• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 21, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uvira ngo yaba igiye gufatwa cyangwa ni amayeri Leta y’i Kinshasa irimo gukoresha, ibirambuye

minebwenews by minebwenews
July 13, 2025
in Conflict & Security
0
98
SHARES
2.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uvira ngo yaba igiye gufatwa cyangwa ni amayeri Leta y’i Kinshasa irimo gukoresha, ibirambuye.

You might also like

FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

Ubutegetsi bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo bwashinje ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23 gutegura kwigarurira umujyi wa Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, mu gihe intumwa z’iri huriro rya AFC/M23 n’iza leta y’i Kinshasa ziri mu biganiro birimo kubera i Doha muri Qatar.

Leta ya RDC yatangaje ibi ibinyujije kuri minisitiri wayo w’ingabo, Guy Kabombo Muadivita, yavuze ko ibikorwa bya gisirikare by’i huriro rya AFC/M23 bikomeje mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo n’iy’Amajyaruguru.

Akaba yarabitangarije mu nama y’abaminisitiri yabaye ku itariki ya 11/07/2025, aho yabagaragarije ko leta ye ishinja AFC/M23 gutegura ibitero byo kwigarurira ibice biri mu maboko y’ingabo z’iki gihugu birimo n’umujyi wa Uvira.

Yagize ati: “M23 ikomeje ibikorwa bya gisirikare muri Kivu y’Amajyepfo, kandi irakora n’ibitero mu bice binyuranye byo muri iyi ntara. Ndetse iri no gutegura gufata umujyi wa Uvira.”

Nyamara nubwo RDC ivuga ibi, ariko ni mu rwego rwo kuyobya amarari, kuko bizwi ko ari yo yohereje abasirikare ibihumbi 60 muri Uvira no mu misozi ya Rurambo ndetse na Fizi. Bivugwa ko ibi yabikoze iteganya kwisubiza ibice uyu mutwe wa AFC/M23 wayambuye.

Ibi biheruka kugarukwaho na AFC/M23 aho yashinje iyi Leta ya Congo kohereza abasirikare bayo benshi mu bice bitandukanye, igamije gusa kugaba ibitero ahagenzurwa nayo (AFC/M23 ), birimo umujyi wa Goma n’uwa Bukavu.

Impande zombi zishinjanya ibikorwa by’ubushotoranyi mu gihe intumwa zaburi ruhande ziri i Doha mu biganiro bigamije kugarura amahoro mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Ni ibiganiro bivugwa ko mu gihe byoramuka bigenze neza, impande zombi zahita zisinya kurangiza intambara ibera mu Burasirazuba bw’iki gihugu cya RDC.

Ibi biganiro bisa nibyateye indi ntambwe nyuma y’aho RDC n’u Rwanda byashyize umukono ku masezerano y’amahoro imbere ya minisitiri w’ubanye n’amahanga wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Marco Rubio i Washington DC mu kwezi gushize mu mpera zako.

Biteganyijwe ko ayo masezerano azashirwa mu bikorwa nyuma y’umusaruro uzava muri ibi biri kubera i Doha muri Qatar.

Ku rundi ruhande, ibyifuzo bya buri ruhande, bigaragaza ko n’ibiganiro zirimo bitazatanga umusaruro, kuko ahanini AFC/M23 isaba kuyobora intara ya Kivu y’Amajyepfo na Kivu y’Amajyaruguru mu gihe cy’imyaka umunani.

RDC na yo igasaba ko izo ntara zisubira mu maboko ya Leta, kuko hafi ibice byose by’izi ntara bigenzurwa na AFC/M23 kuva mu mpera z’ukwezi kwa mbere uyu mwaka.

Tags: AFC/m23Gufata UviraRdc
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze

FARDC iri guhungishiriza mu Burundi ibikoresho byayo bikaze Ibikoresho bya gisirikare by'igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC, muri Uvira, iki gisirikare cyatangiye kubihungishiriza i Bujumbura mu...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Ingabo z’u Burundi zahawe igisubizo nyuma y’aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke

Ingabo z'u Burundi zahawe igisubizo nyuma y'aho zitanze amasaha kuri Twirwaneho yo kuba yavuye muri Mikenke Nyuma y'aho Ingabo z'u Burundi zihaye umutwe wa MRDP-Twirwaneho ukorera muri Kivu...

Read moreDetails

Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Indege z’intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage

Indege z'intambara za FARDC zagabye ibitero ku baturage Igisirikare cya Repubulika ya demokarasi ya Congo cyateye ibisasu by'indege za Sukhoi-25 mu bice bituwe cyane byo muri teritware ya...

Read moreDetails

Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Urusaku rw’imbunda z’irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n’impamvu yarwo

Urusaku rw'imbunda z'irimo ninini ruri kumvikana i Uvira, hakaba hamenyekanye n'impamvu yarwo Amakuru aturuka mu mujyi wa Uvira mu ntara ya Kivu y'Amajyepfo, ugenzurwa n'ihuriro ry'ingabo za Repubulika...

Read moreDetails

Conflict Monitoring Report: Burundian Military Expansion and the Security Situation in the Mulenge Highlands

by minebwenews
October 19, 2025
0
Burundian Soldiers in Tshisekedi’s Plan to Wipe Out the Banyamulenge

Background Recent developments in the highlands of Mulenge, South Kivu Province (eastern Democratic Republic of the Congo), reveal a growing presence of Burundian soldiers operating in collaboration with elements of the Congolese national army...

Read moreDetails
Next Post
Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?