• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urebye neza ubutumwa umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, yageneye perezida mushya wa Senegal Diomoyo Faye, burimo icyigwa ku kumenya gushimira.

minebwenews by minebwenews
March 27, 2024
in Regional Politics
0
Urebye neza ubutumwa umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, yageneye perezida mushya wa Senegal Diomoyo Faye, burimo icyigwa ku kumenya gushimira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yatanze ubutumwa butanga icyigwa kubenda nabo gushimira abandi, abugenera perezida mushya wa Senegal Bissirou Diomoyo Faye.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ubutumwa perezida w’u Rwanda yahaye Diomoyo Faye wegukanye intsinzi mu matora y’u mukuru w’i Gihugu, yabaye muri Senegal.

Ubu butumwa Kagame Paul w’u Rwanda yabutanze akoresheje imbuga nkoranya mbaga, aho yagaragaje ko yishimiye intsinzi ya Diomoyo Faye anavuga ko ari intsinzi nyakuri ku banyasenegal, abashimira kandi ko bakoze amatora mu mutuzo.

Paul Kagame w’u Rwanda, yagize ati: “Nishimiye byimazeyo intsinzi ya Bassirou Diomoyo Faye, ku bwo gutorwa nka perezida wa Senegal. Intsinzi yawe ni ubuhamya nyakuri bw’i cyizere cy’abaturage ba Senegal, kandi na bo ndabashimira kuko bakoze amatora mu mahoro.”

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yanashimangiye ko azakomeza guharanira ko ibihugu byombi, u Rwanda na Senegal bikomeza kubana neza.

Ati: “Niteguye kurushaho kwimakaza umubano mwiza urangwa hagati y’ibihugu byombi.”

Ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 26/03/2024, n’ibwo byatangajwe ko Diomoyo Faye uva mu ishyaka rya PASTEF, yatsindiye kuyobora igihugu cya Senegal ku majwi 53,7, akaba aje asimbuye Macky Sall wabaye perezida wiki gihugu kuva mu mwaka w ‘2012, kugeza kuri ay’amatora, agajeje bwana Diomoyo Faye ku butegetsi.

Si perezida w’u Rwanda wenyine washimiye Diomoyo Faye kuko na Macky Sall yaramushimiye kandi agaragaza ko yishimiye intsinzi ye.

Yagize ati: “Nishimiye byimazeyo imigendekere myiza y’amatora ya perezida yabaye tariki ya 24/03/2024, ndetse ndashimira uwatsinze, Diomoyo Faye, aho imibare igaragaza ko ari we watsinze. Ni intsinzi kuri demokarasi ya Senegal.”

Igihugu cy’u Rwanda kibanye neza n’icya Senegal, hashize imyaka isaga 10 ambasade ya Senegal ifunguye mu Rwanda.

Ibi bihugu byombi bifatanye amasezerano arimo ‘ubufutanye mu by’umuco kuva mu mwaka w ‘1975, ay’u butwererane rusange yasinywe mu 2004, ay’ishirwaho rya komisiyo ihoraho ishinzwe kungenzura umubano w’ibihugu byombi yasinywe mu 2016 ndetse n’amasezerano y’ubufanye ari hagati y’u rwego rw’i gihugu rw’itangaza makuru (RBA) na Radio television Senegalese.

Bikaba bizwi kandi ko Sosiyete ya RwandAir yahawe uburenganzira bwo gukoresha icyerekezo cya Kigali -Dakar, aho ikorera ingendo ku wa Gatatu, ku wa Gatanu no ku Cyumweru, ku masezerano yo mu 2017.

   MCN
Tags: IcyigwaPaul KagameUbutumwaYageneye Diomoyo Faye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Abanyekongo bo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ahanini Abanyamulenge, bishimiye gufungurwa kwa Jacque Rukeba Chirac.

Abanyekongo bo mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, ahanini Abanyamulenge, bishimiye gufungurwa kwa Jacque Rukeba Chirac.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?