• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, December 6, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Urwanda Ngo Ruhora Rwiteguye Igihe Cose, Aha Umuvugizi W’iki gihugu c’Urwanda Yavugaga Kubushotoranyi Leta Ya Congo Ikomeje Gushotora U Rwanda.

minebwenews by minebwenews
March 6, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Kuwa Gatanu, kuminsi itatu ukwezi kwa gatatu uyumwaka wa 2023 ahagana saa 17h35 nibwo umusirikare w’ingabo za Republika iharanira democrasi ya Congo ( FARDC), yambutse umupaka ava mu gihugu cye arasa ku basirikare b’u Rwanda barinze umupaka.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Byabereye hagati ya Grande Barrière na Petite Barrière mugace kitwa Birere.

Umuvugizi wungirije wa Republika y’Urwanda Alain Mukurarinda, yavuze ko Republika iharanira democrasi ya Congo mugihe yakomeza ubushotoranyi bwogushotora uRwanda, iki gihugu c’Urwanda kitazabyihanganira.

Ati“Birashoboka kuba ari ubushotoranyi ngo tugwe muri uwo mutego, tujye mu ntambara.”

Yakomeje agira ati” Ingamba zarafashwe, ari abasirikare barahari, intwaro zirahari,nta gutungurana kuzigera kuba.”

Alain Mukurarinda yavuze ko ibikorwa bya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byerekana ko ishaka kugusha u Rwanda mu mutego w’intambara ariko u Rwanda ruri maso.

Ati“Gushotora wenda gushobora kuba ariko uwo mutego ntabwo tuzigera tuwugwamo.Ariko bamenye ko birenze hariya, bariteguwe bakwakirwa uko bikwiye.”

Umuvugizi wungirije wa Republika y’Urwanda avuga ko agendeye ku bikorwa bya Leta ya Congo, asanga ubu bushotoranyi buhemberwa n’imvugo z’urwango z’abayobozi babo hakozwe iperereza nyuma y’ubushotoranyi.

Kuwa Gatandatu kuminsi ine(4), ukwezi kwa gatatu uyumwaka wa 2023, Itsinda rihuriweho n’Ingabo zo mu Karere k’Ibiyaga bigari rishinzwe kugenzura ibibera ku mupaka (EJVM), ryari mu bikorwa byo kugenzura ahaherutse kurasirwa umusurikare wa Congo.

Nubwo nta kirava mu iperereza, iri tsinda na mbere ryari ryarikoze ku mupaka ubwo nabwo undi musirikare wa Congo yageragezaga kwinjira mu Rwanda anyuze ku mupaka uko yinjiraga ninako yakomezaga kurasa .

Mu gihe kitageze umwaka hari abasirikare batatu bo mungabo za FARDC, bamaze kwinjira ku butaka bw’u Rwanda muburyo bwubushotoranyi, bakaharasirwa. Aba bose uko ari batatu bahasize ubuzima bwabo, ni nako gusubizanya hagati y’ibihugu byombi bikomeje, gufata indi ntera.

Leta ya Félix Antoine Tshisekedi, ishinja iya Kigali gushyigikira no gutera inkunga umutwe wa M23, ibintu leta y’Urwanda yamaganira kure.

Munama y’abakuru b’ibihugu bya Afurika y’Iburasirazuba iheruka kubera muri i Addis-Abeba ho muri Ethiopia, bemeje ko inyeshamba zose zirwanira muburasirazuba bwa Republika iharanira democrasi ya Congo, ko bagomba guhagarika imirwano bitarenze ukwezi kwa kabiri kuminsi mirongwitatu uyumwaka wa 2023.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Rwanda to fall not in trap of reaction by DRcongo's provocations.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?