• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uri Ruguru yasobanuye uburyo FARDC, FDLR n’Ingabo z’u Burundi ziri gukorera Abanyamulenge jenoside

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 6, 2025
in Conflict & Security
0
Wazalendo batangaje ibindi bazakora ku munsi w’ejo kugira ngo birukane Gen Gasita i Uvira
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uri Ruguru yasobanuye uburyo FARDC, FDLR n’Ingabo z’u Burundi ziri gukorera Abanyamulenge jenoside

You might also like

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Byishimo Patrick uherereye mu misozi y’i Mulenge yasobanuye ko Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, Ingabo z’u Burundi n’umutwe wa FDLR hamwe n’uwa Wazalendo bari kurimbura Abanyamulenge bakoresheje amayeri yo kubafungura amayira abahuza n’ibindi bice bahahiramo.

Bikubiye mu butumwa yatanze buri munyandiko, aho yagize ati: “Abaturage badafite aho bahuriye n’intambara bayibona gusa aruko batewe, ariko ikabagiraho ingaruka kubera gusa ari Abanyamulenge (Tutsi), kandi bivuye ku muteguro w’Ingabo z’iki gihugu n’icy’u Burundi. Iyi ni jenoside.”

Yakomeje ati: “Abanyamulenge bari mu Minembwe bafatiwe ambargo kuva mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka, kugeza n’uyu munsi.”

Yavuze ko kuva icyo gihe nta miti babona, ibyo kurya, umunyu, isukari amavuta n’ibindi.

Yageze aha abaza iki kibazo ati: “Abaturage ibihumbi n’ibihumbi bobaho nta miti bagira ivura bigakunda?”

Asobanura ko ibi ari amayeri ya leta y’i Kinshasa n’iy’u Burundi mu bufatanye n’imitwe yitwaje intwaro byafashe kugira ngo birimbure Abanyamulenge.

Avuga ko hari amasezerano amahanga yasinyiye i Genève ajyanye n’intambara ko abaturage bagomba kurindwa n’uwo ari we wese urwana. Bivuze ko buri ruhande rwose rurwana rugomba kurengera umusivili.

Byishimo yavuze kandi ko muri ayo masezerano ajyanye n’intambara, iyo urwana akomeretse, cyangwa agafatwa n’uruhande yarwanaga narwo, ahita aba umusivili, bityo agakingirwa.

Ni naho yasobanuye ko MRDP-Twirwaneho, yagiye ifatira ku rugamba abarwanyi ba Mai Mai(Wazalendo), abasirikare b’u Burundi na FARDC ikabarekura, mu gihe uru ruhande rwo rurwana ku ruhande rwa Leta nta n’umwe rurafata ngo rumurekure.

Ati: “Nta we turumva wafashwe n’uruhande rwa Leta warekuwe, cyangwa byibuze ngo bavuge ko ahari bamubitse ahantu, bahita bamwica, ariko abo Twirwaneho yafashe bose yagiye ibarekura. Ibyo birazwi hose.”

Byishimo yakomeje avuga ko Leta kuba yarafashe iki cyemezo cyo kwicisha abaturage inzara n’indwara, ngo kubera ko ari Abatutsi, ibyo ni bigize jenocide.

Gusa atangazwa n’ukuntu amahanga acyecetse, ndetse n’uburyo hari Abanyamulenge bari muri iyo Leta ariko bakabifata nk’ibisanzwe.

Yagize ati: “Ntangazwa n’amahanga acyecetse, kandi Leta y’i Kinshasa yarafatiye Abanyamulenge ambargo yo kubamaraho bakoresheje kubafungira inzira z’isoko. Ikindi kintangaza ni uburyo muri iyi Leta harimo Abanyamulenge bakiyikorera, ese bo kobaraja he? Bazagera kuki benewabo nibamara gushyira?”

Inzira ivugwa yafunzwe ni yo kwa Mulima, kuko ihuza Minembwe n’ i Baraka, Fizi ku i zone n’i Uvira ndetse no mu bindi bice.

Yafunzwe nyuma y’aho umutwe wa MRDP-Twirwaneho ufashe Minembwe, iyo wafashe tariki ya 21/02/205. Kuva icyo gihe Ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta zahise zifunga ibice byose byahahiranaga na Minembwe n’inkengero zayo.

Tags: AbanyamulengeFardcFDLRGenocideIngabo zu BurundiMinembweWazalendo
Share29Tweet18Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: "Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose" Mu itangazo ryasohowe kuri uyu wa kabiri, umutwe wa AFC/M23 watangaje ko ibiri kuba hirya no...

Read moreDetails
Next Post
Byishimo Patrick explained how FARDC, FDLR, and Burundian soldiers are committing genocide against the Banyamulenge

Byishimo Patrick explained how FARDC, FDLR, and Burundian soldiers are committing genocide against the Banyamulenge

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?