Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Urwego rw’ubugenzacyaha mu gihugu cy’u Rwanda(RIB), rwerekanye abantu batawe muriyombi bafatanwe ‘ibirozi’ herekanwa n’ibirozi byabo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
April 3, 2024
in Religion
1
Urwego rw’ubugenzacyaha mu gihugu cy’u Rwanda(RIB), rwerekanye abantu batawe muriyombi bafatanwe ‘ibirozi’ herekanwa n’ibirozi byabo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urwego rw’i gihugu rw’u bugenzacyaha mu gihugu cy’u Rwanda(RIB), rwataye abagabo batatu muriyombi bafatanwe ‘ibirozi’ bavuga ko bikiza muri urwo rwego bakiba abantu.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Ni kuri uyu wa Gatatu tariki ya 03/04/2024, abagabo batatu berekanwe na RIB, bavuga ko ari abavuzi gakondo aho bizeza abantu ko bavura kandi bagakiza n’indwara, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’igitangaza makuru cya Radio 10.

Ivuga ko herekanwe n’ibikoresho abo ‘barozi’ bakoreshaga harimo inzoka nzima n’akanyamasyo.

Sibyo byonyine byerekanwe byabo batekamutwe kuko herekanwe n’ibindi bikoresho birimo n’amahembe, impu z’inyamanswa n’ibikoresho byo hambere nk’uducuma n’utweso.

Urwego rw’i gihugu rw’u bugenzacyaha, RIB, rwabwiye itangaza makuru ko rukurikiranyeho aba bantu ibyaha bitandatu birimo ‘kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, aho babeshyaga abantu kubaha amafaranga babizeza kubakiza indwara banabizeza ibindi bitangaza bikorwa n’imbaraga zidasanzwe (umujima).

Mu busanzwe hakunze kuvugwa abavuzi gakondo benshi muribo babwira abantu ko bakiza “inyatsi, umwaku no kubwira ababuze abagabo cyangwa abagore ku ba baheshya.”

Urwego rw’i gihugu rw’u bugenzacyaha, RIB, rwaburiye abantu kureka kugana abo biyita abavuzi gakondo ngo kuko ubu n’ubuvuzi bw’abantu bugamije kubarya ibyabo.

Imana niyo igomba kwiringirwa mu buryo bwose.

         MCN.
Tags: RibUbugenzacyahaYafashe abakozi
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ufite ipeti rya General,  arashinjwa ubujura ku rwego ka buhariwe.

Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ufite ipeti rya General, arashinjwa ubujura ku rwego ka buhariwe.

Comments 1

  1. Ruhisa says:
    1 year ago

    Turabishimira cyane kumakuru yukuri mutugezaho. Tubifurije imirimo myiza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?