• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

minebwenews by minebwenews
June 18, 2025
in Conflict & Security
0
Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.
119
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uruzinduko rwa Kiyana muri Afrika rwakuye umutima benewabo.

You might also like

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Kiyana Seba wamenyekanye cyane cyane ku izina rya Munigantama, akaba atuye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika uruzinduko yagiriye i Bujumbura mu gihugu cy’u Burundi, bivugwa ko “rwateye ubwoba bamwe mu Banyamulenge benewabo batuye aha i Bujumbura.”

Ni amakuru akubiye mu nyandiko twahawe kuri Minembwe Capital News, aho izo nyandiko zihishyura ko Munigantama kugera kwe i Bujumbura yakiriwe n’abo ziriya nyandiko zise Abanyakagara, ndetse kandi ngo bakorana n’ibiganiro bidasanzwe.”

Nk’uko izo nyandiko zibivuga zigira ziti: “Muningantama ari aha i Bujumbura. Yakiriwe na Nyamusaraba, na Bishop Rushikana.”

Nta gihe izi nyandiko zigaraza uyu mugabo yoba yaragereye i Bujumbura avuye muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika aho asanzwe atuye mu myaka ibarirwa mu icumi irenga.

Gusa, zigira ziti: “I Bujumbura ahamaze iminsi mike, kandi iyo ahamaze yose ari mukuyikoranamo ibiganiro n’abantu batandukanye.”

Ibiganiro bivugwa ko Munigantama ari gukoresha i Bujumbura, harimo ibyo akorana n’abasirikare baho, ndetse ibindi akabikorana n’Abanyamulenge bagikorera mu kwaha k’u butegetsi bw’i Kinshasa.

Ziriya nyandiko zikomeza zigira ziti: “Ku cyumweru bari kuri Croix-Rouge muri 7 mu Ngagara. Aha bakoranye ibiganiro n’abasirikare b’i Burundi.”

Aya makuru anagaragaza ko hari Abanyamulenge batuye i Bujumbura bagambiriwe gufungishwa kuri Leta ya Gitega.

Ati: “Har’abantu nka bane bari Sible. Bavuze ko bagomba gufungishwa.”

Ibi bikaba byakuye umutima Abanyamulenge bamaze kumenya aya makuru, nk’uko izo nyandiko zikomeza zibivuga.

Hari aho zagize ziti: “Abanyamulenge bagomba kuba maso kuko uhiga ubuzima bwabo adatuje.”

Hejuru y’ibyo, byavuzwe ko umwe muri aba bagabo bakiriye Kiyana uyu munsi yahise yambuka i Uvira, kandi ko yagiye kubonana na Wazalendo baho.

Ati: “Mu kanya twamenye ko umwe muri bariya yambutse Uvira. Yagiye atumwe(delegue) n’iritsinda ryo kwa Kiyana. Agiye kubonana na Wazalendo.”

Ikinyamakuru cya Kivu New kiri mubyatangaje aya makuru cyo kivuga ko bariya bagabo bose ko bashobora kuba bambutse i Uvira, nubwo ziriya nyandiko zo zigaragaza gusa ko hambutse umwe gusa.

Tags: AfrikaBujumburaKiyana
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails
Next Post
Uko  mu Minembwe hiriwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge.

Uko mu Minembwe hiriwe ahazwi nk'umurwa mukuru w'i Mulenge.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?