Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Urutonde rw’ibihugu 10 ku Isi bikanganye ku gisirikare.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 11, 2024
in Uncategorized
0
Urutonde rw’ibihugu 10 ku Isi bikanganye ku gisirikare.
104
SHARES
2.6k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urutonde rw’ibihugu 10 ku Isi bikanganye ku gisirikare.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu bihe bitandukanye tugenda twumva ko hari ibihugu bihambaye haba mu gisirikare ndetse no mu bukungu bwacyo ariko tutazi icyo ibyo bihugu bitunze, haba mu ntwaro n’umubare wa basirikare ibyo bihugu biba bifite cyangwa ayo bigishoramo ngo gikomere. Byatumye MCN tubategurira ibihugu icumi ku Isi biyoboye ibindi, bifite umubare wa basirikare benshi ndetse ni b’itwaro bikanganye.

Igihugu kibanziriza ikindi haza Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Iki gihugu kiza bwa mbere kuko gifite abasirikare benshi ku Isi ndetse n’ibikoresho byinshi, gifite abasirikare bagera kuri miliyoni 2,127,500, kikagira indege 13,209 n’ibifaro bya burenda bigera ku 4,657. Amerika ishora agera kuri biliyoni 831 z’amadolari mu gisirikare mu rwego rwo kugikomeza.

Ku mwanya wa kabiri tuhasanga igihugu cy’u Burusiya.

Mu busanzwe igihugu cy’u Burusiya n’icyo kinini ku Isi, kiri no mu bihugu biyoboye ibindi ku Isi haba mu gisirikare no ku ntwaro, kuko gifite ibibunda biremereye. U Burusiya bufite abasirikare bagera kuri 3,570,000 bukagira kandi indege z’intambara 4,225 n’ibifaro 14,777 iki gihugu gishora agera kuri Biliyoni 109,0 z’amadolari y’Amerika mu bikorwa bya gisirikare.

Ku mwanya wa gatatu haza u Bushinwa.

Ubushinwa buzwiho ko ari ubwa gatatu bufite abaturage benshi ku Isi ni nabwo kandi buyoboye ibihugu byinshi mu gisirikare no ku mbunda, iki gihugu gifite abasirikare bagera kuri miliyoni 3,170,000 indege z’intambara ibihumbi 3,304 ndetse n’ibifaro ibihumbi 5,000 iki gihugu kikaba gishora agera kuri biliyoni 227 z’amadolari y’Amerika.

Ku mwanya wa kane haza u Buhinde

U Buhinde n’icyo gihugu cya mbere gifite abaturage benshi ku Isi kiri kandi no mu bihugu byihagazeho ku ntwaro ndetse n’igisirikare. Iki gihugu gifite abasirikare bagera kuri miliyoni 5,137,550 indege z’intambara 2,216 n’ibifaro ibihumbi 4,614 bushora agera kuri biliyoni 74$ mu gisirikare.

Ku mwanya wa Gatanu haza Korea y’Epfo

Uretse kuba iki gihugu kizwiho ibintu byinshi cyane ni nacyo kiri mu bihugu bitunze intwaro n’abasirikare bagera kuri miliyoni 3,820,000 indege z’intambara 1,576 ndetse n’ibifaro ibihumbi 2,501. Iki gihugu gishora agera kuri biliyoni 44.7$ mu gisirikare.

Ku mwanya wa 6 haza u Bwongereza

U Bwongereza(United Kingdom) bufite abasirikare bagera kuri miliyoni 1,108,860 indege z’intambara 664 ndetse n’ibifaro ibihumbi 213 gikoresha agera kuri biliyoni 62.8 mu gisirikare.

Ku mwanya wa 7 haza u Buyapani

U Buyapani bufite abasirikare bagera ku ibihumbi 328,150 indege z’intambara 1459 ibifaru 518, u Buyapani kandi bukoresha asaga biliyoni 53$ mu bikorwa bya gisirikare.

Ku mwanya wa 8 tuhasanga igihugu cya Turukiya (Turkey)

Iki gihugu gifite abasirikare bagera ku ibihumbi 883,9000 indege z’intambara 1,069 ibifaru 2231 kikaba gikoresha agera kuri biliyoni 40$ mu gisirikare.

Ku mwanya wa Cyenda haza igihugu cya Pakistani

Gitunze abasirikare bagera kuri miliyoni 1,704,000 indege z’intambara 1,434 ibifaru 3,752, gikoresha agera kuri biliyoni 6.3$ mu bikorwa bya gisirikare.

Ku mwanya wa Cumi tuhasanga igihugu cya Italy

Iki gihugu gifite abasirikare bagera ku ibihumbi 289,000 indege z’intambara 8000 n’ibifaro 200, bakoresha agera kuri biliyoni 31.6$ mu bikorwa bya gisirikare.

Ivomo Fox News.

Tags: Bifite igisirikareGikanganyeIbihugu 10
Share42Tweet26Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post
Kuri iyi tariki niyo umusirikare wari uzwiho ubutwari bukomeye, Maj Kagigi yatabarukiyeho.

Kuri iyi tariki niyo umusirikare wari uzwiho ubutwari bukomeye, Maj Kagigi yatabarukiyeho.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?