Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urwego rwa bagize Sena icyuye igihe muri RDC , barezwe ibyaha birimo kunyereza umutungo w’igihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 19, 2024
in Regional Politics
0
Urwego rwa bagize Sena icyuye igihe muri RDC , barezwe ibyaha birimo kunyereza umutungo w’igihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urwego rwa bagize Sena icyuye igihe muri RDC , barezwe ibyaha birimo kunyereza umutungo w’igihugu.

You might also like

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Ni byatangajwe na minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho yabigaragarije perezida w’ibiro by’i nama y’umutwe w’inteko ishinga amategeko, Pascal Kindwelo, mu nama yabereye mu ngoro y’abaturage, nk’uko byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya RDC.

Bitangaza ko iperereza ryatangiye, kandi ko rigamije kumenya ukuri kuri iki kibazo no kurwanya ibyaha by’imari mu bigo bya leta.

Constant Mutamba yagize ati: “Nk’uko mu bizi, hari ibihuha byakwirakwijwe ku bijyanye no kunyereza amafaranga kw’ibiro bya Sena bicyuye igihe . Byari ikibazo rero kuri twe cyo kwizera ibiro by’agateganyo ingingo z’iperereza ry’ubucamanza twakoze kugira ngo Abaturage ba RDC bagaragarizwe umucyo ku ifoto yazengurutse aho twabonye bari abasenateri barunze amafaranga ku meza. Nta kintu na kimwe kizamera nka mbere kandi iperereza nirirangira ni bwo tuzashyiraho ibitekerezo rusange ku ngamba zihutirwa kandi zizafatwa.”

Kuya 6/07/2024, minisitiri w’ubutabera yari yamaze gutegeka ubugenzacyaha gutangiza byihutirwa iperereza ku gukekwaho icyaha cyo kunyereza umutungo kuri bamwe mu bagize ibiro bya Sena.

Mu ibarua yashyizweho umukono ku wa 01/07/2024, Tomonde Mussai, umusenateri w’icyubahiro wabaye na perezida w’agateganyo w’ibiro bicyuye igihe, ngo yari yaravuganye n’umugenzuzi mukuru w’imari ku bijanye n’amafaranga 8.092.000.000 y’Amanyekongo, cyangwa miliyoni 3 z’amadolari y’Amerika, kuri we yanyerejwe na Sena y’agateganyo.

Ibiro by’agateganyo bya Sena binyuze kuri perezida wabyo Pascal Kindwelo, byahakanye Ay’amakuru, binyuze mu itangazo rigenewe abanyamakuru.

        MCN.
Tags: Icyuye igiheIrashinjwa kunyereza umutungo wa letaRdcSena
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba.

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Icyifuzo cy’ubutegetsi bwa Tshisekedi cyatewe ishoti.

Hamenyekanye umunyapolitiki ugiye kuzahura na Tshisekedi vuba. Umunyapolitiki uri mubasanzwe badacana uwaka n'ubutegetsi bwa perezida Felix Tshisekedi wa Congo, Martin Fayulu, byamenyekanye ko uyu mukuru w'iki gihugu yamwemereye...

Read moreDetails

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Sena ya RDC yafashe umwanzuro ukakaye kuri Kabila.

Ibyimbitse ku bikorwa Kabila akomeje gukora i Goma mu Burasizuba bwa Congo. Nyuma y'uko bimenyekanye ko Joseph Kabila Kabange wahoze ari perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Ndayishimiye yashinje Abakoloni guhisha ubutunzi Kamere bw’i gihugu cy’u Burundi ndetse agerekaho ko satani igiye kugira ishyari ku butunzi bwavumbutse iyo.

Perezida Ndayishimiye yashinje Abakoloni guhisha ubutunzi Kamere bw'i gihugu cy'u Burundi ndetse agerekaho ko satani igiye kugira ishyari ku butunzi bwavumbutse iyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?