• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 3, 2025
in Conflict & Security
0
Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe
101
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uvira byakomeje kudogera abatari bake bakomerekejwe abandi bafunzwe

You might also like

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

Uyu n’umunsi ugira gatatu i Uvira ibyaho bikomeza kuba bibi, nyuma y’aho General Olivier Gasita ahatumwe na Leta y’i ki gihugu, ariko Wazalendo bakavuga ko batamushaka, ibyatumye harushaho kuba umwuka mubi n’abantu bakaba bakomeje gufungwa abandi bagakomeretswa harimo n’abishwe.

Ejo bundi ku wa mbere tariki ya 01/09/2025, ni bwo Gen. Gasita yasesekaye i Uvira aturutse i Bujumbura mu Burundi, akaba yarahageze mu ibanga rikomeye kubera ko Wazalendo batamushakaga.

Bamushinja ubugambanyi kandi bakamuziza ko ari Umunyamulenge.

Leta ye yahamutumye kuyobora ingabo zayo zihari, ariko ibi Wazalendo bavuga ko bitazakunda.

Uretse kuba bamushinja ubugambanyi banavuga ko ari mubatumye umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo n’iki gice cya Uvira giherereyemo ubohozwa na AFC/M23/MRDP mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka.

Nk’uko byasobanuwe n’uko aha’rejo abarimo Abanyamulenge barafunzwe mu gihe abandi n’abo harimo abakomeretse n’abapfuye.

Ubuhamya bugira buti: “Hano mu mujyi wa Uvira hiriwe umutekano muke cyane, kandi n’abantu ntibari kuva mu mazu. Sina kubwira hiriwe akavuyo kenshi, habaye ku manywa bavuga ko hari umwana w’umukobwa Wazalendo bajanye, abandi bazakuvuga ko hari n’umugabo witwa Kagigi w’Umunyabyinshi na we bafunze.”

Bukomeza bugira buti: “Hari n’umusirikare wa FARDC warashwe na Wazalendo arapfa, bamurasiye ahitwa Kiromoni. Ariko n’ahitwa i Gakungwe FARDC na yo yahatsinze Umzalendo ikomeretsa undi bikabije.”

Ubu buhamya bukomeza buvuga ko umuhana wa Uvira urimo ibintu bibi cyane, ati: “Rwose bimeze nabi, hari n’uduce tumwe abasirikare ba Leta bahereremo uburyo bwo kubageraho bwabuze, ibiri gutuma baribwa n’inzara.”

Ikindi ni uko sosiyete sivili yo muri iki gice yatanze amatangazo, imenyesha Wazalendo n’urubyiruko rwaho kwitegurira uyu munsi ku wa gatatu tariki ya 03/09/2025, kuzindukira mu myigaragambyo yo kwa magana General Olivier Gasita.

Muri ayo matangazo bavuga ko batamushaka iwabo muri Uvira, ngo kuko ari Umunyarwanda, kabone n’ubwo atari we.

Ariko kugeza ubu amakuru dufite nuko undi na we yakaniye, yavuze ko atawuvamo, ibishobora gutuma havuka imirwano ikomeye hagati ya FARDC na Wazalendo.

Kimwecyo amakuru amwe avuga ko yawuvuyemo, ndetse ko yamaze kugera i Kindu aho yaje aturuka, ariko ay’ukuri nuko akiwurimo.

Hagataho, turakomeza gukurikirana aya makuru umwanya uwo ari wo wose.

Tags: Bikomeje kuba bibiUviraWazalendo
Share40Tweet25Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize

Abanyamulenge: Amavu n’Amavuko, Inkomoko n’Imiryango Ibagize Abanyamulenge ni itsinda ry’abantu bavuga ururimi rw’Ikinyamulenge, nubwo benshi barufata nk’Ikinyarwanda, batuye cyane cyane mu misozi miremire y'i Mulenge, iri mu ntara...

Read moreDetails

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC

Ingabo za Amerika mu Biganiro Bikomeye by’Ubufatanye n’Iza FARDC Ubuyobozi bw’Ingabo za Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishinzwe ubufatanye na Afurika (AFRICOM) buri gusuzuma uburyo bwimbitse bwo kongera...

Read moreDetails

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili

Ibisasu bya Drone ya FARDC Byatewe mu Baturage hafi ya Minembwe, Impungenge Ziyongera ku Mutekano w’Abasivili Amakuru yizewe aturuka mu misozi miremire y’i Mulenge, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20

Amashusho Yatumye Kapiteni wa FARDC Akatirwa Igifungo cy’Imyaka 20 Kapiteni Buba Ambwa Jean Denis, umusirikare ufite ipeti rya Kapiteni mu Ngabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC),...

Read moreDetails

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi

“Nyuma ya Uvira, tuzafata Bukavu, Goma na Bunagana” – Guverineri Pelusi Guverineri w’Intara ya Kivu y’Amajyepfo, Jean-Jacques Pelusi, yagarutse mu mujyi wa Uvira kuri uyu wa Gatanu, tariki...

Read moreDetails
Next Post
Umunya-kenya yiciwe muri RDC azira gusa n’Abatutsi

Umunya-kenya yiciwe muri RDC azira gusa n'Abatutsi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?