• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 23, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC, rwirukanye abadepite bagera kuri 49 muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, haza abandi bashya.

minebwenews by minebwenews
March 13, 2024
in Regional Politics
0
Urukiko rurengera itegeko nshinga muri RDC, rwirukanye abadepite bagera kuri 49 muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, haza abandi bashya.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abadepite bagera kuri 49 birukanwe muri leta ya perezida Félix Tshisekedi, haza abandi bashya bivugwa ko aribo batowe n’abaturage.

You might also like

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

Ni kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 12/03/2024, byemejwe n’urukiko rurengera itegeko nshinga, muri Repubulika ya demokarasi ya Congo ko mu nteko nshinga mategeko, hirukanwa abadepite 49 bivugwa ko batowe mu buryo butemewe.

Uru rukiko rukaba rwanasohoye n’urutonde rushya rw’abadepite, bavuga ko aribo batowe mu buryo bwemewe n’amategeko, mu matora aheruka kuba muri icyo gihugu, umwaka ushize w’ 2023.

Nk’uko uru rukiko rwa bisobanuye, rwavuze ko hari abadepite bagera kuri 49 byari bizwi ko batsinze amatora, ko ndetse bari batangiye kujya bitabira i Nama nshya, mu nteko nshinga mategeko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, ariko ko batari baratowe mu buryo bwiza bwemewe.

Bityo bakaba bamaze kwirukanwa mu nteko nshinga mategeko yico gihugu, maze haza abandi bashya, nk’uko uru rukiko rwabivuze mu butumwa batanze ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Kabiri.

Muri urwo rutonde rushya hakaba hajemo na Alexis Muvunyi Gisaro Muhoza, uvuka mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Gisaro akaba atsindiye kuba depite k’urwego rw’i Gihugu.

              MCN.
Tags: Abadepite 49Abandi bashyabirukanweGisaroRdcUrukiko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by’ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

U Burundi bwasabye kimwe mu bihugu by'ibihangange ku isi kubuhuriza mu biganiro n'u Rwanda Perezida w'u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yasabye u Bufaransa ngo bumuhurize mu biganiro n'u Rwanda,...

Read moreDetails

Icyo amakuru avuga ku biganiro perezida w’u Burundi yagiranye na AFC/M23

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Perezida w'u Burundi yagiranye ibiganiro na AFC/M23 Perezida w'u Burundi Evariste Ndayishimiye yagiranye ibiganiro by'ibanga n'intumwa z'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate

Abarundi bakoze igikorwa kigayitse nyuma yibyatangajwe na Sedate Abarundi mu mujyi wa Bujumbura bawutwikiyemo imodoka ifite pulake y'u Rwanda nyuma y'amagambo yatangajwe n'umushoramari w'Umunyarwanda Sadate Munyakazi. Iyi modoka...

Read moreDetails
Next Post
Inzara iravuza ubuhuha mu gipolisi cy’u Burundi, ahanini mu majy’epfo y’iki gihugu.

Inzara iravuza ubuhuha mu gipolisi cy'u Burundi, ahanini mu majy'epfo y'iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?