• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Urujijo kw’ifungwa ry’umunyamulengekazi, Bintu, wafunzwe azira amaphoto, haribazwa ahafungiwe ubu?

minebwenews by minebwenews
October 19, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urujijo kw’ifungwa ry’umunyamulengekazi Bintu, umudamu wa Colonel Muyoboke nawe ufunguwe i Bukavu, kumurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Epfo.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Amakuru yahawe Minemwe Capital News, n’uko uyu mudamu wari ufungiwe Uvira kuva mumpera z’Ukwezi kwa Cyenda(9), kuri uyu wa Kabiri(2), tariki 17/10/2023, abamugemuriye ibiryo basanze ntawe ugifungiye aho yarari kuri biro 2. Bahitamo gusubira inyuma.

Minembwe Capital News, yagerageje kubaza maze baduha inkuru ko uyu mudamu yoba yarajanwe gufungirwa i Kinshasa cangwa i Bukavu.

Uwatanze ayamakuru yagize ati: ” Kuri uyu wa Kabiri, abahoraga bamugemurira ifunguro, bageze aho yahoraga afungiwe Uvira basanga ntawe ugihari. Twahawe Amakuru ko yajanwe mu mudoko ija i Bukavu ashorewe n’abasirikare ba biri bafite ipeti rya Captain.”

Uyu waganiraga na Minemwe Capital News, y’unzemo kandi ati: “Kugeza ubu ntituzi ko koko yajanwe i Bukavu cangwa i Kinshasa.”

Madame Colonel Muyoboke, Bintu, yafashwe n’ingabo za FARDC zomuri brigade ya 12, afatiwe mu Minembwe ku Kiziba, tariki 15/09/2023. Ubwo bamufataga bamubwiye ko bamufungiye amaphoto ye yagaragajwe ari kumwe n’abaturage b’irwanaho bo mwitsinda rya Twirwaneho.

Yaje gufungirwa mu Minembwe, i Cyumweru kimwe nyuma baza ku mu manura Uvira akaba ariho yarafungiwe. Ubwo nyuma gato umugabo we Muyoboke, usanzwe akorera leta ya Kinshasa muri servise y’igipolisi akaba afite ipeti rya Colonel, nawe yaje gufatwa arafungwa azira umudamu we wiphotoje ari kumwe n’abaturage b’irwanaho.

Bintu, ni umudamu uri mukigero cyimyaka irihagati ya 45 na 40 akaba asanzwe yari umuntu wikorera kugitice kandi atuye Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Epfo. Kuzamuka i Misozi miremire y’i Mulenge aza gufungwa, byavuzwe ko yaragiye gusuzuma inka ze zari mu Minembwe.

Abanyamulenge(Tutsi), bagize igihe batakira amahanga ko bagize igihe barengana kugeza ubu ntibarabona ubumva bamwe bamaze imyaka n’imyaka bafungiwe i Kinshasa, bataburana abandi bafungiwe i Bukavu, n’ahandi, aba Banyamulenge bakunze kuvuga ngo n’inde uzarenganura Abanyamulenge???? Igisubizo ngocaba cihishe muribo, ku kibona ni umugisha .

By Bruce Bahanda.

Tags: BintuBukavuKinshasaMinembweUrujijo kw'ifungwa ry'umunyamulengekaziWafunzwe azira amaphoto
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

leta ya Republika ya Demokarasi ya Congo, yashizeho itegeko rirengera abashinzwe kuvuganira ikiremwa muntu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?