• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urukiko rwo muri USA, rwanzuye ko Google n’andi masosiyete atanu ntaruhare bafite mugukoresha abana muri RDC, hubwo babyegeka kubategetsi ba congo.

minebwenews by minebwenews
March 6, 2024
in Regional Politics
0
Urukiko rwo muri USA, rwanzuye ko Google n’andi masosiyete atanu ntaruhare bafite mugukoresha abana muri RDC, hubwo babyegeka kubategetsi ba congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urukiko rwo muri leta zunze ubumwe z’Amerika rwanzuye ko Apple, Google n’izindi kompanyi za tekinologi ko ntaruhare zifite mwi koreshwa ry’abana mu birombe bya mabuye y’agaciro muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Kuri uy’u wa Kabiri, tariki ya 05/03/2024, nibwo urukiko rw’u bujurire rwo muri leta zunze ubumwe z’Amerika, rwanze kwemeza ko amasosiyete atanu akomeye y’ikorana buhanga kugira uruhare mu gukoresha abana mu mirimo y’ubucukuzi bwa mabuye y’agaciro muri Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Uru rukiko rw’u bujurire rusanzwe rufite icyicaro muri leta ya Colombia rwe meje ko Google, Apple, Dell Technologies, Microsoft na Tesla, ko ntaruhare naruke bafite mubyo bashinjwa na bamwe mu babyamerika.

Abarimo ba buranisha aya makampani, barimo bayashinja ko batanga isoko mu mirimo yagahato, bakavuga ko kandi bagura Cobalt, ikoreshwa mu gukora bateri ya “lithium-ion” iyi, isanzwe ikora no mubikoresho bya elektlonike, hafi ya bibiri byuko yahoraga igurishwa. Cobalt iboneka muri RDC gusa.

Bakavuga ko abana bishora muri bi byo gucukura amabuye y’agaciro kubera inzara n’ubukene bukabije, bityo ariya masosiyete akaboneraho kubakoresha.

Tariki ya 16/02/2024, abatanga buhamya bari mu rukiko, aho harimo n’abahagarariye abana batanu baguye mu bikorwa byo gucukura amabuye y’agaciro muri RDC.

Ariko urukiko rw’u bujurire ruvuga ko kugura Cobalt mu rwego rwo gutanga amasoko ku isi bitagereranwa no “kugira uruhare mugukoresha abana.”

Umucamanza Neomi Rao yabwiye abarega ko bafite uburenganzira bwo gusaba indishyi, ariko ko badafite ibimenyetso bifatika bishinja biriya bigo bitanu.

Yagize ati: “Abarega ntacyo berekana gifatika, ariko ibi bigo bitanu bifite undi mubano wihariye utarebwa mu igura nigurishwa ry’amabuye y’agaciro.”

Uy’u mucamanza yasoje avuga ko hari abanyapolitike n’abategetsi ba RDC bafite uruhare runini rwo gukoresha abana mu birombe bya mabuye y’agaciro.

         MCN.
Tags: Google Apple Dell Technologies MicrosoftNta ruhare zifite mu gukoresha AbanaRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Bidasubirwaho ingabo za Gen Sultan Makenga, zagaruye ituze muri Centre ya Nyanzare, iherereye muri teritwari ya Rutsuru.

Bidasubirwaho ingabo za Gen Sultan Makenga, zagaruye ituze muri Centre ya Nyanzare, iherereye muri teritwari ya Rutsuru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?