• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, March 7, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Urukiko rukuru muri Kenya rwitambitse imbere icyemezo cya perezida cyo gushyiraho visi we.

minebwenews by minebwenews
October 19, 2024
in World News
0
Urukiko rukuru muri Kenya rwitambitse imbere icyemezo cya perezida cyo gushyiraho visi we.
73
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urukiko rukuru muri Kenya rwitambitse imbere icyemezo cya perezida cyo gushyiraho visi we.

You might also like

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Ikomeje Gukaza Umurego

Isi Yacitsemo Ibice Nyuma y’Intambara ya Iran, Israel na Amerika: Ibihugu Bitandukanye Byatangiye Kugaragaza Aho Bihagaze

Mu gihugu cya Kenya urukiko rukuru rwaho rwahagaritse icyemezo cyo kweguza uwari visi perezida w’iki gihugu, Rigathi Gachagua wari wakuwe kuri uyu mwanya ku wa Kane tariki ya 17/10/2024.

Iki cyemezo cyafashwe n’urukiko rukuru rwo muri iki gihugu cya Kenya ku wa Gatanu w’ejo hashize wo kw’itariki ya 18/10/2024. Byabaye nyuma yamasaha make inteko ishinga mategeko itoye icyemezo cyo kweguza visi perezida, Rigathi Gachagua ku mwanya wa visi perezida.

Ndetse kandi n’icyemezo cyaje mu gihe perezida William Ruto yari yamaze gushyira undi visi perezida, ari we Kithure Kindiki waje asimbura Rigathi Gachagua.

Umucamanza wasomye iki cyemezo yitwa Chacha Mwita ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu w’ejo hashize, yavuze ko ikirego cya Gachagua cyazamuye ibibazo bikomeye birebana n’amategeko n’inyungu rusange.

Mu gihe yasomaga iki cyemezo, yavuze kandi ko icyemezo cyo kweguza Gacahagua kiba gihagaritswe ishyirwa mu bikorwa ryo gushyiraho umusimbura kugeza tariki ya 24 z’uku kwezi kwa Cumi, ubwo iki kibazo kizaba kiganiriweho imbere y’urukiko.

Umucamanza kandi yanasabye perezida w’urukiko rw’ikirenga gushyiraho inteko izaburanisha iki kirego.

Iki cyemezo kandi kivuga ko kigomba guhita gishyikirizwa perezida w’urukiko rw’ikirenga kugira ngo agifateho umwanzuro.

Abanyamategeko ba Gachagua bari batanze ikirego cyo kujurira kuri iki cyemezo cyari cyafashwe na Sena ya Kenya ku wa Kane, bavuga ko cyihutishijwe cyane, ndetse ko atabanje kumvwa nyamara afite impamvu zumvikana z’uburwayi, ndetse ko hafashwe icyemezo gihutiweho cyo kumusimbura.

Ikirego cyabo banyamategeko hari aho kigira kiti: “Habayeho kwihuta mu gukura ku butegetsi visi perezida ndetse noguhita bashyiraho undi muntu, ibintu byakoranywe umugambi wo gushaka guhahamura visi perezida, bityo rero iki kirego gikwiye gusuzumwa byihuse.”

           MCN.
Tags: IcyemezoKenyaRwitambitse imbereUrukiko rukuruVisi perezida
Share29Tweet18Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran Mu gihe amakuru n’isesengura bitandukanye bikomeje kugaragaza ko intambara ishobora...

Read moreDetails

Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Ikomeje Gukaza Umurego

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Ikomeje Gukaza Umurego

Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati Ikomeje Gukaza Umurego Intambara ikomeje gufata indi ntera mu Burasirazuba bwo Hagati, aho igisirikare cya Israel cyagabye ibitero bishya by’indege ku nkengero z’amajyepfo...

Read moreDetails

Isi Yacitsemo Ibice Nyuma y’Intambara ya Iran, Israel na Amerika: Ibihugu Bitandukanye Byatangiye Kugaragaza Aho Bihagaze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Auto Draft

Isi Yacitsemo Ibice Nyuma y’Intambara ya Iran, Israel na Amerika: Ibihugu Bitandukanye Byatangiye Kugaragaza Aho Bihagaze Intambara iri hagati ya Iran, Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel

Ibikoresho by’Ingenzi byasenywe mu Gikorwa cya Gisirikare Cyitondewe cya Israel Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zagabye igitero gikomeye cyibasiye ibikorwa by’ingenzi byari bigize gahunda ya misile ziraswa...

Read moreDetails

Abapfuye muri Iran Bakomeje Kwiyongera, Misile Yageze muri Turikiya mu gihe Amerika na Israel Bakomeje Ibitero Simusiga

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Amerika na Israel Byagabye Igitero Simusiga kuri Irani

Abapfuye muri Iran Bakomeje Kwiyongera, Misile Yageze muri Turikiya mu gihe Amerika na Israel Bakomeje Ibitero Simusiga Intambara iri guhuza Iran n’ihuriro rigizwe na Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post
Abari abayobozi bakuru mu mutwe w’iterabwoba wa ADF bishwe.

Abari abayobozi bakuru mu mutwe w'iterabwoba wa ADF bishwe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?