• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, February 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abagerageje “kuroga” perezida w’icyo gihugu

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 16, 2025
in World News
0
Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abagerageje “kuroga” perezida w’icyo gihugu
65
SHARES
1.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urukiko rwo muri Zambia rwakatiye abagerageje “kuroga” perezida w’icyo gihugu

You might also like

Ubumwe bw’u Burayi mu Ntumbero ku Bibazo by’Ubutabazi n’Umutekano muri RDC

Ikimenyetso cy’Ubwiyongere bw’Umwuka Mubi mu Karere k’Uburasirazuba bwo Hagati

Intambwe Ishobora Gukaza Umwuka w’Intambara Hagati ya Israel n’Abanya-Palestine

Abantu babiri bashinjwa kugerageza kuroga perezida Hichilema Hakainde wa Zambia, urukiko rwo muri icyo gihugu rwabakatiye igifungo cy’imyaka ibiri.

Abo bagabo bakatiwe bashinjwa kugerageza kuroga perezida wa Zambia, ni Leonard Phil w’Umunyezambia na Jasten Mabulesse Candunde ukomoka muri Mozambique.

Bivugwa ko bafashwe mu mpera z’umwaka wa 2024, nyuma y’aho bafatanwe uburozi burimo umwanda.

Ubushinjacyaha bwagaragaje ko Phiri na Mabulesse bari barahawe ikiraka n’umudepite watorotse ubutabera, kugira ngo bice perezida Hichilema.

Mu rubanza, bo bavuga ko ari abavuzi gakondo, umunyamategeko wabo, Agrippa Malando, we yemeye ko bakoze icyaha, bituma abasabira koroherezwa igihano kuko ari ubwa mbere bakurikiranwe n’u butabera.

Umwe mu bacamanza yagize ati: “Bombi bemeye ko bari batunze uburozi. Phiri yerekanye umurizo w’uruvu yifashisha mu ngingo, bikaba byari guteza urupfu mu minsi itanu.”

Anavuga ko aba bagabo bombi babarozi atari abanzi ba perezida Hichilema gusa, ahubwo ko ari abanzi babanyazambia bose.

Uyu mucamanza yagaragaje ko nubwo siyansi itemera amarozi ko baho, ariko ko abaho kandi ko itegeko ryubahirizwa kuko rirengera sosiyete ishobora guterwa ubwoba n’abavuga ko bafite imbaraga zidasanzwe.

Tags: HichilemaUburoziZambia
Share26Tweet16Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Ubumwe bw’u Burayi mu Ntumbero ku Bibazo by’Ubutabazi n’Umutekano muri RDC

by Bahanda Bruce
February 18, 2026
0
Ubumwe bw’u Burayi mu Ntumbero ku Bibazo by’Ubutabazi n’Umutekano muri RDC

Ubumwe bw’u Burayi mu Ntumbero ku Bibazo by’Ubutabazi n’Umutekano muri RDC Intumwa z’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (UE) ziyobowe na Komiseri ushinzwe uburinganire, imicungire y’ibiza n’ubutabazi, Hadja Lahbib, zatangiye...

Read moreDetails

Ikimenyetso cy’Ubwiyongere bw’Umwuka Mubi mu Karere k’Uburasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Ikimenyetso cy’Ubwiyongere bw’Umwuka Mubi mu Karere k’Uburasirazuba bwo Hagati

Ikimenyetso cy’Ubwiyongere bw’Umwuka Mubi mu Karere k’Uburasirazuba bwo Hagati Ubwato rutura bw’intambara bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwasatiriye amazi yegereye igihugu cya Iran, mu gihe umwuka wa...

Read moreDetails

Intambwe Ishobora Gukaza Umwuka w’Intambara Hagati ya Israel n’Abanya-Palestine

by Bahanda Bruce
February 16, 2026
0
Intambwe Ishobora Gukaza Umwuka w’Intambara Hagati ya Israel n’Abanya-Palestine

Intambwe Ishobora Gukaza Umwuka w’Intambara Hagati ya Israel n’Abanya-Palestine Guverinoma ya Isiraheli yemeje gahunda nshya igamije gutangira kwiyandikishaho ubutaka bwo mu gace ka West Bank nk’“ubutaka bwa Leta”....

Read moreDetails

Perezida Trump na Netanyahu mu Biganiro, Ariko Umubano Wabo Wagaragaje Impinduka Zikomeye

by Bahanda Bruce
February 12, 2026
0
Perezida Trump na Netanyahu mu Biganiro, Ariko Umubano Wabo Wagaragaje Impinduka Zikomeye

Perezida Trump na Netanyahu mu Biganiro, Ariko Umubano Wabo Wagaragaje Impinduka Zikomeye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yakiriye Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu,...

Read moreDetails

Turukiya: Imvururu n’Ingumi mu Nteko Ishinga Amategeko

by Bahanda Bruce
February 11, 2026
0
Turukiya: Imvururu n’Ingumi mu Nteko Ishinga Amategeko

Turukiya: Imvururu n’Ingumi mu Nteko Ishinga Amategeko Kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 11/02/2026, inteko ishinga amategeko ya Turukiya iherereye i Ankara yahuye n’imvururu zikomeye, ubwo abadepite bahanganye...

Read moreDetails
Next Post
Israel yagaragaje impamvu yatumye igaba igitero i Doha

Minisitiri w'intebe wa Israel, yagize icyo avuga ku busugire bw'igihugu cye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?