• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uru hande rw’Ingabo za leta ya Kinshasa, ruvuga ko hari ibice rwafashe rubyambuye M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
May 20, 2024
in World News
0
Uru hande rw’Ingabo za leta ya Kinshasa, ruvuga ko hari ibice rwafashe rubyambuye M23, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ubuyobozi bw’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa rwagize icyo rutangaza ku mirwano ikaze yabasakiranije na m23 ku munsi w’ejo hashize, tariki ya 19/05/2024.

You might also like

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Ni imirwano yabaye ahagana mu masaha y’umugoroba nyuma yuko no mu masaha y’igitondo hari habaye ibindi bitero mu bice byo muri teritware ya Rutshuru, nk’uko byavuzwe n’umuvugizi wa FARDC mu Ntara ya Kivu y’Amajyarugu.

Uyu muvugizi wo ku ruhande rw’ingabo za leta, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Ndjike Kaiko Guillaume yatangaje ko mu mirwano yabaye kuri uyu wo ku Cyumweru, ingabo zo ku ruhande rwa leta zirukanye abarwanyi ba M23 mu gace ka Kisuma, bityo izi ngabo za RDC ngo zihita zegera ibice bya Bihambwe, Kaniro na Kinigi, byo muri teritware ya Masisi, muri yi Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Yanavuze ko Wazalendo bafashe akandi gace ka Mutama ko muri teritware ya Rutshuru, kandi ahamya ko kafashwe mu masaha yo ku gicamunsi cyo kuri uyu wo ku Cyumweru.

Ibi byatumye Minembwe Capital News igerageza kubaza umuvugizi wa M23 mu bya gisirikare, Lt Col Willy Ngoma, ku bwa mahirwe make ntiyabasha gufata telefone yacu. Ariko amakuru twahawe n’umurwanyi wa M23 utemerewe gutanga amakuru; tukimara ku mubaza ay’amakuru, yasetse cyane, avuga ko ibi bice byose ingabo za leta zivuga ko zabyigaruriye biki genzurwa na M23. Ndetse yongeraho ko kuva iyi ntambara y’ubura mu 2021, ntagace kangana na santimetre ihuriro ry’Ingabo za RDC zirambura.

Yagize ati: “Biratangaje, uru hande rwa leta kuki rwibeshera!! Ibi bice byose bavuga ko bafashe nitwe tubigenzura. Yewe kuva twanatangira iyi ntambara ntagace baratwambura. Habe na santimetre imwe.”

Ku rundi ruhande amakuru avuga ko mu mirwano yabaye ku munsi w’ejo hashize, ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ryo ngeye gukoresha indege z’intambara zo mu bwoko bwa Sukhoï-25. Ariko mu gutera ibisasu ngo bigwa mu mihana y’abatutage bo muri ibi bice byabereyemo imirwano byo muri teritware ya Rutshuru.

Ay’amakuru akomeza avuga ko iz’indege mu kuja gutera ibisasu zahagurukiye ku kibuga cy’indege cya Goma.

Gusa kugeza ubu ibyangirijwe n’ibyo bisasu byatewe n’indege ntibiramenyekana. Ki mwe ho ibyo bisasu byatewe mu bice bituwemo.

Hagati aho M23 irasatira gufata Minova, ni mu gihe imaze igihe izengurutse aka gace, ndetse ikaba iri no mu misozi ya teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Epfo.

           MCN.
Tags: Ibice rwa fasheRutshuruRwa letaUru hande
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 7, 2025
0
Perezida Trump Yashimye ‘Ubwenge n’Urukundo’ rwa Kagame na Tshisekedi mu Masezerano y’Amahoro Yahinduye Amateka

Qatar Yiyemeje Gukomeza Gushyigikira Amasezerano ya Washington Hagati ya RDC n’u Rwanda Leta ya Qatar yongeye kwemeza ko izakomeza kugira uruhare rugaragara mu gushyigikira ishyirwa mu bikorwa ry’amasezerano...

Read moreDetails

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Auto Draft

Netanyahu Yasabye Perezida Herzog Imbabazi Zigamije Guhagarika Urubanza Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yafashe icyemezo gikomeye cyo gusaba Perezida Isaac Herzog kumuha imbabazi zigamije guhagarika urubanza rwe...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
December 4, 2025
0
Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington

Perezida Kagame yakiriye ku meza abayobozi b’Abanyamerika mbere y’isinywa ry’amasezerano ya Washington Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ku meza abayobozi bakomeye bo mu Nteko Ishinga...

Read moreDetails

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

by Bahanda Bruce
December 2, 2025
0
Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe – Perezida Museveni

Facebook Igiye Kongera Gukora muri Uganda nyuma y’igihe kirekire Ifunzwe - Perezida Museveni Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko Guverinoma ye iri mu cyiciro cya nyuma...

Read moreDetails

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

by Bahanda Bruce
December 1, 2025
0
Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya

Inkongi y’Umuriro Yashegeshe Isoko Rinini i Juba: Ibicuruzwa, Amaduka n’Imidugudu birashya Amakuru aturuka mu Murwa Mukuru wa Sudan y’Epfo, Juba, aravuga ko inkongi y’umuriro yibasiye isoko rinini rya...

Read moreDetails
Next Post
Mpuruyaha, y’amakuru y’inyoni yahawe perezida w’u Burundi nk’ikimenyetso cy’u bushuti bukomeye.

Mpuruyaha, y'amakuru y'inyoni yahawe perezida w'u Burundi nk'ikimenyetso cy'u bushuti bukomeye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?