• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urebye neza ubutumwa umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, yageneye perezida mushya wa Senegal Diomoyo Faye, burimo icyigwa ku kumenya gushimira.

minebwenews by minebwenews
March 27, 2024
in Regional Politics
0
Urebye neza ubutumwa umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, yageneye perezida mushya wa Senegal Diomoyo Faye, burimo icyigwa ku kumenya gushimira.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yatanze ubutumwa butanga icyigwa kubenda nabo gushimira abandi, abugenera perezida mushya wa Senegal Bissirou Diomoyo Faye.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni ubutumwa perezida w’u Rwanda yahaye Diomoyo Faye wegukanye intsinzi mu matora y’u mukuru w’i Gihugu, yabaye muri Senegal.

Ubu butumwa Kagame Paul w’u Rwanda yabutanze akoresheje imbuga nkoranya mbaga, aho yagaragaje ko yishimiye intsinzi ya Diomoyo Faye anavuga ko ari intsinzi nyakuri ku banyasenegal, abashimira kandi ko bakoze amatora mu mutuzo.

Paul Kagame w’u Rwanda, yagize ati: “Nishimiye byimazeyo intsinzi ya Bassirou Diomoyo Faye, ku bwo gutorwa nka perezida wa Senegal. Intsinzi yawe ni ubuhamya nyakuri bw’i cyizere cy’abaturage ba Senegal, kandi na bo ndabashimira kuko bakoze amatora mu mahoro.”

Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda Paul Kagame yanashimangiye ko azakomeza guharanira ko ibihugu byombi, u Rwanda na Senegal bikomeza kubana neza.

Ati: “Niteguye kurushaho kwimakaza umubano mwiza urangwa hagati y’ibihugu byombi.”

Ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 26/03/2024, n’ibwo byatangajwe ko Diomoyo Faye uva mu ishyaka rya PASTEF, yatsindiye kuyobora igihugu cya Senegal ku majwi 53,7, akaba aje asimbuye Macky Sall wabaye perezida wiki gihugu kuva mu mwaka w ‘2012, kugeza kuri ay’amatora, agajeje bwana Diomoyo Faye ku butegetsi.

Si perezida w’u Rwanda wenyine washimiye Diomoyo Faye kuko na Macky Sall yaramushimiye kandi agaragaza ko yishimiye intsinzi ye.

Yagize ati: “Nishimiye byimazeyo imigendekere myiza y’amatora ya perezida yabaye tariki ya 24/03/2024, ndetse ndashimira uwatsinze, Diomoyo Faye, aho imibare igaragaza ko ari we watsinze. Ni intsinzi kuri demokarasi ya Senegal.”

Igihugu cy’u Rwanda kibanye neza n’icya Senegal, hashize imyaka isaga 10 ambasade ya Senegal ifunguye mu Rwanda.

Ibi bihugu byombi bifatanye amasezerano arimo ‘ubufutanye mu by’umuco kuva mu mwaka w ‘1975, ay’u butwererane rusange yasinywe mu 2004, ay’ishirwaho rya komisiyo ihoraho ishinzwe kungenzura umubano w’ibihugu byombi yasinywe mu 2016 ndetse n’amasezerano y’ubufanye ari hagati y’u rwego rw’i gihugu rw’itangaza makuru (RBA) na Radio television Senegalese.

Bikaba bizwi kandi ko Sosiyete ya RwandAir yahawe uburenganzira bwo gukoresha icyerekezo cya Kigali -Dakar, aho ikorera ingendo ku wa Gatatu, ku wa Gatanu no ku Cyumweru, ku masezerano yo mu 2017.

   MCN
Tags: IcyigwaPaul KagameUbutumwaYageneye Diomoyo Faye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Abanyekongo bo mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ahanini Abanyamulenge, bishimiye gufungurwa kwa Jacque Rukeba Chirac.

Abanyekongo bo mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo, ahanini Abanyamulenge, bishimiye gufungurwa kwa Jacque Rukeba Chirac.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?