Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umwuka mubi uganisha Repubulika ya Demokarasi ya Congo, mu kaga ukomeje gututumba, hagati y’abanyapolitike.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 24, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abakandida batavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kinshasa, Katumbi Chapwe Moïse, Matata Mponyo, Diongo na Kikuni, basabye ko Amatora aheruka gukokwa muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, aba infabusha bakongera gutora butanga bushya.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Amatora muri RDC, aheruka kuba mu minsi itatu ibyo aba bakandida bavuga ko bitarigera bibaho mu mateka ya Congo Kinshasa, aho yabaye kuya 20,21, no kuya 23/12/2023. Mw’itangazo aba bakandida bashize hanze, mw’ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, tariki 23/12/2023, basabye ko mu maguru mashya Amatora aba infabusha bitaba ibyo hagafatwa ingamba nshyasha.

Ibikubiye mur’iryo tangazo, bivuga biti: “Ay’amatora rwose n’abe infabusha. Kadima Denis, ukuriye Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora afungwe mu maguru mashya.”

“Ntahandi turabona Amatora ameze nkaya y’abaye muri RDC, kw’Isi hose ntahandi biraba. Ntabwo dukeneye kongera kumva amatangazo ava muri CENI. Guhera izisaha, ibyatangajwe na CENI byose guhera ubu bibe infabusha turashaka ibintu bishya.”

Ibi bibaye mugihe na Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora CENI, nabo ubwabo baribamaze gushira hanze itangazo rivuga ko ibikomeje kwerekanwa nabo bise abicanyi ko bitihanganirwa ko hubwo leta ikwiye kubafunga.

Ati: “Ntabwo ibiri gukomeza kuvugwa n’abicanyi ari byo gukomeza kwihanganirwa. Igihe kirageze ngo bariya bafungwe.”

Tubibutsa ko kuri ubu muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, hakomeje k’umvikana umwuka wo kutavuga rumwe ahanini byose biva kuri ay’amatora.

Iruhande rumwe bavuga ko Amatora agomba gusubirwamo urundi r’uhande ntibabyumve.

Bruce Bahanda.

Tags: Hagati mu banyapolitikeMu kagaUkomeje gututumbaUmwaka mubi uganisha Repubulika ya Demokarasi ya Congo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Havuzwe imirwano y'umvikanye mo imbunda ziremereye, muri Masisi, hagati aho ihuriro ry'Ingabo za RDC, zirashinjwa kurenga ku masezerano.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?