• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urwikwekwe ruri hagati mu bategetsi bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, rwatumye iki gihugu gihagarika kugura izindi mbunda zigezweho.

minebwenews by minebwenews
May 9, 2024
in Regional Politics
1
Urwikwekwe ruri hagati mu bategetsi bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, rwatumye iki gihugu gihagarika kugura izindi mbunda zigezweho.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urwikwekwe ruri hagati mu bategetsi bo muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, rwatumye iki gihugu gihagarika kugura izindi mbunda zigezweho.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni bikubiye mu butumwa abajanama ba perezida Félix Antoine Tshisekedi bahaye minisiteri y’ingabo ya leta ya Kinshasa, bayishinja kunyereza amafaranga yo kugura intwaro, nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu bategetsi ba Congo.

Minisitiri y’Ingabo y’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo iyobowe na bwana Jean Pierre Bemba Gombo, uyimazeho hafi imyaka irenga ibiri.

Abajanama ba Félix Tshisekedi Tshilombo basabye Jean Pierre Bemba Gombo guhagarika ibikorwa byo kugura izindi mbunda zigezweho z’intambara nyuma y’uko mu ntangiriro z’iki Cyumweru yari yakiriye idolari z’Amerika zingana na miliyoni 500, ndetse yamaze no gutera umukono ko yamaze kuzakira.

Aba bajanama b’u mukuru w’igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo bakavuga ko bifuza ko mbere y’uko izo mbunda zigezweho z’intambara zigurwa habanza gukorwa iperereza ry’imbitse kuri ayo madolari y’Amerika, kohoba ntanyongera iyarimo ndetse ko n’andi yatanzwe mbere bagakeka ko habaye kugira anyerezwa.

Nk’uko iy’i nkuru yahawe ubwanditsi bwa Minembwe Capital News, ivuga ko ariya madolari y’Amerika angana na miliyoni 500 yari yasinyiwe kugura indege z’intambara zigezweho ndetse n’izindi mbunda zikomeye zizafasha igisirikare cy’iki gihugu cya RDC kurwanya M23 mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC .

Tu bibutsa ko intambara hagati ya M23 n’igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo imaze igihe kirenga imyaka 3 hari uguhangana gukomeye hagati y’impande zombi.

Hagati aho M23 ikomeje kuja imbere aho imaze kwigarurira ibice byinshi byo muri teritware ya Masisi, Rutshuru na Nyiragongo ndetse na gace gato ko muri teritware ya Kalehe, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

        MCN.
Tags: imbundaMu butegetsi bwa KinshasaRwatumye haba guhagarika kugura intwaroUrwikwekwe
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
Leta y’u Burundi yaburiwe kugira icyo ikoze mu maguru mashya, bitabaye ibyo, icyo gihugu gishobora kuja mukaga gusumba uko bibwira.

Leta y'u Burundi yaburiwe kugira icyo ikoze mu maguru mashya, bitabaye ibyo, icyo gihugu gishobora kuja mukaga gusumba uko bibwira.

Comments 1

  1. Bernard says:
    2 years ago

    Aho gukurikira abanyereza izo miliyoni z’amadolari ngo bafungwe birirwa bafunga inzirakarengane.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?