• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urubyiruko rw’Abanyekongo rurimo Abakobwa n’Abahungu, binjijwe mu gisirikare cya FARDC.

minebwenews by minebwenews
February 1, 2024
in Regional Politics
0
Urubyiruko rw’Abanyekongo rurimo Abakobwa n’Abahungu, binjijwe mu gisirikare cya FARDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urubyiruko rugera ku 786 rw’Abanyekongo rurimo Abakobwa n’Abahungu, binjijwe mu gisirikare ngo baje guhangana na M23.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Bya vuzwe ko ruriya rubyiruko rw’Abanyekongo ahanini bavanwe mu bice byo muri teritware ya Masisi, Rutsuru na Nyiragongo, mu Ntara ya Kivu Yaruguru, nk’uko byemejwe n’u muvugizi wa FARDC muri Sokola 1, Captain Muwalushayi Antony.

Yagize ati: “M23 iterwa inkunga n’u Rwanda bityo mu bice M23 irimo uruby’iruko 786 barimo abakobwa 26, biyemeje kujya mu Gisirikare cya RDC.”

Yakomeje agira ati: “Aba basore bakunda igihugu cyabo banze gufatanya n’abanzi, bose biyemeje gukorera i Gihugu, munsi y’ibendera ry’igihugu , guhorera ababyeyi babo, abavandimwe na bashiki babo.”

Ay’amakuru kandi yemejwe na Colonel Faustin Ndakala, ushinzwe ikigo gikorerwamo imyitozo ya Gisirikare cyitiriwe Chiko Tshitambwe.

Iki kigo giherereye mu birometre 12 uvuye mu Burengerazuba bw’u Mujyi wa Beni, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Colonel Faustin Ndakala, ushinzwe ibikorwa byo kwinjiza mu gisirikare, yavuze ko mbere y’uko urwo rubyiruko rwa bokorera bushake ba banza guhurizwa kuri site ya Rwindi, muri teritware ya Rutsuru, nyuma bazabone koherezwa mu kigo cya Chiko Tshitambwe, i Beni.

Bivurwa ko urubyiruko rurenga 40000 rwa Banyekongo ko rumaze kwinjizwa mu gisirikare cya FARDC, kuva mu mwaka w ‘2023 kugeza ubu.

Hagati aho ishami rw’umuryango w’Abibumbye, Monusco ndetse na UNICEF, bakoze igenzura hagamijwe kurwanya ko abana binjizwa mu gisirikare.

Ibi bibaye mugihe imirwano yo ikomeje kubica bigacika muri teritware ya Masisi, hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Abakobwa n'AbahunguBinjijwe igisirikareUrubyiruko rw'Abanyekongo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Col. Vianney Kanyamuhanda, wa menyekanye cyane kw’izina rya Kazarama, yakojeje isoni abatangaza ko yaguye mu mirwano, muri Masisi.

Col. Vianney Kanyamuhanda, wa menyekanye cyane kw'izina rya Kazarama, yakojeje isoni abatangaza ko yaguye mu mirwano, muri Masisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?