• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Urugamba rukaze ruramukiye mu marembo y’umujyi wa Kanyabayonga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
June 1, 2024
in World News
0
Urugamba rukaze ruramukiye mu marembo y’umujyi wa Kanyabayonga, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu nkengero za Kanyabayonga haramukiye imirwano ikaze hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni imirwano yatangiye igihe c’isaha z’igitondo cyakare cyo kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 01/06/2024, nk’uko amasoko yacu abivuga.

Iy’i mirwano iri kubera mu duce turi mu ntera y’ibirometre nka 4 uvuye muri centre ya Kanyabayonga. Amakuru avuga ko iyi mirwano ikomeje kumvikanamo imbunda ziremereye n’izito kandi ko ibyo byatumye abaturage bakomeza guhunga bagana mu bice bitari kuberamo intambara.

Muri izi nkengero za centre ya Kanyabayonga zatangiye kuvugwamo imirwano kuva ku wa Gatatu w’iki Cyumweru turimo, aho abarwanyi ba M23 basa nabamaze kuzenguruka uyu mujyi muto ariko ufatwa nk’ingenzi mu Ntara ya Kivu Yaruguru, kuko wibitseho ubutunzi kamere ndetse ukaba unakorerwamo ubucuruzi butandukanye harimo n’ubwamabuye y’agaciro.

Mu makuru yatanzwe n’ibiro ntara makuru by’Abafaransa, AFP, byavuze ko byahawe amakuru yo mu ibanga avuga ko M23 igeze hafi na centre ya Kanyabayonga ko kandi ibintu byo muri uwo mujyi byamaze kuvurungana.

Mu ijoro ryo ku wa Kane w’iki Cyumweru turimo ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zari zahunze muri uyu mujyi, ni mu gihe zari zikanze M23 ko yaba yamaze ku wugeramo.

Kugeza ubu urusaku rw’imbunda ni rwinshi muri ibyo bice, kandi M23 ikomeje kuja imbere ari nako yirukana abo ku ruhande rwa leta ya Kinshasa.

          MCN.
Tags: IkazeKanyabayongaKinshasa
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Perezida  Félix Tshisekedi yashizeho umuyobozi mushya w’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza(Agence Nationale de Reinseignements).

Perezida Félix Tshisekedi yashizeho umuyobozi mushya w'ikigo cy'igihugu gishinzwe iperereza(Agence Nationale de Reinseignements).

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?