Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umwe wa RSF, urwanya ubutegetsi bwa leta ya Sudan, wigambye gufata u Mujyi ukomeye wa Wad Madani.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 20, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuri uyu wa Gatatu, tariki 20/12/2023, muri Sudan, umutwe w’itwaje imbunda wa RSF, wigambye kwigarurira u Mujyi mukuru w’Intara ya Al Gezia ya Kabiri.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni u Mujyi uzwi kw’izina rya Wad Madani, niwo umaze kuja mu Maboko y’u mutwe witwaje imbunda urwanya ubutegetsi bwa Sudan. Amezi umunani (8) arashize uriya mutwe uhanganye n’Igisirikare cya Guverinoma ya Khartoum.

Mu makuru yagiye atangwazwa n’Abategetsi bi cyo gihugu bagiye bavuga ko iy’i ntambara imaze kwangiriza ibintu byinshi ahanini k’u murwa mukuru w’icyo gihugu(Karthoum), i Ntara ya Darfur, n’ibice byo mukarere ka Kordofan.

Ku wa Mbere, ushize wiki Cyumweru, leta Zunze Ubumwe z’Amerika, binyuze muri Ambasaderi wayo muri Sudan, yavuze ko ntagisubizo cyitezwe mu gukoresha inguvu za Gisirikare.

Ati: “Imitwe ya SAF na RSF, igomba guhagarika imirwano muri Sudan, ikubahiriza inshingano zayo zikubiye mu mategeko Mpuzamahanga agenga ibikorwa by’ubutabazi. Mukwiye kubahiriza ikiremwa muntu kandi mukareka ubutabazi bukagera kubaturage ba bwifuza.”

Naho imiryango itabara imbabare harimo na L’Oni, bavuze ko bahangayikishijwe n’uburyo ibikorwa bisabye ubutazi bikomeza kuzamuka aho kumanuka. Abagera muri miliyoni zitandatu, z’Abaturage bamaze kuvanwa mubyabo naho abasaga ibihumbi icumi nabibiri bamaze guhitanwa n’iriya ntambara.

Bruce Bahanda.

Tags: RSFSudanWa Wad MadaniWafashe u Mujyi ukomeye
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Usibye mu Minembwe na Bibogobogo, ahandi muri RDC, Amatora yaranzwe n'imvururu zirimo imirwano, i Djwi na Kisangani bakoresheje i mbunda.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?