Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Utundi duce two muri teritware ya Masisi twabayemo imirwano ikaze kuri uyu wa Gatanu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 12, 2024
in Regional Politics
0
Utundi duce two muri teritware ya Masisi twabayemo imirwano ikaze kuri uyu wa Gatanu.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Utundi duce two muri teritware ya Masisi twabayemo imirwano ikaze kuri uyu wa Gatanu.

You might also like

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Ahagana isaha z’igitondo cyakare cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12/07/2024, imirwano yongeye kubura hagati ya M23 n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, mu gihe impande zombi zari zikiri mu gahenge ka mahoro kasabwe na leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Iy’i mirwano yabereye i Bweru ho muri Localité ya Lupfunda, muri teritware ya Masisi mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, indi mirwano na none ivugwa ko yabereye ahitwa Mahoko, agace kari hafi na centre ya Nyange.

Amakuru ava muri ibyo bice avuga ko ibi bitero byagabwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa, kandi ko byarangiye iri huriro ri yabangiye ingata; ibi bice bikaba bikigenzurwa na M23.

Ihuriro ry’imitwe ya politiki rya AFC ribarizwamo na M23 ryashize itangazo ahagaragara ryamagana Ingabo zi rwana ku ruhande rwa RDC kwica amasezerano yagahenge impande zombi zirimo kasabwe n’Amerika.

Muri iryo tangazo rivuga ko “Ingabo zirimo iza FARDC, FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na SADC, zarenze ku masezerano zitugabaho ibitero muri teritware ya Masisi.”

Ku wa Gatanu w’i Cyumweru gishize, ku isaha yayo ya saa sita z’ijoro, nibwo amasezerano yagahange yatangiye kubahirizwa ku mpande zihanganye mu Burasirazuba bw’igihugu cya RDC.

Gusa mu ntangiriro z’iki Cyumweru kandi iri huriro ry’ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ryarenze kuri ayo masezerano rigaba ibitero muri Nyange ahari ibirindiro bya M23. Icyo gihe kandi abari bagabye ibyo bitero n’ubundi baje guhunga, M23 ikomeza kuba mu bice yagiye ifata mu bihe bishize.

Hagati aho, M23 ikomeje kuganza muri ibyo bice ndetse no gutanga amahoro n’umutekano mwiza mu bice byose bifitwe nawo.

              MCN.
Tags: Ibitero muri teritware ya MasisiIgihe cya gahengeIhuriro ry'Ingabo za RDCM23
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails
Next Post
Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yitiranije abayobozi, maze abahanganye nawe, bamuha inkwenene.

Joe Biden perezida wa Leta Zunze Ubumwe z'Amerika, yitiranije abayobozi, maze abahanganye nawe, bamuha inkwenene.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?