Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urwego rwa bagize Sena icyuye igihe muri RDC , barezwe ibyaha birimo kunyereza umutungo w’igihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 19, 2024
in Regional Politics
0
Urwego rwa bagize Sena icyuye igihe muri RDC , barezwe ibyaha birimo kunyereza umutungo w’igihugu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urwego rwa bagize Sena icyuye igihe muri RDC , barezwe ibyaha birimo kunyereza umutungo w’igihugu.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Ni byatangajwe na minisitiri w’ubutabera, Constant Mutamba, wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, aho yabigaragarije perezida w’ibiro by’i nama y’umutwe w’inteko ishinga amategeko, Pascal Kindwelo, mu nama yabereye mu ngoro y’abaturage, nk’uko byatangajwe n’ibiro ntara makuru bya RDC.

Bitangaza ko iperereza ryatangiye, kandi ko rigamije kumenya ukuri kuri iki kibazo no kurwanya ibyaha by’imari mu bigo bya leta.

Constant Mutamba yagize ati: “Nk’uko mu bizi, hari ibihuha byakwirakwijwe ku bijyanye no kunyereza amafaranga kw’ibiro bya Sena bicyuye igihe . Byari ikibazo rero kuri twe cyo kwizera ibiro by’agateganyo ingingo z’iperereza ry’ubucamanza twakoze kugira ngo Abaturage ba RDC bagaragarizwe umucyo ku ifoto yazengurutse aho twabonye bari abasenateri barunze amafaranga ku meza. Nta kintu na kimwe kizamera nka mbere kandi iperereza nirirangira ni bwo tuzashyiraho ibitekerezo rusange ku ngamba zihutirwa kandi zizafatwa.”

Kuya 6/07/2024, minisitiri w’ubutabera yari yamaze gutegeka ubugenzacyaha gutangiza byihutirwa iperereza ku gukekwaho icyaha cyo kunyereza umutungo kuri bamwe mu bagize ibiro bya Sena.

Mu ibarua yashyizweho umukono ku wa 01/07/2024, Tomonde Mussai, umusenateri w’icyubahiro wabaye na perezida w’agateganyo w’ibiro bicyuye igihe, ngo yari yaravuganye n’umugenzuzi mukuru w’imari ku bijanye n’amafaranga 8.092.000.000 y’Amanyekongo, cyangwa miliyoni 3 z’amadolari y’Amerika, kuri we yanyerejwe na Sena y’agateganyo.

Ibiro by’agateganyo bya Sena binyuze kuri perezida wabyo Pascal Kindwelo, byahakanye Ay’amakuru, binyuze mu itangazo rigenewe abanyamakuru.

        MCN.
Tags: Icyuye igiheIrashinjwa kunyereza umutungo wa letaRdcSena
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Perezida Ndayishimiye yashinje Abakoloni guhisha ubutunzi Kamere bw’i gihugu cy’u Burundi ndetse agerekaho ko satani igiye kugira ishyari ku butunzi bwavumbutse iyo.

Perezida Ndayishimiye yashinje Abakoloni guhisha ubutunzi Kamere bw'i gihugu cy'u Burundi ndetse agerekaho ko satani igiye kugira ishyari ku butunzi bwavumbutse iyo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?