Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 18, 2025
in World News
0
Auto Draft
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

USA: Ibyari amasezerano yo kugaragaza ukuri byabaye urujijo.

You might also like

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika Donald Trump yari yarasezeranyije rubanda igihe cy’amatora ko azashyira ahagaragara amadosiye y’abantu bashinjwa ibyaha bikomeye birimo gucuruza abantu no gukoresha abana nabi, rero icyemezo giheruka gufatwa na minisitiri y’ubutabera n’urwego rwa FBI cyateje urujijo mu baturage ba Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Amakuru avuga ko ayo mashami yombi ya Leta yatangaje ko nta rutonde rw’abakiliya ruhari, n’ubwo mbere minisitiri w’ubutabera wungirije yari yavuze ko urwo rutonde ko ruri ku meza ya perezida.

Ibi byongeye kuzana impaka n’amakenga mu baturage, bibaza niba koko ukuri ku birego bikomeye byari bikubiye muri ayo masezerano bizamenyekana.

Ibyavuzwe bikomeye by’ukuri kubijyanye n’uwari ukwiye gushyikirizwa ubutabera, ndetse bamwe mu banyapolitiki n’abanyamakuru bakomeje gusaba ko hakorwa iperereza ryigenga ku byatangajwe na Leta nubwo amadosiye yagiye ahinduka mu ibanga.

Ibi byerekana icyuho gihari mu kugaragaza ukuri, kandi bikomeje kwangiza icyizere abaturage bari bafite kubijyanye n’isezerano rya perezida.

Hagataho, abantu benshi bakomeje kwibaza niba koko abantu barinzwe n’ubutegetsi cyangwa niba ari inzira yo kwikingira amakuba y’ukuri.

Tags: AmasezeranoUrujijoUSA
Share28Tweet17Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ukraine igiye kurindwa bikomeye.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Ukraine igiye kurindwa bikomeye. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zatangaje ko zigiye kurinda ikirere cya Ukraine, ivuga ko izakirindisha intwaro zikomeye. Byatangajwe na perezida Donald Trump, aho yabwiye itangazamakuru...

Read moreDetails

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

by Bruce Bahanda
July 17, 2025
0
Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria.

Israel yagabye ibitero bikomeye muri Syria. Israel yakoze ibitero by'indege mu mujyi wa Damascus, umurwa mukuru w'igihugu cya Syria, ahanini byangiza inyubako zikomeye za gisirikare harimo na minisiteri...

Read moreDetails

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w’u Burusiya yamutengushye.

Perezida Trump yasobanuye uburyo perezida w'u Burusiya yamutengushye. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, yatangaje mugenzi we w'u Burusiya, Vladimir Putin, yamutengushye ariko ko ibye na...

Read moreDetails

Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

by Bruce Bahanda
July 15, 2025
0
Intambara muri Ukraine yahinduye isura.

Intambara muri Ukraine yahinduye isura. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika Donald Trump yijeje Ukraine kuyoherereza intwaro za Patriots bizayifasha mu buryo bukaze bwo gukumira ibitero by'u Burusiya....

Read moreDetails

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

by Bruce Bahanda
July 14, 2025
0
Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana.

Buhari wayoboye Nigeria yitabye Imana. MuhammaduBuhari wabaye umukuru w'igihugu cya Nigeria inshuro zibiri yitabye umuremyi we, nk'uko amakuru akomeje gutangazwa n'ibitangazamaku bitandukanye byaba ibyo mu gihugu imbere no...

Read moreDetails
Next Post
Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

Icyo minisitiri Nduhungirehe yavuze ku biganiro biri kubera i Doha bihuza RDC na AFC/M23.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?