• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Usibye mu Minembwe na Bibogobogo, ahandi muri RDC, Amatora yaranzwe n’imvururu zirimo imirwano, i Djwi na Kisangani bakoresheje i mbunda.

minebwenews by minebwenews
December 20, 2023
in Regional Politics
0
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Usibye mu Minembwe na Bibogobogo, ahandi henshi muri RDC, Amatora ya none kw’itariki 20/12/2023, yaranzwe n’imvururu zirimo imirwano.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Muri teritware ya i Djwi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, ubwo barimo batora abashigiye Guverineri Theo Ngwbije Kasi, n’abashigikiye uwiyamamariza ubudepite k’urwego rw’i Gihugu, bwana Hakili, barwanye intambara yasize abaturage benshi bakomeretse. Gusa Polisi n’Abasirikare baje guhagarika iyo mirwano. Ubundi kandi kw’i Djwi, gufungura ibikorwa by’amatora, habaye ho gukererwa ahanini cyane kubiro by’itora biri ahitwa Mugote, kuko ho batangiye igihe c’isaha za saatanu n’igice(11h30).

Umuturage waho yabwiye Minembwe Capital News, ati: “Buguruye ibikorwa by’amatora saa tanu hano kw’i Djwi. Twabwiwe ko impamvu aruko Mashini zari zabuze. Ariko ubu bari gutora n’ubwo habaye kurwana hagati ya bashigikiye Guverineri Theo Ngwbije Kasi, n’abashigikiye Depite Hakili.”

Mu Mujyi wa Bukavu ho, haranzwe no gukoresha ruswa ku bapolisi n’abashakaga gutora bihuse, ariko m’ubundi buryo bisa nibyagenze neza nk’uko abari i Kadutu ba bibwiye MCN.

I b’Uvira, haranzwe n’urusaku rw’inshi ariko rutarimo imbunda. Gusa ibice byinshi byo muri teritware ya Uvira, habaye ubukererwe bw’ibikoresho by’ifashishwa mu matora, nka Rurambo, bagejeje igihe c’isaha za saakenda(3h30), z’igicamunsi nta mashini n’imwe iragera ku biro by’itora. Kuva k’umugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki 19/12/2023, bya vuzwe ko ibikoresho imodoka yabizanye ibikuye Uvira, igeze ku Bwegera ikora i mpanuka. Biriya bikoresho byaje kugezwa Rurambo, mu mwanya muto ushize igihe c’isaha za saakumi (4h) z’u mugoroba.

Muri teritware ya Fizi, nka Baraka, Minembwe na Bibogobogo, habaye ubukererwe ndetse no kwibura kwamazina yabamwe mubari biteguye gutora. Gusa abatoye, batoye mwituze, ahanini mu Minembwe na Bibogobogo. Ahandi batoye mwituze ni mu Mikenke, homuri teritwari ya Mwenga.

Dukubitiye mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, ku bijanye n’amatora muri iy’i Ntara haranzwe n’imvururu mu matora nka hitwa Buyovu, ubundi kandi abaturage benshi bivumbuye bataha kubera ko bageze aho batorera basanga ntabikoresho bihari nka Kanyarucinya no mu Mujyi rwagati wa Goma. Naho nko muri teritwari ya Nyiragongo, ahenshi abaturage basabye leta kubaha umutekano mbere y’uko bakora amatora.

Muzindi Ntara nka Kisangani na Ituri, haranzwe n’imvururu zirimo imirwano ikaze, aho ndetse na Bunia homuri Ituri, abakozi ba CENI, birukanwe, ibikoresho byabo biratwikwa ibindi biramenwa.

Mu Mujyi wa Kisangani ho haranzwe n’urusaku rw’inshi rw’imbunda.

Ku murwa mukuru w’igihugu ca RDC, i Kinshasa, naho haranzwe n’ubukererwe, bw’i bikoresho by’ifashishwa mu matora.

Ibi byanemejwe n’u mukandida ku mwanya w’u mukuru w’igihugu, nimero 21, Martin Fayulu, aho yagize ati: “Natoreye i Kinshasa, ariko ntacyizere cyaya matora kuko arimo ubukererwe bwinshi.”

Tu bibutsa ko Amatora yahawe iminsi itatu kubera ubukererwe bw’ibikoresho by’ifashishwa mu matora byagiye bigezwa ahabigenewe bitinze ndetse kugeza ubu hamwe biriya bikoresho ntibirahagezwa.

Bruce Bahanda.

Tags: Ahandi hose muri RDCGutora byabayemo imvururuImirwanoMinembwe na Bibogobogo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post

Umwe mu bakandida, Dr Denis Mukwege, yamaganye icyemezo cyo kongera iminsi yogutora.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?