• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abagerageje “kuroga” perezida w’icyo gihugu

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 16, 2025
in World News
0
Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abagerageje “kuroga” perezida w’icyo gihugu
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abagerageje “kuroga” perezida w’icyo gihugu

You might also like

Byinshi wa menya ku nkomoko y’amakimbirane ya Israel na Palestine

Minisitiri w’intebe wa Israel, yagize icyo avuga ku busugire bw’igihugu cye

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

Abantu babiri bashinjwa kugerageza kuroga perezida Hichilema Hakainde wa Zambia, urukiko rwo muri icyo gihugu rwabakatiye igifungo cy’imyaka ibiri.

Abo bagabo bakatiwe bashinjwa kugerageza kuroga perezida wa Zambia, ni Leonard Phil w’Umunyezambia na Jasten Mabulesse Candunde ukomoka muri Mozambique.

Bivugwa ko bafashwe mu mpera z’umwaka wa 2024, nyuma y’aho bafatanwe uburozi burimo umwanda.

Ubushinjacyaha bwagaragaje ko Phiri na Mabulesse bari barahawe ikiraka n’umudepite watorotse ubutabera, kugira ngo bice perezida Hichilema.

Mu rubanza, bo bavuga ko ari abavuzi gakondo, umunyamategeko wabo, Agrippa Malando, we yemeye ko bakoze icyaha, bituma abasabira koroherezwa igihano kuko ari ubwa mbere bakurikiranwe n’u butabera.

Umwe mu bacamanza yagize ati: “Bombi bemeye ko bari batunze uburozi. Phiri yerekanye umurizo w’uruvu yifashisha mu ngingo, bikaba byari guteza urupfu mu minsi itanu.”

Anavuga ko aba bagabo bombi babarozi atari abanzi ba perezida Hichilema gusa, ahubwo ko ari abanzi babanyazambia bose.

Uyu mucamanza yagaragaje ko nubwo siyansi itemera amarozi ko baho, ariko ko abaho kandi ko itegeko ryubahirizwa kuko rirengera sosiyete ishobora guterwa ubwoba n’abavuga ko bafite imbaraga zidasanzwe.

Tags: HichilemaUburoziZambia
Share24Tweet15Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Byinshi wa menya ku nkomoko y’amakimbirane ya Israel na Palestine

by Bahanda Bruce
September 16, 2025
0
Byinshi wa menya ku nkomoko y’amakimbirane ya Israel na Palestine

Byinshi wa menya ku nkomoko y'amakimbirane ya Israel na Palestine Ikibazo cya Israel na Palestine gifatwa nka kimwe mu bibazo bimaze igihe kirekire, kandi kikaba ari nacyo ntandaro...

Read moreDetails

Minisitiri w’intebe wa Israel, yagize icyo avuga ku busugire bw’igihugu cye

by Bahanda Bruce
September 16, 2025
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Minisitiri w'intebe wa Israel, yagize icyo avuga ku busugire bw'igihugu cye Minisitiri w'intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yatangaje ko Ingabo ze zitazahwema kugaba ibitero ku mutwe wa Hamas...

Read moreDetails

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

by Bahanda Bruce
September 14, 2025
0
Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya

Perezida Trump yagaragarije umuryango wa NATO ikizatuma ahana bikomeye u Burusiya Umukuru w'igihugu cya Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yatangaje ko azahana u Burusiya mu gihe ibihugu...

Read moreDetails

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze

Ishuri rya Loni riri muri Gaza ryagabweho igitero gikaze Igisirikare cya Israel kirwanira mu kirere cyagabye igitero gikomeye ku nyubako y'ishuri ry'umuryango w'Abibumbye risanzwe ricyumbikiwemo impunzi mu ntara...

Read moreDetails

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine

by Bahanda Bruce
September 13, 2025
0
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Israel mu burakari bwinshi yavuze ku mwanzuro wa Loni wo gushinga Leta ya Palestine Israel ibinyujije kuri minisitiri wayo w'intebe, Benjamin Netanyahu yakuriye inzira ku murima buri wese...

Read moreDetails
Next Post
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Minisitiri w'intebe wa Israel, yagize icyo avuga ku busugire bw'igihugu cye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?