• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Uvira bakoze imyigaragambyo yokwamagana ko Minisitiri w’ibikorwa remezo Alexis Gisaro Muvunyi ko adakwiye gukandagira kubutaka bwabo.

minebwenews by minebwenews
July 25, 2023
in Uncategorized
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uvira harimyigaragambyo idasanzwe yokwamagana ko Ministries w’ibikorwa remezo muri RDC Alexis Gisaro Muvunyi, ko adakwiye gukandagira murako gace ngo ni Umunyarwanda.

You might also like

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Yanditswe na: Bruce Bahanda, kw’itariki 25/07/2023, saa 7:30Am, kumasaha ya Bukavu na Minembwe.

Soseyete Sivile muri Uvira homuri Kivu yamajy’Epfo, mugihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, yateguye imyigaragambyo idasanzwe. Ni myigaragambyo igamije gusaba leta ya Kinshasa kubakorera umahanda wa 5(RN5) ndetse nokwamagana ko Minisitiri w’ibikorwa remezo Alexis Gisaro ko adakwiye gukandagira kubutaka bwabo aho bavuga ko ari umunyarwanda.

Iyi myigaragambyo yateguwe n’abarimo Wazalendo ndetse na Soseyete nsha yabaturage ( N.S.C.C ). Mwitangazo irishirahamwe bashize hanze kuva kuruyu wambere banditse bamenyesha abantu bose baturiye Uvira ibi bikurikira:

“Turamenyesha abantu bose ko kuruyu wa Kabiri tariki 25/07, ko ntamuntu ugomba kuzagira akazi akariko kose akora. Ba Lourage turabasaba kutazaja mu mihanda ngo basabe abagenzi ibyangombwa. Ikindi nuko tudashaka imodoka, moto, ikinga ndetse nikinyabiziga icarico cyose mu Muhanda. I Barabara rya 5( RN5),turasaba ko ryubakwa.”

Irishirahamwe kandi rirasaba aba baturage ba Uvira ko kuwa Gatatu bakwiye kuzitabira indi myigaragambyo izaba ariyo kwamagana ko leta ya Kinshasa idakwiye gufungira abarobyi kuroba mukiyaga Tanganika.

Ibi bikaba byateje umwuka mubi Uvira n’imugihe hakomeje kugaragara inyandiko bari gushira kubibambazi bya mazu zanditseho ko badashaka kubona Minisitiri w’ibikorwa remezo Alexis Gisaro ngo nabambari be ngo Kuko Alexis Gisaro ari umunyarwanda nkuko baby’ivugira.

Banditse bamenyesha bati: “Twebwe abaturage ba Uvira ntidushaka ko uwitwa Nyakubahwa Alexis Gisaro Muvunyi akandagira kubutaka bwacu, kuko uwo ni Umunyarwanda. Abambari be ntitubashaka nagato, uzapima akinjira tuzamugirira nabi.”

Ukuri Umujyi wa Uvira Bwana Kiza Muhato, yamaganye iyo myigaragambyo asaba ko abayiteguye babihagarika vuba nabwangu.

Ati: “Ndabamenyesha ko ndashaka ko mukora iyo myigaragambyo, niba munayikoze mubikore mumuco kandi mukurikije ibisabwa na mategeko abagenga.”

Amakuru yizewe tumaze kwakira Kuri Minembwe Capital News, nuko muraka kanya ntakinyabiziga kiriguca mu muhanda kuko Wazalendo bamaze gufunga amayira yose.

Tags: Alexis Gisaro MuvunyiImyigaragambyoKivu yamajy'EpfoKwamaganaMinisitiriUvira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

by Bahanda Bruce
November 28, 2025
0
Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga

Gen. Horta N’Tam yafashe ubutegetsi by’agateganyo, Perezida Embaló arahunga Guinée-Bissau yinjiye mu bibazo bikomeye bya politiki nyuma y’ihirikwa ry’ubutegetsi ryabaye ku wa 27/11/2025, ni mu gihe hari imvururu...

Read moreDetails

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by minebwenews
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by minebwenews
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by minebwenews
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by minebwenews
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails
Next Post

Uganda maintains its position despite Museveni and Kabila's criticism of their actions over the ADF.

Comments 1

  1. gralion torile says:
    2 years ago

    Simply want to say your article is as astonishing. The clearness in your post is just great and i could assume you’re an expert on this subject. Well with your permission let me to grab your RSS feed to keep updated with forthcoming post. Thanks a million and please keep up the enjoyable work.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?