• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, kera kabaye, abaturage bafunze imihanda nyuma y’urupfu rwa Mutula.

minebwenews by minebwenews
March 22, 2024
in Regional Politics
0
Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, kera kabaye, abaturage bafunze imihanda nyuma y’urupfu rwa Mutula.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Mu Mujyi wa Uvira, abaturage bagaragaje uburakari maze biroha mu mihanda.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni ukubera urupfu rw’umusore ukiri muto wishwe mu ijoro, arashwe n’abantu baje bitwaje imbunda, bikekwa kwari Wazalendo, nk’uko bivugwa na Sosiyete sivile yo muri Uvira.

Sosiyete sivile ivuga ko uwishwe yitwaga “Mutula,” akaba avuka mu bwoko bw’Abapfulero.

Kuva mu masaha y’igitondo cyo kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 22/03/2024, urubyiruko rw’Abapfulero, rwafunze ikiraro cya Kanvinvira, abatari muri iyo myigaragambyo, nta numwe wemerewe kuhanyura, nkeretse uwaje kubafasha kwa magana ubwicanyi bukomeje gukorerwa abasivile muri Uvira.

Sosiyete sivile ivuga ko uwishwe ko yaraye yishwe mu ijoro ryakeye rishira kuri uyu wa Gatanu, ko kandi yishwe igihe c’isaha zakare.

Ivuga kandi ko abari mu myigaragabyo ko bari kwa magana inzego z’u mutekano zidakora inshingano zabo mu kurinda umutekano wa banyagihu.

Umuryango wa MCLA, ufatanije n’aba baturage bari mu myigaragabyo, uvuga ko “wamaganye wivuye inyuma ibishikira abaturage kandi bafite inzego zishinzwe kurinda umutekano, kandi ugasaba inzego z’u buyobozi bwa leta gukora ibishoboka hagakorwa iperereza ry’imbitse abari inyuma y’urupfu rwa Mutula bakamenyekana maze bakaryozwa ubwo bugizi bwanabi.”

Mu butumwa Sosiyete sivile ya Uvira yatanze ikoresheje inyandiko, buvuga ko nyuma y’uko Mutula arashwe n’abantu baje bitwaje imbunda, “umuryango we wa mujanye ku bitaro kugira ngo yitabweho ariko biza kurangira avuyemo umwuka.”

        MCN.
Tags: AbaturageBafunze ikiraro cya kanvinvitaMutualUvira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida w’u mutwe wa M23, akaba n’umuhuza bikorwa w’u ngirije, mw’ihuriro rya AFC, yatanze ibisobanuro ku ijambo rivuga “amahoro.”

Perezida w'u mutwe wa M23, akaba n'umuhuza bikorwa w'u ngirije, mw'ihuriro rya AFC, yatanze ibisobanuro ku ijambo rivuga "amahoro."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?