• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urugo rwa Moïse Katumbi Chapwe, rwa zengurutswe n’inzego zishinzwe umutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
January 8, 2024
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ahagana isaha z’igicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere, itariki ya 08/01/2024, urugo rwa Moïse Katumbi, umwe mu bakandida biyamamariza u mwanya w’umukuru w’igihugu, mu matora aheruka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, rwa zengurutswe n’igisirikare ca RDC ndetse n’Igipolisi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

N’ibya baye ahagana mu kanya Gato gashize aho bya vuzwe ko urugo rwa Moïse Katumbi Chapwe, rwa goswe n’inzego zishinzwe u mutekano muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ari uruherereye mu gace ka Kashobwe, aha akaba ar’ i Lubumbashi, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Haut-Katanga, muri Republika ya Demokarasi ya Congo.

Mu makuru yatanzwe n’ibinyamakuru byinshi bya Kinshasa, avuga ko Moïse Katumbi, y’ahawe amabwiriza yo kutava mu rugo rwe, nk’uko yabisabwe n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi. Ibi yasabwe mu minsi ibiri ishize nk’uko iy’inkuru ikomeza ivuga.

Bibaye mugihe i shyaka rya Ensemble pour La République, riyobowe na Moïse Katumbi, risohoye icyegeranyo gisaba ko Amatora yasubirwamo bundi bushya.

Mur’iryo tangazo bagize bati: “Turasaba CENI, niba Koko ishaka amahoro yareka Amatora agasubirwamo, mu gihe ibyo bitabaye hari ingamba zigiye gufatwa mu maguru mashya.”

Tubibutsa ko Amatora yo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yabaye ahagana tariki ya 20/12/2023.

Bruce Bahanda.

Tags: Rwa zengurutswe n'inzego zishinzwe u mutekano muri RDCUrugo rwa Moïse Katumbi Chapwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Umuryango w'Abibumbye, mw'ishamyi rirengera ikiremwa muntu, barashinja abategetsi ba RDC, kuba inyuma y'amagambo ahembera Amacyakubiri mu Burasirazuba bwa RDC.

Comments 1

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Ni bareke Moise yidagadure niyo bamwibye amajwi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?