Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umzalendo yishwe arashwe n’umusirikare wo Mugabo za RDC undi arakomereka bikabije.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
September 14, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuturage wo mwitsinda rya Wazalendo yishwe arashwe n’umusirikare wo mungabo za Fardc ibi byabaye ubwo habaye guhangana hagati y’uyu musirikare wo muri Regiment ifite icicaro ahitwa Birava.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu makuru Minembwe Capital News ikesha bamwe murabo Baturage, bavuze ko iryosubiranamo hagati y’uyu musirikare n’urubyiruko rwo mwitsinda rya Wazalendo byabaye mw’ijoro ryo kuwa Mbere tariki 11 zukwezi kwa Cyenda uyu mwaka 2023. Nkuko iy’inkuru ikomeza ivuga nuko byabereye muri Quartier ya Nyakavogo ho muri Komine ya Bagira, mu Ntara ya Kivu yamajy’Epfo.

Ibi byabaye mugihe habanjye kuba ubusabane hagati ya Wazalendo n’abasirikare maze mugihe bagiye kwiyakira bafata Inzoga barasinda abo Wazalendo baza kw’iba telephone ngendanwa y’umusirikare waje kurasa uwo Mzalendo arapfa akomeretsa nundi waraho hafi amurashe.

Minembwe Capital News yabwiwe ko uwo Musirikare yarumwe mubasirikare bo mwitsinda rya PM(Military Police), bomuri Regimenti yahitwa Birava, umzalendo waje kuraswa arapfa yitwa Michel.

Nyuma y’ibi polisi yaho hafi ndetse n’ingabo za RDC zaje gutabara biza kurangira umwe muribo nawe arashwe arakomereka bikabije kurubu akaba arikuvurirwa kubitaro bikuru bya Bukavu.

Soseyete sivile yavuzeko itishimiye ico gikorwa cubwicanyi kandi isabisha ko uyu musirikare yahanwa bijanye n’amategeko kandi ko n’utubare twose bacururizamo inzoga zirimo umusemburo mwinshi za fungwa.

By Bruce Bahanda.

Tariki 14/09/2023.

Tags: Mzalendo yishwe arashwe n'umusirikare wo Mugabo za RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ishirahamwe JED riratabariza umunyamakuru Stanys Bujakera kurekurwa ntayandi mananiza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?