ryokurwanirira Igihugu cu Burusiya.

Haramakuru dukesha urubuga rwa Radio RFI, rwatangaje ko abasirikare bagera kuri 20.000 bo mu mutwe w’abacancuro( Wagner), aba bose bamaze kugwa muriyi ntambara ihanganishije ingabo z’u Burusiya n’a Ukraine.

Abenshi muraba bakaba baraguye mu ntambara yamaze iminsi barwanira umujyi wa Bakhmut, uri mu burasirazuba bwa Ukraine.

Hakaba harundi mubarwanyi barwanya u Burusiya Yevgeny Prigozhin, nawe yamaze gutangaza ko yinjije imfungwa zigera ku 50.000 kugira ngo zirwanye Abacancuro ( Wagner).

Intambara iri muri Ukraine igenda ifata intera ikindi nuko iyintambara igiye kumara umwaka urenga namezi ane(4).

Tags: IbiteroKumupakaUmurwanyi Wumurusiya
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Accuses the Kinshasa Government of Brutality Against Civilians in the Highlands of Minembwe

by Bahanda Bruce
February 20, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Leta ya Kinshasa Ubugizi bwa Nabi ku Baturage bo mu Misozi ya Minembwe

The political and military coalition Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) has released an urgent statement expressing serious concern over the worsening insecurity in the areas of Minembwe, Mikenge, and...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura

Perezida Ndayishimiye Yakiriwe Nk’Intwari i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakiriwe mu buryo budasanzwe n’imbaga y’abaturage i Bujumbura, nyuma yo gusoza urugendo yari yagiriye i Addis Abeba...

Read moreDetails

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
February 9, 2026
0
Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC

Angola n’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe mu Mushinga wo Kugarura Amahoro arambye mu Burasirazuba bwa RDC Ku butumire bwa Perezida wa Repubulika ya Angola, akaba n’Umuyobozi Mukuru w’Umuryango...

Read moreDetails

FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

by Bahanda Bruce
January 31, 2026
0
FARDC Drone Attacks in Minembwe Injure Civilians

Reliable information from the center of Minembwe, in South Kivu Province, reports that a drone believed to belong to the Armed Forces of the Democratic Republic of the...

Read moreDetails

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails
Next Post

Amerika, Yamaganye Leta Ya Kinshasa, Nimugihe Polisi Yico Gihugu Iheruka Guhagarika Imyigaragambyo Ikoresheje Inguvu Zumurengera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?