• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Urwego rw’ubugenzacyaha mu gihugu cy’u Rwanda(RIB), rwerekanye abantu batawe muriyombi bafatanwe ‘ibirozi’ herekanwa n’ibirozi byabo.

minebwenews by minebwenews
April 3, 2024
in Religion
1
Urwego rw’ubugenzacyaha mu gihugu cy’u Rwanda(RIB), rwerekanye abantu batawe muriyombi bafatanwe ‘ibirozi’ herekanwa n’ibirozi byabo.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urwego rw’i gihugu rw’u bugenzacyaha mu gihugu cy’u Rwanda(RIB), rwataye abagabo batatu muriyombi bafatanwe ‘ibirozi’ bavuga ko bikiza muri urwo rwego bakiba abantu.

You might also like

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Ni kuri uyu wa Gatatu tariki ya 03/04/2024, abagabo batatu berekanwe na RIB, bavuga ko ari abavuzi gakondo aho bizeza abantu ko bavura kandi bagakiza n’indwara, nk’uko iy’inkuru yatangajwe n’igitangaza makuru cya Radio 10.

Ivuga ko herekanwe n’ibikoresho abo ‘barozi’ bakoreshaga harimo inzoka nzima n’akanyamasyo.

Sibyo byonyine byerekanwe byabo batekamutwe kuko herekanwe n’ibindi bikoresho birimo n’amahembe, impu z’inyamanswa n’ibikoresho byo hambere nk’uducuma n’utweso.

Urwego rw’i gihugu rw’u bugenzacyaha, RIB, rwabwiye itangaza makuru ko rukurikiranyeho aba bantu ibyaha bitandatu birimo ‘kwihesha ikintu cy’undi hakoreshejwe uburiganya, aho babeshyaga abantu kubaha amafaranga babizeza kubakiza indwara banabizeza ibindi bitangaza bikorwa n’imbaraga zidasanzwe (umujima).

Mu busanzwe hakunze kuvugwa abavuzi gakondo benshi muribo babwira abantu ko bakiza “inyatsi, umwaku no kubwira ababuze abagabo cyangwa abagore ku ba baheshya.”

Urwego rw’i gihugu rw’u bugenzacyaha, RIB, rwaburiye abantu kureka kugana abo biyita abavuzi gakondo ngo kuko ubu n’ubuvuzi bw’abantu bugamije kubarya ibyabo.

Imana niyo igomba kwiringirwa mu buryo bwose.

         MCN.
Tags: RibUbugenzacyahaYafashe abakozi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

by minebwenews
August 31, 2025
0
Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri.

Umushumba Rev.Misigaro yavuze ku rukundo nyakuri. Umushumba w'itorero rya All National Assemblies Of God, rifite icyicaro muri Isingiro district mu majy'Epfo ya Uganda, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ku...

Read moreDetails

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo.

Bidasanzwe havumbuwe ubwato Yesu yagendeyemo. Abashakashatsi bavumbuye ubwato bwari bumaze imyaka irenga 2000 mu mazi epfo (mu ndiba yinyanja) ya Galileya, bavuga ko ari bwo Yesu yagendeyemo ubwo...

Read moreDetails

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

by minebwenews
August 20, 2025
0
Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025.

Rose Muhando yegukanye igihembo cya ICON AWARD muri TGMA 2025. Umwamikazi wa gospel muri Tanzania, Rose Muhando, yongeye kwandika izina rye mu mateka nyuma yo kwegukana ICON AWARD...

Read moreDetails

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

by minebwenews
August 19, 2025
0
Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya.

Ben na Chance, Abanyamulenge bazwi mu ndirimbo za gospel, bashyize hanze Album nshya. Itsinda rya gospel rigizwe na Ben na Chance, bashyize hanze Album nshya bise "Zaburi yanjye,"...

Read moreDetails

Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

by minebwenews
August 8, 2025
0
Dore inama z’ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba.

Dore inama z'ingenzi zagufasha guhagarika kurota inzozi mbi ziteye ubwoba. Kurota inzozi mbi ni ikibazo gihangayikishije benshi muri ubu buzima tubayeho bwo mu isi. Izo nzozi zishobora gutuma...

Read moreDetails
Next Post
Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ufite ipeti rya General,  arashinjwa ubujura ku rwego ka buhariwe.

Umusirikare wa Repubulika ya demokarasi ya Congo (FARDC), ufite ipeti rya General, arashinjwa ubujura ku rwego ka buhariwe.

Comments 1

  1. Ruhisa says:
    1 year ago

    Turabishimira cyane kumakuru yukuri mutugezaho. Tubifurije imirimo myiza.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?