• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urugo rw’uwahoze ari minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Kamanzi Kibibi, rwagabweho igitero cya Wazalendo.

minebwenews by minebwenews
December 22, 2023
in Regional Politics
2
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mw’ijoro ryo kw’itariki 20/12/2023, rishira ku wa Kane, tariki ya 21/12/2023, uwahoze ari minisitiri Kamanzi Kibibi, yagabweho igitero cya Wazalendo, gisiga cyangirije byinshi iwe.

You might also like

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

N’igitero yagabweho iwe murugo, ahagana isaha za saa Saba z’ijoro, i Kinshasa, kumurwa Mukuru w’igihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo nk’uko iy’inkuru ibivuga, n’uko Kamanzi Kibibi, uvuka mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, w’u mu Nyamulenge, yaje kw’irwanaho birangira kiriya gitero agisubije inyuma.

Ubwo bariya Wazalendo bamugabyeho igitero baje bitwaje imihoro n’Ibyuma ndetse n’amabuye. Byavuzwe ko yirwanyeho gusa aza gukomereka ndetse aranavunika bikabije.

Ubuhamya twahawe bugira buti: “Wazalendo bagabye igitero murugo rwa Depite Kamanzi Kibibi ijoro ry’ejo hashize. Ntakindi bamujije bamujije isura ye n’ubwoko bwe abatutsi. Nabagabye kiriya gitero baje bigamba ati: uyu mututsi, umunyarwanda.”

Ibihe byinshi abo mu bwoko bw’Abatutsi, muri Republika ya Demokarasi ya Congo, bagiye bicwa bazira ubwoko bwabo, abatishwe bagafungwa abandi bagakomeretswa.

Abanyamulenge n’Abatutsi muri rusange bakomeje gutakira imiryango Mpuzamahanga n’iyimbere mu gihugu kubagoboka.

Tubibutsa ko Kibibi Kamanzi y’igezeho kuba minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo nyuma yaho aza kuba minisitiri w’ungirije w’igihugu muriyo minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi.

Bruce Bahanda.

Tags: Kamanzi KibibiKinshasaRwagabweho igitero cya WazalendoUrugo rw'uwahoze ari minisitiri w'ubuhinzi n'ubworozi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w'u Rwanda Amakuru aturuka mu gihugu cy'u Burundi avuga ko perezida w'iki gihugu Evariste Ndayishimiye, yategetse imbonerakure...

Read moreDetails

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho

Ibyumviakanyweho i Doha hagati ya RDC na M23, Amerika yabivuzeho Leta Zunze ubumwe z'Amerika zashimye umwanzuro wafatiwe mu biganiro by'i Doha muri Qatar wo guhagarika imirwano hagati y'Ingabo...

Read moreDetails

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails
Next Post

FCC, ya Joseph Kabila, wahoze ari perezida wa RDC, irahamagarira abanye-kongo guhaguruka bakarandura ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Comments 2

  1. Stephanos says:
    2 years ago

    Nukubesha ngirango we ntacyo bomutwara kabisa

  2. SEBINTU NKINZINGABO JOTHAM says:
    2 years ago

    Messages zanyu nta makuru arambuye ziduha…! Kubera iki? Muba mwabuze ibyo mwanduka?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?