• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, September 8, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urusaku rw’imbunda ziremereye rwu mvikaniye ku muhanda wa Sake-Minova, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

minebwenews by minebwenews
February 4, 2024
in Regional Politics
0
Urusaku rw’imbunda ziremereye rwu mvikaniye ku muhanda wa Sake-Minova, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ibisasu biremereye byatewe ku muhanda wa Sake-Minova, mu Burasirazuba bw’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Bya vuzwe ko biriya bisasu byarashwe ahagana isaha z’umugoroba wajoro wo kuri iki Cyumweru, tariki ya 04/03/2024. N’ibisasu biri kuraswa n’ihuriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, nk’uko iy’i nkuru ikomeje kuvugwa n’abaturage baturiye teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Ibi bisasu birashwe mu gihe abaturage bakomeje guhunga bava Minova bakagana i Bukavu, k’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, abandi bahunga berekeza mu bice bimaze kwigarurirwa na M23, muri teritware ya Masisi na Rutsuru.

Kuva ku mugoroba wo k’uwa Gatanu, w’i Cyumweru dusoje, M23 yarwanye Urugamba bivugwa ko rwari rukomeye. Urwo rugamba bivugwa ko rwasize M23 y’igaruriye ibice byinshi ahanini yafashe ibice byo muri teritware ya Masisi bihana imbibi n’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, k’u munsi w’ejo hashize yashize inyandiko hanze zivuga ko urugamba bamaze kwinjiramo ko ari urwo gucyecekesha intwaro zose zitera imibabaro abaturage ko kandi izo mbunda ar’inzingabo za FARDC, FDLR, Wagner group, SADC na Wazalendo.

N’ubwo biruko umuhanda uhuza Goma na teritware ya Masisi, kuri ubu uragenzurwa n’ingabo za M23, ndetse n’umuhanda wa Rutsuru uyihuza na Goma, udasize umuhanda uhuza Goma n’i Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, nk’uko byemezwa n’Abaganga bakora kuri Centre de Sante ya Kirotshe.

Bruce Bahanda.

Tags: Sake-MinovaumuhandaUrusaku rw'imbunda rw'umvikanye
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Col.Autoproclamé, wo muri Wazalendo, yishwe atemaguwe n’abaturage bo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Col.Autoproclamé, wo muri Wazalendo, yishwe atemaguwe n'abaturage bo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y'Amajy'epfo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?