Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umwe Mubarwanyi Babarusiye Usanganwe Itsinda Ry’ingabo Ninshi, Yatangaje Ko Agiye Kugaba Ibitero Bikomeye Mugihugu C’Uburusiya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
May 25, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Iki cyumweru turimo umwe mubarwanyi baba Rusiya akaba afite itsinda rye ry’ingabo yavuze ko agiye kugwanya leta y’Uburusiya akoresheje ibitero simusiga.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Yanditswe na : Bruce Bahanda, kw’itariki 25.05.2023, saa 7:05 am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Umurwanyi w’Uburusiya, waruzwiho mubayoboye ibitero mu karere ka Ukraine gahana imbibi n’Uburusiya yavuze ko itsinda rye rigiye kugaba ibitero byinshi ku butaka bw’Uburusiya, ibi bitero akazabigaba avuye kubutaka bwa Ukraine.

Ibi byavuzwe kuruyu wa gatatu, bivugwa na Denis Kapustin, yavuze ko ari umuyobozi w’abakorerabushake b’Uburusiya (RVC), ubwo yaganiraga n’abanyamakuru yerekanye ko iwe ashigikiye leta ya Ukraine mbese akaba arwanira ku ruhande rwa Ukraine ahahereye ku mupaka w’Uburusiya.

Mumunsi ishize bivugwa ko ariwe wagabye igitero cyagabwe mu karere ka Belgorod mu Burusiya, iki gitero camaze hafi. amasaha 24h, gusa iki gitero ingabo z’Uburusiya zaje kukiburizamo maze abo barwanyi birangira bashwaragiye bahunga.

Ibi bibaye mugihe u Burusiya bwari bukicishimiye intsinzi ya Bukhmut , umujyi munini uheruka gufatwa nabarwanyi barwanira u Burusiya bomwitsinda rya Wagner (Abacancuro), igihe bafataga uyu mujyi President Vradimir Putin, yashimiye iritsinda avugako bagaragaje ishaka ryokurwanirira Igihugu cu Burusiya.

Haramakuru dukesha urubuga rwa Radio RFI, rwatangaje ko abasirikare bagera kuri 20.000 bo mu mutwe w’abacancuro( Wagner), aba bose bamaze kugwa muriyi ntambara ihanganishije ingabo z’u Burusiya n’a Ukraine.

Abenshi muraba bakaba baraguye mu ntambara yamaze iminsi barwanira umujyi wa Bakhmut, uri mu burasirazuba bwa Ukraine.

Hakaba harundi mubarwanyi barwanya u Burusiya Yevgeny Prigozhin, nawe yamaze gutangaza ko yinjije imfungwa zigera ku 50.000 kugira ngo zirwanye Abacancuro ( Wagner).

Intambara iri muri Ukraine igenda ifata intera ikindi nuko iyintambara igiye kumara umwaka urenga namezi ane(4).

Tags: IbiteroKumupakaUmurwanyi Wumurusiya
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Amerika, Yamaganye Leta Ya Kinshasa, Nimugihe Polisi Yico Gihugu Iheruka Guhagarika Imyigaragambyo Ikoresheje Inguvu Zumurengera.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?