Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urubyiruko rw’Abanyamulenge rwagaragaje impungenge ruterwa n’ibyo benewabo bakorerwa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 12, 2024
in Regional Politics
0
Urubyiruko rw’Abanyamulenge rwagaragaje impungenge ruterwa n’ibyo benewabo bakorerwa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urubyiruko rw’Abanyamulenge rwagaragaje impungenge ruterwa nibyo benewabo bakorerwa muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni mu kiganiro cyari gifite insanganyamatsiko igira iti: “Ubutabera bwa mbukiranya imipaka,” cyari cyateguriwe i Bukavu ku wa Gatandatu w’iki Cyumweru dusoje, giteguwe n’amashirahamwe abiri irya Interpeace na Pool Institute.

Muri iki kiganiro Abanyamulenge bacyitabiriye bari bayobowe na Pilote Rubaba ndetse n’abo muri Humura bahagarariye abanyeshuri b’Abanyamulenge biga ku mashuri ya Kaminuza i Bukavu, bavuze ko bibaza impamvu Abanyamulenge batunze ibyangombwa biba byuzuye, ariko ngo bagira nk’aho berekeje, bikarangira bagize ibyago ahanini baterwa n’inzego ziba zishinzwe umutekano.

Bagize bati: “Ntibisobanuka neza, nk’u muntu uba ufite ibyangombwa by’uzuye, ariko yagera ku mupaka cyangwa kuri port ndetse no kuri Aéroport, kubera ko ari umunyamulenge bakamusaba gufungura telephone ye ngobarebemo ibirimo. Ibi ntabandi bikorerwa usibye abo mu bwoko bw’Abanyamulenge.”

Bakomeje bavuga bati: “Kugeza ubu ntiturabyumva, biza biducanga, tukabura icyo tuzira muri iki gihugu!! Kandi ariho iwacu, ntahandi duteze kugira iwacu usibye aha muri Congo.”

Aba Banyamulenge bakomeje kugaragaza n’izindi mpungenge zishikira benewabo mu maserivise atandandukanye yaho baba bageze muri iki gihugu. Ariko kandi bavuga ko ibi bakunze guhura nabyo mu Ntara ya Kivu Yaruguru n’iy’Epfo, mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Iki kiganiro kandi cyari cyatumiwemo n’urundi rubyiruko rwo mu yandi moko, Abashi, Ababembe ndetse n’Abapfulero.

                    MCN.
Tags: BenewaboBukavuimpungengeUrubyiruko rw'Abanyamulenge
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru mashya y’ingabo z’u Burundi na FDLR zavuzwe mu Rugezi ho mu misozi miremire y’Imulenge, mu Ntara ya Kivu y’Epfo, menya ibyazo.

Amakuru mashya y'ingabo z'u Burundi na FDLR zavuzwe mu Rugezi ho mu misozi miremire y'Imulenge, mu Ntara ya Kivu y'Epfo, menya ibyazo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?