Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 17, 2025
in Conflict & Security
0
Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

You might also like

Uko mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

Kiyana Seba wamenyekanye cyane cyane ku izina rya Munigantama, akaba atuye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika uruzinduko yagiriye i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi, bivugwa ko “rwateye ubwoba bamwe mu Banyamulenge benewabo batuye aha i Bujumbura.”

Ni amakuru akubiye mu nyandiko twahawe kuri Minembwe Capital News, aho izo nyandiko zihishyura ko Munigantama kugera kwe i Bujumbura yakiriwe n’abo ziriya nyandiko zise Abanyakagara, ndetse kandi ngo bakorana n’ibiganiro bidasanzwe.”

Nk’uko izo nyandiko zibivuga zigira ziti: “Muningantama ari aha i Bujumbura. Yakiriwe na Nyamusaraba, Bishop Rushika na Ruhorimbere Cyato.”

Nta gihe izi nyandiko zigaraza uyu mugabo yoba yaragereye i Bujumbura avuye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika aho asanzwe atuye mu myaka ibarirwa mu icumi irenga.

Gusa, zigira ziti: “I Bujumbura ahamaze iminsi mike, kandi iyo amaze yose ari mukiyikoranamo ibiganiro n’abantu batandukanye.”

Ibiganiro bivugwa ko Munigantama ari gukoresha i Bujumbura, harimo ibyo akorana n’abasirikare baho, ndetse ibindi akabikorana n’Abanyamulenge bagikorera mu kwaha k’u butegetsi bw’i Kinshasa.

Ziriya nyandiko zikomeza zigira ziti: “Ku cyumweru bari kuri Croix-Rouge muri 7 mu Ngagara. Aha bakoranye ibiganiro n’abasirikare b’i Burundi.”

Aya makuru anagaragaza ko hari Abanyamulenge batuye i Bujumbura bagambiriwe gufungishwa kuri Leta ya Gitega.

Ati: “Har’abantu nka bane bari Sible. Bavuze ko bagomba gufungishwa.”

Ibi bikaba byakuye umutima Abanyamulenge bamaze kumenya aya makuru, nk’uko izo nyandiko zikomeza zibivuga.

Hari aho zagize ziti: “Abanyamulenge bagomba kuba maso kuko uhiga ubuzima bwabo adatuje.”

Hejuru y’ibyo, byavuzwe ko Ruhorimbere Cyato uyu munsi yahise yambuka i Uvira, kandi ko yagiye kubonana na Wazalendo baho.

Ati: “Mu kanya twamenye ko Ruhorimbere Cyato yambutse Uvira. Yagiye atumwe(delegue) n’iritsinda ryo kwa Kiyana. Agiye kubonana na Wazalendo.”

Ikinyamakuru cya Kivu New kiri mubyatangaje aya makuru cyo kivuga ko bariya bagabo bose ko bashobora kuba bambutse i Uvira, nubwo ziriya nyandiko zo zigaragaza gusa ko hambutse Ruhorimbere Cyato.

Tags: AfrikaBujumburaKiyana
Share39Tweet25Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uko mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

by Bruce Bahanda
June 17, 2025
0
Uko  mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

Uko mu Minembwe hiriwe ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge. Nubwo mu Minembwe no mu nkengero zayo hiriwe amahoro n'ituze, ariko amakuru ava yo avuga ko uyu munsi ku...

Read moreDetails

Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.

by Bruce Bahanda
June 17, 2025
0
Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho.

Uwashinjwaga kuba ishyano ku Banya-Bibogobogo ntakiriho. Kijeyi wari umu-Mai Mai wibaga Inka n'ihene z'Abanyamulenge bo mu gace ka Bibogobogo ho muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

by Bruce Bahanda
June 17, 2025
0
Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y’ibiteye ubwoba abariyo bari babonye.

Icyikango cyari cyose mu Rugezi nyuma y'ibiteye ubwoba abariyo bari babonye. Nyuma y'aho abari mu Rugezi babwiwe ko bari butegwe n'ihuriro ry'Ingabo za Congo mu ijoro ryaraye rikeye,...

Read moreDetails

Hongeye kubura imirwano ikomeye hagati y’ihuriro ry’Ingabo za RDC na M23 muri Kivu Yaruguru.

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Wazalendo yakoreye abaturage igikorwa kigayitse ngo iri guhima AFC/M23.

Hongeye kubura imirwano ikomeye hagati y'Ingabo za RDC na M23 muri Kivu Yaruguru. Urugamba rukomeye rwazindutse rubera mu duce two muri teritware ya Rutshuru mu ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y’i Kinshasa, isi yamubereye nto!

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y’i Kinshasa, isi yamubereye nto!

Minisitiri Mutamba, wari mubavuga rikijana muri Leta y'i Kinshasa, isi yamubereye nto! Inteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahanguye ubushinjacyaha bukuru bw'iki gihugu ku geza...

Read moreDetails
Next Post
Uko  mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

Uko mu Minembwe hiriwe ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?