Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urugamba rwa M23,rwo ngeye gukomerera Ingabo z’u Burundi, k’urundi ruhande Imbonerakure kure ninshi bari koherezwa muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 17, 2024
in Regional Politics
1
Urugamba rwa M23,rwo ngeye gukomerera Ingabo z’u Burundi, k’urundi ruhande Imbonerakure kure ninshi bari koherezwa muri RDC.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urugamba ruri kubera mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ruhanganishije umutwe w’inyeshamba wa M23 n’Ingabo z’u Burundi zirimubufatanye n’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, rwa subiye gufata indi ntera iri k’urwego ruhanitse.

You might also like

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

Nimugihe Abasirikare b’u Burundi bagiye gufasha FARDC ku rwanya M23 bahawe itegeko ryo kutazongera gukoresha telephone ngendanwa, guhera ejo hashize tariki ya 16/01/2024, nyuma y’uko urugamba rwari rwongeye ku baremerera.

Bya vuzwe ko abasirikare b’u Burundi, bemerewe gutunga telephone ari abayoboye amabatayo, nk’uko tubikesha urubuga rwa Ninihazwe Pacifique, ukora mu rugaga rutabariza abarundi bari mu byago.

Mu nyandiko ze, yagize ati: “Igisirikare c’u Burundi nticifuza ko hari amakuru y’urugamba aja hanze, nk’uko byabaye mu mezi yashize.”

Iy’inkuru ikomeza ivuga ko hari i Nama yayobowe na Brig Gen Elie Ndizigiye, wa mamaye kw’izina rya Muzinga, muriyo Nama asezerera Abasirikare b’u Burundi bari k’u butaka bwo mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, kutazongera gukoresha telephone ngendanwa.

Mur’izo nyandiko za Pacifique, yanavuze ko iyo Nama yabaye k’u wa Gatandatu, wi Cyumweru gishize. Bivuze ko Abasirikare b’u Burundi bari mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, batozongera ku vugana n’imiryango yabo.

Yagize ati: “Imiryango ntizongera kumenya amakuru y’Abasirikare babo baguye ku rugamba, birarangiye.”

Yatanze ubuhamya bw’umusirikare mukuru uyoboye Batayo mu Ngabo z’u Burundi ziri muri RDC, uzwi kw’izina rya Leandre Kavamahanga, akaba afite ipeti rya Colonel, agira ati: “Colonel Leandre Kavamahanga, yavuganye umubabaro w’u buryo amakuru abatanga, bakaja kwitera hejuru urubuga rwa Pacifique rwanditse imipango y’igisirikare cyapanze k’u rwanya M23.”

K’u rundi ruhande bya navuzwe ko Batayo yo mu mutwe wa TAFOC, iherereye mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ifashwe nabi muri iki gihe.

Ati: “Abasirikare bomuri TAFOC, ntibakigira ibyo bambara n’ibyo barya. Ubu birabagoye”

Mu busanzwe muri RDC habarizwa Batayo zirindwi, zo mu Ngabo z’i gihugu c’u Burundi. Batayo zitandatu zibarizwa muri Kivu y’Amajyaruguru, mu gihe indi imwe ar’iyo ibarizwa mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Andi makuru n’uko urubyiruko rwo mw’ishyaka riri k’ubutegetsi mu Burundi CDD-FDD, r’uzwi cyane kw’izina ry’Imbonerakure basoje imyitozo y’Abapara Komando, bikaba bya vuzwe ko abasoje ariya mahugurwa kugira boherezwa mu Burasirazuba bwa RDC k’u rwanya M23.

Amakuru yizewe avuga ko iriya myitozo yamaze iby’umweru bi biri, ikaba yarabereye muri Komine Rugombo na Mugina mu Ntara ya Cibitoki, ahahana imbibi na Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Bruce Bahanda.

Tags: Imbonerakure ziri koherezwa muri RDCRwo ngeye gukomerera Ingabo z'u BurundiUrugamba rwa M23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 20, 2025
0
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

U Rwanda rwagize icyo ruvuga ku ntambwe imaze guterwa hagati ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Leta y'u Rwanda yatangaje ko yishimiye isinywa ry'inyandiko y'amahame y'ibanze ngenderwaho aganisha...

Read moreDetails

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana Ingabo mu duce igenzura.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Avugwa mu biganiro by’i Doha byahuriyemo intumwa za M23 n’iza leta y’i Kinshasa.

AFC/M23 yatanze umucyo kubyo Leta yavuze ko bemeranyije kuvana ingabo mu duce igenzura. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 ryabeshyuje Leta y'i Kinshasa yatangaje ko iri huriro rigomba...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyimbitse ku masezerano RDC na AFC/M23 bagiranye. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'ihuriro rya AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025, byashyize umukono ku mahame...

Read moreDetails

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa gatandatu tariki ya 19/07/2025,...

Read moreDetails

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
July 19, 2025
0
Ibyingenzi wa menya ku biganiro birimo kubera i Doha hagati ya RDC na AFC/M23.

Amakuru mashya kubiganiro biri kubera i Doha, hagati ya RDC na AFC/M23. Nyuma y'iminsi itari mike i Doha muri Qatar hari kubera ibiganiro by'imishyikirano hagati ya Repubulika ya...

Read moreDetails
Next Post
Lt Gen Sikabwe Fall, yongeye kwizeza abaturage baturiye ibice bigenzurwa n’inyeshamba za M23 kuzirikana icyo FARDC igiye gukora.

Lt Gen Sikabwe Fall, yongeye kwizeza abaturage baturiye ibice bigenzurwa n'inyeshamba za M23 kuzirikana icyo FARDC igiye gukora.

Comments 1

  1. Mugunguza Fidèle says:
    2 years ago

    Ntibizoroha. Aha bigeze m23 igiye gushira intambara kumugaragaro. Yaritegerejeko hazagera reta ikemera ibiganiro ark biranze ntayandi mahitamo asigaye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?