• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, November 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uvira: Komanda Lunyuki Waruzwi Cyane Yapfuye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
November 25, 2025
in Conflict & Security
0
BREAKING NEWS: Abantu barenga batatu nibo bahitanwe n’imirwano yabaye mu ijoro muri Uvira
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uvira: Komanda Lunyuki Waruzwi Cyane Yapfuye

You might also like

AFC/M23/MRDP yafashe intwaro nyinshi za FARDC muri Mwenga

AFC/M23/MRDP Irasatira Mwenga-Centre Mu gihe Intambara ikomeje Kwiyongera Muri Kivu zombi

AFC/M23/MRDP yigaruriye uduce dushya muri Shabunda, imirwano irarushaho gukomera muri Kivu y’Amajyepfo

Umwe mu bakomeye mu bayobozi b’umutwe wa Wazalendo, Komanda Lunyuki, yapfiriye mu mirwano ikaze iheruka kubera mu mujyi wa Uvira, uri mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. Iyo mirwano yahuje ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’abarwanyi ba Wazalendo mu ijoro ryo ku cyumweru rishyira kuwa mbere, tariki ya 24/11/2025.

Umurambo wa Komanda Lunyuki wabonetse ku gicamunsi cyo kuwa mbere, nk’uko byemejwe n’abo mu nzego z’umutekano, ndetse wahise ujyanwa mu bitaro bya gisirikare byo muri Uvira.

Ubuyobozi bwa leta bwatangaje ko abantu bane bahasize ubuzima ku mpande zombi, abandi 14 bagakomereka. Gusa, amakuru Minembwe Capital News yahawe n’abaturage bahatuye yerekana ko umubare w’abapfuye ushobora kuba uri hejuru cyane kurusha ibyatangajwe.

Umuturage umwe utifuje ko amazina ye atangazwa yagize ati:
“Kugeza ubu ntituramenya umubare nyawo w’abapfuye, ariko ni benshi ku mpande zombi-FARDC na Wazalendo.”

Uyu muturage yemeje ko mu bapfuye harimo na Komanda Lunyuki, umwe mu barwanyi bubashywe cyane muri Wazalendo, uzwi nk’intwari y’igihe kirekire” muri uwo mutwe.

Minembwe Capital News yanahamirijwe ko Komanda Lunyuki yari uwo mu muryango umwe na General Rukemata, wari umwe mu bayobozi bakomeye ba Wazalendo. General Rukemata yaguye mu mirwano yabereye Kageregere mu mezi atatu ashize, ubwo Wazalendo bari mu bikorwa byo kugaba ibitero ku mutwe wa Twirwaneho, urwanirira Abanyamulenge mu misozi ya Rurambo, muri teritware ya Uvira.

Imirwano hagati ya FARDC na Wazalendo mu bice bitandukanye bya Kivu y’Amajyepfo igenda irushaho gutera impungenge k’ubuzima bw’abaturage, cyane cyane mu mijyi nka Uvira, aho ibikorwa by’umutekano bikomeje gukaza umurego.

Tags: KomandaLunyukiUviraWazalendo
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23/MRDP yafashe intwaro nyinshi za FARDC muri Mwenga

by Bahanda Bruce
November 25, 2025
0
AFC/M23/MRDP yafashe intwaro nyinshi za FARDC muri Mwenga

AFC/M23/MRDP yafashe intwaro nyinshi za FARDC muri Mwenga Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twirwaneho) ryatangaje ko ryafashe intwaro n’ibikoresho byinshi bya gisirikare by’Ingabo za Leta ya Repubulika ya...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP Irasatira Mwenga-Centre Mu gihe Intambara ikomeje Kwiyongera Muri Kivu zombi

by Bahanda Bruce
November 25, 2025
0
AFC/M23/MRDP Irasatira Mwenga-Centre Mu gihe Intambara ikomeje Kwiyongera Muri Kivu zombi

AFC/M23/MRDP Irasatira Mwenga-Centre Mu gihe Intambara ikomeje Kwiyongera Muri Kivu zombi Imirwano ikomeje gukara hagati y’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho, n’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23/MRDP yigaruriye uduce dushya muri Shabunda, imirwano irarushaho gukomera muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
November 25, 2025
0
AFC/M23/MRDP yigaruriye uduce dushya muri Shabunda, imirwano irarushaho gukomera muri Kivu y’Amajyepfo

AFC/M23/MRDP yigaruriye uduce dushya muri Shabunda, imirwano irarushaho gukomera muri Kivu y’Amajyepfo Imirwano ikaze hagati y’ingabo za Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) n’ihuriro rya Alliance...

Read moreDetails

Goma: Meya Washyizweho na AFC/M23 Yahagaritswe by’Agateganyo

by Bahanda Bruce
November 25, 2025
0
Goma: Meya Washyizweho na AFC/M23 Yahagaritswe by’Agateganyo

Goma: Meya Washyizweho na AFC/M23 Yahagaritswe by’Agateganyo Ubuyobozi bw’Umujyi wa Goma bwatangaje ko Meya washyizweho n’ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) yahagaritswe mu mirimo mu gihe cy’iminsi 15,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: FARDC na Wazalendo Barashinjwa Gusahura Abaturage mu Karere ka Mwenga

by Bahanda Bruce
November 25, 2025
0
DRC: Abitwaje intwaro bishe abaturage mu ivuriro rya Byambwe

BREAKING NEWS: FARDC na Wazalendo Barashinjwa Gusahura Abaturage mu Karere ka Mwenga Mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, muri Teritwari ya Mwenga, haravugwa ibikorwa byiswe iby’ubusahuzi bikomeje guteza impungenge...

Read moreDetails
Next Post
OCHA yamaganye Ingabo z’u Burundi n’iza FARDC zafungiye abaturage ba Minembwe amayira yabafashaga kubona ibiryo n’imiti

OCHA yamaganye Ingabo z’u Burundi n’iza FARDC zafungiye abaturage ba Minembwe amayira yabafashaga kubona ibiryo n’imiti

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?