• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, January 13, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uvira: Komanda Lunyuki Waruzwi Cyane Yapfuye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 25, 2025
in Conflict & Security
0
BREAKING NEWS: Abantu barenga batatu nibo bahitanwe n’imirwano yabaye mu ijoro muri Uvira
83
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uvira: Komanda Lunyuki Waruzwi Cyane Yapfuye

You might also like

AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

AFC/M23 Yahanganye n’Ingabo za Leta, Abaturage Babarirwa mu Magana Bahungira i Mweso

AFC/M23 Yahishuye Ko Kabila Ari Imbere mu RDC, Inatangaza Kugaruka Kwe mu Ruhame

Umwe mu bakomeye mu bayobozi b’umutwe wa Wazalendo, Komanda Lunyuki, yapfiriye mu mirwano ikaze iheruka kubera mu mujyi wa Uvira, uri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Iyo mirwano yahuje ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abarwanyi ba Wazalendo mu ijoro ryo ku cyumweru rishyira kuwa mbere, tariki ya 24/11/2025.

Umurambo wa Komanda Lunyuki wabonetse ku gicamunsi cyo kuwa mbere, nk’uko byemejwe n’abo mu nzego z’umutekano, ndetse wahise ujyanwa mu bitaro bya gisirikare byo muri Uvira.

Ubuyobozi bwa leta bwatangaje ko abantu bane bahasize ubuzima ku mpande zombi, abandi 14 bagakomereka. Gusa, amakuru Minembwe Capital News yahawe n’abaturage bahatuye yerekana ko umubare w’abapfuye ushobora kuba uri hejuru cyane kurusha ibyatangajwe.

Umuturage umwe utifuje ko amazina ye atangazwa yagize ati:
“Kugeza ubu ntituramenya umubare nyawo w’abapfuye, ariko ni benshi ku mpande zombi-FARDC na Wazalendo.”

Uyu muturage yemeje ko mu bapfuye harimo na Komanda Lunyuki, umwe mu barwanyi bubashywe cyane muri Wazalendo, uzwi nk’intwari y’igihe kirekire” muri uwo mutwe.

Minembwe Capital News yanahamirijwe ko Komanda Lunyuki yari uwo mu muryango umwe na General Rukemata, wari umwe mu bayobozi bakomeye ba Wazalendo. General Rukemata yaguye mu mirwano yabereye Kageregere mu mezi atatu ashize, ubwo Wazalendo bari mu bikorwa byo kugaba ibitero ku mutwe wa Twirwaneho, urwanirira Abanyamulenge mu misozi ya Rurambo, muri teritware ya Uvira.

Imirwano hagati ya FARDC na Wazalendo mu bice bitandukanye bya Kivu y’Amajyepfo igenda irushaho gutera impungenge k’ubuzima bw’abaturage, cyane cyane mu mijyi nka Uvira, aho ibikorwa by’umutekano bikomeje gukaza umurego.

Tags: KomandaLunyukiUviraWazalendo
Share33Tweet21Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose Ku wa Mbere, tariki ya 12/01/2026, mu mujyi wa Goma, ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye n’Ingabo za Leta, Abaturage Babarirwa mu Magana Bahungira i Mweso

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye n’Ingabo za Leta, Abaturage Babarirwa mu Magana Bahungira i Mweso

AFC/M23 Yahanganye n’Ingabo za Leta, Abaturage Babarirwa mu Magana Bahungira i Mweso Mu gitondo cyo ku wa Mbere, tariki ya 12/01/2026, habaye imirwano ikaze hagati y’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahishuye Ko Kabila Ari Imbere mu RDC, Inatangaza Kugaruka Kwe mu Ruhame

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
AFC/M23 Yahishuye Ko Kabila Ari Imbere mu RDC, Inatangaza Kugaruka Kwe mu Ruhame

AFC/M23 Yahishuye Ko Kabila Ari Imbere mu RDC, Inatangaza Kugaruka Kwe mu Ruhame Umuyobozi w’ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille...

Read moreDetails

Abagore Barenga Umunani Bapfiriye mu Bikorwa by’Ubuvuzi Butemewe muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
Abagore Barenga Umunani Bapfiriye mu Bikorwa by’Ubuvuzi Butemewe muri Kivu y’Amajyepfo

Abagore Barenga Umunani Bapfiriye mu Bikorwa by’Ubuvuzi Butemewe muri Kivu y’Amajyepfo Mu kwezi kwa cumi nabiri 2025, abagore icyenda bapfiriye mu bigo bitandukanye by’ubuvuzi biherereye muri teritware ya...

Read moreDetails

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

by Bahanda Bruce
January 12, 2026
0
AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili

AFC/M23 Irashinja FARDC Kugaba Ibitero bya Drone mu Minembwe, Ibyo Bikaba Byakajije Impungenge ku Mutekano w’Abasivili Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), kuri uyu...

Read moreDetails
Next Post
OCHA yamaganye Ingabo z’u Burundi n’iza FARDC zafungiye abaturage ba Minembwe amayira yabafashaga kubona ibiryo n’imiti

OCHA yamaganye Ingabo z’u Burundi n’iza FARDC zafungiye abaturage ba Minembwe amayira yabafashaga kubona ibiryo n’imiti

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?