
Mumihango ya Gikrisitu ikorwa yo kwibuka Urupfu rwa Yesu Krisitu umwe mubaturage bo mugihugu ca Filipine yasabye baramubamba bamutera nimisumari kumusaraba.
Yanditswe na Bruce Bahanda, none tariki 07.04.2023, saa 4:30 PM, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.
Umuturage wo mugihugu ca Filipine aha nikumugabane womuri Azia , Wilfredo Salvador, yasabye ko abambwa nkuko Yesu Krisitu yabamwe i Goligotha mugihugu ca Israël .
Ibi yabisabishije ubwo murico gihugu bari mumihango ya Gikrisitu ikorwa burimwaka aho aba Kristu hose kw’isi bibuka Urupfu rwa Yesu Krisitu wabambiwe abari kw’Isi yose kubwibyaha byabo.
Salvador, bemeye bakora uko byakozwe nkuko bivugwa muri Bible uburyo Yesu yabambwe maze nawe baramubamba kumusaraba bakubita nimisumari mugiti.
Ureba kuri Photo ubona namaraso yarimo kuva.




