• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, October 17, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

minebwenews by minebwenews
June 18, 2025
in Conflict & Security
0
Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.
118
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

You might also like

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa

Havutse imvururu hagati y’Abarega n’Ababembe muri Kivu y’Epfo

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

Kiyana Seba wamenyekanye cyane cyane ku izina rya Munigantama, akaba atuye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika uruzinduko yagiriye i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi, bivugwa ko “rwateye ubwoba bamwe mu Banyamulenge benewabo batuye aha i Bujumbura.”

Ni amakuru akubiye mu nyandiko twahawe kuri Minembwe Capital News, aho izo nyandiko zihishyura ko Munigantama kugera kwe i Bujumbura yakiriwe n’abo ziriya nyandiko zise Abanyakagara, ndetse kandi ngo bakorana n’ibiganiro bidasanzwe.”

Nk’uko izo nyandiko zibivuga zigira ziti: “Muningantama ari aha i Bujumbura. Yakiriwe na Nyamusaraba, na Bishop Rushikana.”

Nta gihe izi nyandiko zigaraza uyu mugabo yoba yaragereye i Bujumbura avuye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika aho asanzwe atuye mu myaka ibarirwa mu icumi irenga.

Gusa, zigira ziti: “I Bujumbura ahamaze iminsi mike, kandi iyo ahamaze yose ari mukuyikoranamo ibiganiro n’abantu batandukanye.”

Ibiganiro bivugwa ko Munigantama ari gukoresha i Bujumbura, harimo ibyo akorana n’abasirikare baho, ndetse ibindi akabikorana n’Abanyamulenge bagikorera mu kwaha k’u butegetsi bw’i Kinshasa.

Ziriya nyandiko zikomeza zigira ziti: “Ku cyumweru bari kuri Croix-Rouge muri 7 mu Ngagara. Aha bakoranye ibiganiro n’abasirikare b’i Burundi.”

Aya makuru anagaragaza ko hari Abanyamulenge batuye i Bujumbura bagambiriwe gufungishwa kuri Leta ya Gitega.

Ati: “Har’abantu nka bane bari Sible. Bavuze ko bagomba gufungishwa.”

Ibi bikaba byakuye umutima Abanyamulenge bamaze kumenya aya makuru, nk’uko izo nyandiko zikomeza zibivuga.

Hari aho zagize ziti: “Abanyamulenge bagomba kuba maso kuko uhiga ubuzima bwabo adatuje.”

Hejuru y’ibyo, byavuzwe ko umwe muri aba bagabo bakiriye Kiyana uyu munsi yahise yambuka i Uvira, kandi ko yagiye kubonana na Wazalendo baho.

Ati: “Mu kanya twamenye ko umwe muri bariya yambutse Uvira. Yagiye atumwe(delegue) n’iritsinda ryo kwa Kiyana. Agiye kubonana na Wazalendo.”

Ikinyamakuru cya Kivu New kiri mubyatangaje aya makuru cyo kivuga ko bariya bagabo bose ko bashobora kuba bambutse i Uvira, nubwo ziriya nyandiko zo zigaragaza gusa ko hambutse umwe gusa.

Tags: AfrikaBujumburaKiyana
Share47Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
M23 na RDC bemeranyijwe uburyo bwo guhagarika imirwano

Icyo amakuru avuga ku biganiro RDC na M23 birimo byo guhana imfungwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n'umutwe wa M23 uyirwanya biri mu biganiro byo guhana imfungwa, aho...

Read moreDetails

Havutse imvururu hagati y’Abarega n’Ababembe muri Kivu y’Epfo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Muri RDC abagabo bane batwitswe n’abaturage barashya barakongoka

Havutse imvururu hagati y'Abarega n'Ababembe muri Kivu y'Epfo Amakuru aturuka muri teritware ya Mwenga mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, avuga ko havutse umwuka mubi hagati y'Ababembe n'Abarega, nyuma...

Read moreDetails

RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC yagaragaje impungenge itewe n’umujyi wa Nairobi nyuma y’ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya

RDC yagaragaje impungenge itewe n'umujyi wa Nairobi nyuma y'ibiganiro byawubereyemo byabayirwanya Umuvugizi wa guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo, akaba na minisitiri w'itumanaho wayo, Patrick Muyaya, yavuze...

Read moreDetails

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z’ikindi gihugu ku murinda

RDC: Perezida Tshisekedi yohererejwe Ingabo z'ikindi gihugu ku murinda Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, igihugu cy'u Burundi cya mwoherereje Ingabo kabuhariwe zo ku murindira...

Read moreDetails

Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 16, 2025
0
Kinshasa humvikanye urusaku rw’imbunda z’irimo nini havugwa n’impamvu yarwo

I Kinshasa humvikanye urusaku rw'imbunda z'irimo nini havugwa n'impamvu yarwo Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'igipolisi cya yo, byahanganye n'abajura bateye Bank, hakoreshwa intwaro ziremereye n'izoroheje....

Read moreDetails
Next Post
Uko  mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

Uko mu Minembwe hiriwe ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?